Guinea: Amateka ya Col Mamady Doumbouya uherutse guhirika Alpha Condé wamwihamagariye akanamugabira umwanya ukomeye
Col Mamady Doumbouya, umusirikare ukiri mu muto mu myaka ufite impano yo kuyobokwa na bagenzi be, ku wa gatanu yarahiriye kuba Perezida w’inzibacyuho wa Guinea hadashize n’ukwezi ayoboye abahiritse ubutegetsi bwa Perezida Alpha Condé. . Ibyo wamenya kuri Col Mamady…
Abagabo: Uko wakwikorera umuti ugufasha kutarangiza vuba umugore wawe agahorana agatwenge kandi agahora akwirahira. Nta ngaruka na nke ku mubiri
Abagabo benshi bifuza kwitwara neza mu gihe cy’akabariro usanga birukira gukoresha ibinini n’imiti itanduka imyinshi muri yo itanafite ubuziranenge ariko ugasanga batitaye ku ngaruka yabateza. Iyi nkuru irakugezaho uko wakwikorera viagara y’umwimerere wifashishije watermelon. . Uko wakoresha watermelon mu mwanya…
Ibintu bitangaje byakubaho uramutse uriye igihaza kenshi mu buzima bwawe
Igihaza abandi bakunda kwita umwungu, idegede, ndetse n’ andi mazina menshi bitewe n’ ahantu. Ni kimwe mu biribwa by’ imbuto ziribwa zitetswe kikaba gikungahaye cyane ku intungamubiri, vitamine ndetse n’imyunyungugu. Kigira kilokalori 26 muri garama 100, ibinyabisukari bingana na 5%,…
Nyabihu: Pasiteri muri Zion Temple yataye umugore n’abana be 4 ajya gusezerana n’undi mugore yayoboraga
Umupasiteri wo mu itorero rya Zion Temple witwa Ntacyobazantwara Jean Baptiste, yatanye umugore abana bane, asanga undi ukora umurimo wo kuririmba muri iri torero ndetse akaba na dilija wa Korali yanabanagamo n’uyu mugore wasigiwe abana. Nkuko amakuru dukesha Ikinyamakuru…
Covid-19: RBC yatangaje ibyavuye mu bipimo byafashwe bitunguranye mu bari mu tubari mu mugi wa Kigali
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 02 Ukwakira 2021,Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangiye gupima Covid-19 mu buryo butunguranye ahahurira abantu benshi nko mu tubari, insengero n’ahandi mu rwego rwo kureba uko iki cyorezo gihagaze. . RBC yapimye bitunguranye abari mu…
Ibitaro bya MBC byakoreraga mu Biryogo byafunzwe nyuma y’ibya Baho International biheruka gufungwa
Minisiteri y’Ubuzima yafunze MBC Hospital iherereye mu karere ka Nyarugenge mu Biryogo nyuma yaho ikoze ubugenzuzi igasanga hari amakosa akomeye yatuma iri vuriro rifungwa. . Minisante yafunze ibitaro bya Baho International . Minisante yafunze MBC Hospital yakoreraga mu Biryogo…
Here are 6 things to do when you text a girl you love and she doesn’t text back to you.
Has this ever happened to you? If you are here I believe I have no doubt it happened to you at least once in my life. It is common for every man to be dating a girl but once texting…
Surprising things to know about women ovum or eggs
The ovary is the largest cell in the human body. It is seen without a microscope. One has the size of about 15,000 sperms. Do you ever wonder why a girl goes through menstruation? Do you wonder why a…
Dore impamvu 7 zishobora kugutera guhorana uburibwe bw’umugongo ukwiye kwitondera cyane
Uburibwe cg se ububabare ni ikimenyetso umubiri wawe uba uguha ko hari ibitagenda neza mu mubiri. Niba ufite ikibazo cy’uburibwe bw’umugongo bishobora kuba bituruka ku kibazo gito; nko kwicara nabi cg se ari ikibazo gikomeye gisaba kugana kwa muganga. …
Ibintu bitangaje ushobora kuba utari uzi ku ntanga ngore n’itandukaniro rikomeye hagati yayo n’iyi ingabo
Intanga ngore niko karemangingo fatizo kanini (cell) mu mubiri w’umuntu. Buriya iraboneka utifashishije mikorosikopi. Imwe ingana n’intanga ngabo 15,000 uziteranyije. . Ibyo intanga ngore itandukaniyeho n’intanga ngabo . Ibyo ukwiye kumenya ku ntanga ngore akanyangingo gashobora kuboneshwa amaso ….