Umugabo yafashe umugore we n’uwo yitaga incuti bari kumuca inyuma. Reba ikintu gitangaje yabakoreye
Umucuruzi wo muri Tanzaniya yatunguye abantu benshi kubera uburyo yitwaye nyuma yo gufata umugore we ari gusambana n’inshuti ye. . Umugabo yakosheje umugore we nyuma yo kumufata amuca inyuma . Umugabo yatse inkwano umugabo yafashe aryamanye n’umugore we . Yatse…
Kwizera Olivier yahishuye akayabo Rayon Sports igomba kumuha kugirango ayigarukemo
Umunyezamu Kwizera Olivier yabwiye umutoza Irambona Masudi Djuma ko kugira ngo agaruke muri Rayon Sports ari uko iyi kipe izabanza ikamuha miliyoni 10 z’Amanyarwanda . Kwizera Olivier arifuza miliyoni 10 z’amanyarwanda kugirango agaruke muri Rayon Sports . Masudi Djuma yavuganye…
Umukobwa yahambirijwe n’inteko y’abaturage nyuma yo gukwamira ku musore
Mu nteko y’abaturage yabereye mu Murenge wa Cyuve, mu Kagali ka Cyanya, ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze bifatanije n’inzego z’umutekano ndetse n’abaturage bakuye umukobwa w’imyaka 19 mu rugo rw’iwabo w’umuhungu na we w’imyaka 19 akaba yari ahamaze igihe avuga ko yarongowe….
Bizimana Djihad yakuwe mu bakinnyi bazifashishwa ku mikino 2 izahuza u Rwanda na Uganda – IMPAMVU
Umukinnyi wo Hagati w’Ikipe y’Igihugu, Amavubi na KMSK Deinze yo mu Cyiciro cya Kabiri mu Bubiligi, yanduye Covid-19 bituma ajya mu kato kazatuma adakinira u Rwanda mu mikino 2 ruzesurana na Uganda. . Bizimana Djihad ntazitabira imikino 2 u…
Sobanukirwa Ingaruka mbi 8 ziterwa n’ibinini byo kuboneza urubyaro
Ibinini byo kuboneza urubyaro bikoreshwa n’umubare munini w’abagore bifuza kwirinda indahekana no kubyara abo bashoboye kurera. Bifasha kurinda gusama bitateguwe ku kigero cyo hejuru, mu gihe bifashwe neza uko bikwiye. Gusa byagiye bigaragara ku bagore bamwe na bamwe bashobora…
Dore uko gahunda y’ingendo zo gusubira ku ishuri ku banyeshuiri biga bacumbikiwe iteye
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyasohoye itangazo rigaragaza gahunda y’ingendo z’abanyeshuri biga bacumbikirwa igihe bazaba basubira ku mashuri. . Uko abanyeshuri bazasubira ku ishuri . Gahunda y’uko abanyeshuri bazasubira ku ishuri . Uko gahunda yo gusubira ku ishuri…
Guinea Conakry: He is the second youngest African leader. Everything to know about colonel Mamady Doumbouya
Col Mamady Doumbouya, a young soldier in his teens who was gifted to be under the command of his comrades, was sworn in as Guinea’s interim president on Friday less than a month ago to overthrow President Alpha Condé. …
How to use watermelon to improve Erectile dysfunction?
Men have long experimented with remedies to treat erectile dysfunction and have had mixed results. Though research is still in its preliminary stages, some studies suggest that watermelon may be a viable substitute for Viagra. . Why men are…
PSG irimo Neymar, Mbappe na Lionel Messi yatsinzwe uruhenu na Renes abantu barumirwa
Ikipe ya PSG yatunguye isi yose kuko mu mukino wa shampiyona y’icyiciro cya mbere muri mu Bufaransa yakubitiwe mu rugo na Rennes ibitego 2-0 ariko igitangaza cyabaye ko Lionel Messi, Kylian Mbappe na Neymar Jr bose bakinnye uyu mukino bawuvamo…
Umukinnyi wa Arsenal yaraye akutse iryinyo ubwo bakinaga na Brighton asubira kurishaka umukino urangiye
Myugariro wa Arsenal, Gabriel, yatakaje irindi ryinyo mu mukino ikipe ye yanganyijemo na Brighton 0-0. Hari hashize amezi atanu gusa akuwe irindi ryinyo mu mukino. . Gabriel yagiye gushaka iryinyo rye ryakutse umukino urangiye . Gabriel yakutse iryinyo rya…