Abanyeshuri 60,000 batsinzwe ibizamini bya Leta basibijwe. Menya abanyeshuri bahize abandi
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ku mugaragaro amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza umwaka wa Gatandatu w’amashuri abanza n’umwaka wa Gatatu w’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye. Ni mu muhango wabaye kuri uyu wa Mbere tariki 4 Ukwakira 2021. Minisitiri w’Uburezi,…
Ibintu 5 wakorera umukobwa mukundana agahora yifuza kwihorera iruhande rwawe
Kugira ngo umukobwa ahore yishimye igihe cyose muri kumwe burya biterwa n’uko umusore bakundana amufata n’uko amuganiriza ndetse n’amagambo amubwira iyo bari kumwe. . Ibintu byagufasha gukundwa byimazeyo n’umukobwa wihebeye . Dore uko wabigenza ugatuma umukobwa mukundana ahora agutekereza…
Mozambique: Ingabo za SADC zishobora kuva muri iki gihugu kuwa 15 Ukwakira 2021
Umuryango w’ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo, SADC, uvuga ko ubutumwa bw’amahoro bw’ingabo zayo ziri mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique buzwi nka SAMIM buzarangira tariki ya 15 Ukwakira 2021. Izi ngabo zatangiye kugera muri Mozambique tariki ya 21 Nyakanga 2021,…
Ibiribwa 5 ugomba kugendera kure mu gihe urengeje imyaka 30 niba wifuza kuramba
Kugirango umuntu abeho neza agomba kugira imirire runaka yitaho ariko cyane cyane iyo umuntu arengeje imyaka 30 aba akeneye kwita ku mirire ye cyane cyane kureka ibiribwa byose bishobora gutuma abyibuha. Benshi ntibita kuri ibi gusa ingaruka bagira nyuma ntizishimishije…
Ibintu 6 bitangaje byakubaho uramutse ufashe uruvange rw’amata n’ubuki buri munsi
Kunywa amata arimo ubuki ni ingenzi ku buzima bw’umuntu , ndetse bifite akamaro gakomeye. Ubuki bukoreshwa ahanini kubera ubushobozi bufite bwo gusukura no gusohora uburozi mu mubiri (Antioxidants), kurwanya bagiteri n’imiyege, ndetse no kurinda ububyimbirwe bw’umubiri. Amata yo akungahaye cyane…
Umugabo wanjye musangira na mama ndetse na murumuna wanjye ngira ngo yishime-Umugore
Umugore witwa madi Brooks wo muri USA yanyarukiye kuri Tiktok, avuga ko asangira umugabo we na nyina ndetse na murumuna we bagirana ibihe byiza, hagamijwe kumushimisha. Avuga ko kugira ngo umugabo we yishime, amwemerera kuryamana n’uwo abonye muri abo…
Facebook, WhatsApp, Instagram na Messenger byakwamye
Zimwe mu mbuga nkoranyamba zikoreshwa na benshi ku Isi zirimo urwa Facebook, WhatsApp, Instagram na Facebook Messenger, zagize ikibazo kuri uyu wa Mbere biba ngombwa ko zihagarara. Urubuga DownDetector rwatangaje ko izi mbuga nkoranyamba zahagaze ku Isi yose ku isaha…
Ibimenyetso 7 byakwereka ko wugarijwe cg uwo mubana yugarijwe n’indwara zo mu mutwe ushobora gusanga udaha agaciro
Indwara zo mu mutwe, n’ubwo zirengagizwa na benshi, zikaba zidakunze kuvugwaho cyane, ndetse n’uzirwaye wese akitwa ‘umusazi’, nyamara ni indwara nk’izindi kandi zishobora kwibasira uwariwe wese. . Ikizakubwira ko wugarijwe n’uburwayi bwo mu mutwe . Ibimenyetso warebera ukamenya ko ufite…
Amafoto y’ubwambure bw’umunyamakuru wa NTV yagiye hanze
Ubwambure bw’Umunyamakuru wa televiziyo NTV, Anne Nakawombe uzwi nka Annie Nixon, yagiye hanze bikozwe na Edgar Luvusi, bahoze bakundana bakaba, banafitanye umwana w’umuhungu. Luvusi yashyize hanze amafoto ya Annie bigaragara ko yari aryamye bikekwa ko yaba yari yasinze cyangwa…
Umuhanga wakoze igishushanyo y’umutwe wa Muhammad mu mubiri w’imbwa yaguye mu mpanuka
Umuhanga mu gushushanya wo muri Sweden washushanyije umutwe w’Intumwa y’Imana Muhammad uri ku mubiri w’imbwa yapfiriye mu mpanuka yo mu muhanda, nk’uko ibinyamakuru byaho bibivuga. . Lars Vilks yapfiriye mu mpanuka y’imodoka . Lars Vilks wakoze igishushanyo cya Muhammad…