Month: October 2021

Amazing things about a city inhabited by one person

Share this:

Monowi is a city located in the state of Nebraska in the United States of America (USA), inhabited by a single person; 87-year-old Elsie Eiler.   The 54-hectare (540,000-square-foot) city was counted in the cities of Nebraska in the 2010…

Share this:
Posted on

Ntibisanzwe: Hagaragaye umugi utuwe n’umuntu umwe rukumbi – AMAFOTO

Share this:

Monowi ni umujyi uherereye muri Leta ya Nebraska muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), ukaba utuwe n’umuntu umwe rukumbi; umukecuru w’imyaka 87 y’amavuko witwa Elsie Eiler.   Uyu mujyi ufite ubuso bwa hegitari 54 (metero kare 540,000) wabaruwe mu…

Share this:
Posted on

Abapadiri bo mu Bufaransa bakoreye abana ibihumbi 216 ihogoterwa rishingiye ku gitsina kuva mu 1950-Raporo

Share this:

Abana bagera ku 216,000 bakorewe ihohoterwa n’abapadiri ba Kiliziya Gatolika mu Bufaransa kuva mu 1950, nk’uko byavuzwe n’ukuriye komisiyo yakoze iperereza ku byaha nk’ibi muri Kiliziya.   Jean-Marc Sauvé yabivugiye mu gusohora raporo ndende ku ihohotera rishingiye ku gitsina muri…

Share this:
Posted on

Ibihugu 6 bifite ubushobozi bwo kurasa aho ariho hose ku isi byibereye iwabo n’ibisasu bitunze

Share this:

Ibihugu birindwi byonyine nibyo kugeza ubu bifite ubushobozi bwo kurasa ahantu aho ari ho hose ku Isi byifashishije ibisasu bya missiles byakoze byambukiranya imigabane (intercontinental ballistic missiles), birimo ibifite ubushobozi bwo kugera mu birometero 16,000.   . Ibihugu bishobora kurasa…

Share this:
Posted on

Zimbabwe yavuze ko yiteguye koherereza u Rwanda abarimu rwayisabye

Share this:

Guverinoma ya Zimbabwe yatangaje ko yishimiye kuba Perezida w’u Rwanda yarayisabye abarimu, ivuga ko yiteguye kubohereza kandi yatangiye imyiteguro ku bufatanye bw’ibihugu byombi. Mu ijambo yavugiye mu Nama y’ishoramari n’ubucuruzi hagati y’ibihugu byombi iherutse kubera I Kigali mu cyumweru gishize,…

Share this:
Posted on

Yahengereye umukobwa we agiye ku bitaro kubyara ajya kwiramanira n’umukwe we – UBUHAMYA

Share this:

Umukobwa yahishuye uko nyina w’imyaka 40 yamucunze agiye kubyara kwa muganga akamuca inyuma, akajya iwe akaryamana n’umukwe we (umugabo we) w’imyaka 25.   . Umugore yahishuye uko nyina yamuciye inyuma akaryamana n’umugabo . Ubwo yari ku bise umugabo we yahisemo…

Share this:
Posted on

Itangishatse Jean Paul araka Sunrise akayabo ka 6,000,000RWF nyuma yo kwirukanirwa kuri Whatsapp

Share this:

Umuzamu wari umaze igihe mu ikipe ya Sunrise FC, Itangishatse Jean Paul, ari kwishyuza iyi kipe Miliyoni 6 n’ibihumbi 200 y’u Rwanda kubera kutubahiriza amasezerano bari bafitanye. . Sunrise yirukanye umuzamu wayo  Itangishatse Jean Paul ibinyujije kuri Whatsap .  Itangishatse…

Share this:
Posted on

Mark Zuckerberg at $ 7 Billion Loss: What’s Behind WhatsApp, Instagram and Facebook temporally shut down?

Share this:

Yesterday, Monday, October 4, 2021, at 6:00 pm local time, social media, WhatsApp, Facebook and Instagram went offline and many were first asked about the type of brand they were using. or their phones are dead, only yet these companies…

Share this:
Posted on

Wari uzi ko Kwihagarika mu bwogero, Kurya inzara no kutoga buri munsi ari byiza mu buzima bwawe? IMPAMVU

Share this:

Hari imico ikiremwamuntu kiba gihuriyeho ariko kitajya gipfa kuvuga mu ruhame, kubera kugira isoni n’ibindi. Hari imico watangiye utabizi ariko uko ubwije n’uko bukeye igenda ikura ukayishidikanyaho kandi ari myiza kuri wowe. Uyu munsi turakubwira imwe muri yo.   ….

Share this:
Posted on

Mark Zuckerberg mu gihombo cya Miliyari $7: Ni iki kihishe inyuma y’ihagarara rya WhatsApp, Instagram na Facebook?

Share this:

Ejo kuwa Mbere tariki 4 Ukwakira 2021 mu masaha ashyira isaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba ku isaha yo mu Rwanda, imbuga nkoranyambaga, WhatsApp, Facebook na Instagram zavuye ku murongo ndetse benshi babanza kugira ngo ni ikibazo cy’ubwoko bwa murandasi…

Share this:
Posted on