Month: October 2021

Cristiano Ronaldo n’umukunzi we bagiye kubyara impanga

Share this:

Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Cristiano Ronaldo, yatangaje ko we n’umukunzi we Georgina Rodriguez bategereje impanga.   Nk’uko ikinyamakuru cyo muri Esipanye cyitwa Hola! kibitangaza, Georgina Rodriguez atwite inda y’amezi 3 y’impanga.Cristiano Ronaldo usanzwe afite abana 4 barimo umwe yabyaranye n’uyu Georgina….

Share this:

Umusore yafatanwe inzoga za magendu yari yahishe mu modoka mu buryo butangaje – AMAFOTO

Share this:

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 28 Ukwakira ahagana saa tanu Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu yeretse itangazamakuru uwitwa Kayigire Prince Tresor w’imyaka 21.   Yafatanwe amoko 8 y’inzoga zo mu bwoko bwa likeri (Liquor), yafashwe…

Share this:

Wari uzi ko ibihaza byongerera umubiri ubudahangarwa, birinda diyabete bikanafasha mu koboneza urubyaro? Reba imimaro 6 ikomeye y’igihaza ku mubiri w’umuntu

Share this:

Ibihaza ni ibiribwa byuzuye intungamubiri dukenera mu buzima, kandi biboneka henshi, kuko hari n’aho byiyeza mu gisambu. Bikaba bimwe mu bihingwa bishobora gutuma umwijima, impyiko, amagufa, amaso n’uruhu bikora neza. . Akamaro k’ibihaza ku mubiri w’umuntu . Indwara zirindwa no…

Share this:

Umusore yanteye inda aranyihakana nza kubona umugabo anemera kunderera umwana none wa musore amereye nabi ngo arashaka umwana we. Mbigenze nte?

Share this:

Muraho basomyi beza ba iwacumarket. Mbandikiye ngirango mbagishe inama kuko nabonye hari n’abandi mufasha kandi nanjye nkaba mfite ikibazo kinkomereye. Ndi umumama w’abana 2 nkaba mfite umugabo unkunda cyane akanankundira abana n’ubwo umwe atari uwe. Rero ntatinze ikibazo cyanjye giteye…

Share this:

Umugore wa Pasiteri Bugingo yamaganye abagabo bakubita inshyi ku mabuno y’abagore babo igihe batera akabariro – IMPAMVU

Share this:

Umugore uri mu rukundo na Pasiteri Aloysius Bugingo wo muri Uganda, Susan Makula Nantaba, avuga ko abagore benshi banga abagabo babakubita inshyi ku mabuno igihe bari mu gikorwa cy’akabariro.   Nantaba, umunyamakuru akaba n’umwe mu bakunze kuvuga ku bibazo by’abashakanye…

Share this:

Uganda: Umunyarwandakazi wacaga inyuma umugabo we yamatanye n’umugabo basambanaga muri Lodge hitabazwa umupfumu

Share this:

Umukuru wa Polisi ya Uganda mu Karere ka Mukono, DPC SP Annabella Nyiramahoro avuga ko kuwa Mbere w’iki cyumweru, bageze ahabereye isanganya ry’aho umugore wirwa Rebecca Arinaitwe wacaga inyuma umugabo we, yafataniye n’undi mugabo, Ababa John Bosco muri Lodge.  …

Share this:

Dore ibintu 3 ugomba gukorera umugore wawe buri joro niba wifuza ko azarinda yipfira ataguciye inyuma

Share this:

Kubwira umugore wawe ko umukunda si byo ukwiye gukora gusa kugirango urugo rukomere. Ugomba kuba witeguye kumwereka urukundo ukora ibikorwa bimwe na bimwe bituma agenda arushaho kugukunda.   Iwacumarket uyu munsi igiye kukugezaho ibintu 3 byoroshye wakaorera umugore wawe buri joro…

Share this:

FC Barcelone yamaze kwirukanda umutoza wayo Ronald Koeman

Share this:

Ikipe ya FC Barcelona yirukanye Umuholandi Ronald Koeman, nyuma y’amezi 14 yari amaze ari umutoza wayo mukuru. Koeman wari umaze igihe yicariye intebe ishyushye, yirukanwe nyuma y’uko Barça yari imaze gutsindwa na Rayo Vallecano igitego 1-0 mu mukino wa shampiyona…

Share this:

Rulindo: Padiri yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana

Share this:

Umupadiri wo muri Paruwasi ya Burehe mu Karere ka Rulindo, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha akurikiranweho icyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa ufite imyaka 17 y’amavuko.   . Padiri yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 17 . RIB yataye…

Share this:

Abavandimwe 2 bishe murumuna wabo w’imyaka 14 bamutwikishije peterori

Share this:

Polisi ya Kenya yataye muri yombi abavandimwe babiri nyuma y’aho batwitse murumuna wabo w’imyaka 14, bamukeka ko ashobora kuba yabareze ko bibye telefone. Nation dukesha aya makuru ivuga ko aba bavandimwe bakimara kumenya ko ubujura bwabo bwamenyekanye, bajyanye murumuna wabo…

Share this: