Amazing things about a city inhabited by one person
Monowi is a city located in the state of Nebraska in the United States of America (USA), inhabited by a single person; 87-year-old Elsie Eiler. The 54-hectare (540,000-square-foot) city was counted in the cities of Nebraska in the 2010…
Ntibisanzwe: Hagaragaye umugi utuwe n’umuntu umwe rukumbi – AMAFOTO
Monowi ni umujyi uherereye muri Leta ya Nebraska muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), ukaba utuwe n’umuntu umwe rukumbi; umukecuru w’imyaka 87 y’amavuko witwa Elsie Eiler. Uyu mujyi ufite ubuso bwa hegitari 54 (metero kare 540,000) wabaruwe mu…
Abapadiri bo mu Bufaransa bakoreye abana ibihumbi 216 ihogoterwa rishingiye ku gitsina kuva mu 1950-Raporo
Abana bagera ku 216,000 bakorewe ihohoterwa n’abapadiri ba Kiliziya Gatolika mu Bufaransa kuva mu 1950, nk’uko byavuzwe n’ukuriye komisiyo yakoze iperereza ku byaha nk’ibi muri Kiliziya. Jean-Marc Sauvé yabivugiye mu gusohora raporo ndende ku ihohotera rishingiye ku gitsina muri…
Ibihugu 6 bifite ubushobozi bwo kurasa aho ariho hose ku isi byibereye iwabo n’ibisasu bitunze
Ibihugu birindwi byonyine nibyo kugeza ubu bifite ubushobozi bwo kurasa ahantu aho ari ho hose ku Isi byifashishije ibisasu bya missiles byakoze byambukiranya imigabane (intercontinental ballistic missiles), birimo ibifite ubushobozi bwo kugera mu birometero 16,000. . Ibihugu bishobora kurasa…
Zimbabwe yavuze ko yiteguye koherereza u Rwanda abarimu rwayisabye
Guverinoma ya Zimbabwe yatangaje ko yishimiye kuba Perezida w’u Rwanda yarayisabye abarimu, ivuga ko yiteguye kubohereza kandi yatangiye imyiteguro ku bufatanye bw’ibihugu byombi. Mu ijambo yavugiye mu Nama y’ishoramari n’ubucuruzi hagati y’ibihugu byombi iherutse kubera I Kigali mu cyumweru gishize,…
Yahengereye umukobwa we agiye ku bitaro kubyara ajya kwiramanira n’umukwe we – UBUHAMYA
Umukobwa yahishuye uko nyina w’imyaka 40 yamucunze agiye kubyara kwa muganga akamuca inyuma, akajya iwe akaryamana n’umukwe we (umugabo we) w’imyaka 25. . Umugore yahishuye uko nyina yamuciye inyuma akaryamana n’umugabo . Ubwo yari ku bise umugabo we yahisemo…
Itangishatse Jean Paul araka Sunrise akayabo ka 6,000,000RWF nyuma yo kwirukanirwa kuri Whatsapp
Umuzamu wari umaze igihe mu ikipe ya Sunrise FC, Itangishatse Jean Paul, ari kwishyuza iyi kipe Miliyoni 6 n’ibihumbi 200 y’u Rwanda kubera kutubahiriza amasezerano bari bafitanye. . Sunrise yirukanye umuzamu wayo Itangishatse Jean Paul ibinyujije kuri Whatsap . Itangishatse…
Mark Zuckerberg at $ 7 Billion Loss: What’s Behind WhatsApp, Instagram and Facebook temporally shut down?
Yesterday, Monday, October 4, 2021, at 6:00 pm local time, social media, WhatsApp, Facebook and Instagram went offline and many were first asked about the type of brand they were using. or their phones are dead, only yet these companies…
Wari uzi ko Kwihagarika mu bwogero, Kurya inzara no kutoga buri munsi ari byiza mu buzima bwawe? IMPAMVU
Hari imico ikiremwamuntu kiba gihuriyeho ariko kitajya gipfa kuvuga mu ruhame, kubera kugira isoni n’ibindi. Hari imico watangiye utabizi ariko uko ubwije n’uko bukeye igenda ikura ukayishidikanyaho kandi ari myiza kuri wowe. Uyu munsi turakubwira imwe muri yo. ….
Mark Zuckerberg mu gihombo cya Miliyari $7: Ni iki kihishe inyuma y’ihagarara rya WhatsApp, Instagram na Facebook?
Ejo kuwa Mbere tariki 4 Ukwakira 2021 mu masaha ashyira isaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba ku isaha yo mu Rwanda, imbuga nkoranyambaga, WhatsApp, Facebook na Instagram zavuye ku murongo ndetse benshi babanza kugira ngo ni ikibazo cy’ubwoko bwa murandasi…