Dore ibimenyetso byakugaragariza ko ushimisha umugore wawe cyane igihe muteye akabariro. Niba utabibona urarye uri menge
Abagore baryoherwa n’akabariro mu buryo butandukanye, ariko nugenzura neza uzasanga uburyo bagaragazamo ibyishimo byabo budatandukanye cyane kuko ibikubiye muri iyi nkuru tugiye kubagezaho byo ni rusange. Iyo umugore yishimiye uburyo ateye akabariro, umugabo nawe arabimenya kuko umugore abimwereka muri ubu…
Amashusho ya ShaddyBoo ari kuryoshya n’umuherwe Larry Gaaga yateje ururondogoro – Video
Umunyarwandakazi Mbabazi Shadia wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddyboo umaze iminsi mu gihugu cya Nigeria, yasangije abamukurikira amashusho ari kumwe n’umuhanzi ukomeye wo Larry Gaaga bari kugirana ibihe byiza bivugisha benshi. . Shaddyboo yashyize hanze amashusho ari kugirana ibihe…
Abanyarwandakazi b’ibizungurezi barimo gukurikirwa cyane kubera uburanga n’ikimero byabo – AMAFOTO
Imbuga nkoranyambaga zigezweho cyane mu Rwanda, abazikoresha bazijyaho ku mpamvu nyinshi zitandukanye, hari abajyaho bagamije kwamamaza ibikorwa byabo, abajyaho bagamije kumenya amakuru y’ibyamamare cyangwa abayobozi batandukanye, hari n’abajyaho bakuruwe n’ikimero n’uburanga bw’abakobwa cyangwa abahungu bakunda kwiyerekana kuri izo mbuga nkoranyambaga….
Umusaza yahaye igihano kidasanzwe abasore 5 bamusambanyirije umugore cyatumye bajya kumushaka ngo ababarire ariko baramubura
Mu gace ka Pissela muri Burkina Faso habereye ibitangaza ubwo abasore 5 baryamanye n’umugore w’umusaza, buri wese yabyutse asanga igitsina cye cyagiye. . Umusaza yahannye abasore mu buryo budasanzwe . Babuze ibitsina byabo nyuma yo gusambanya umugore Abasore…
Manchester yasubiye inyuma cyane ku rutonde rw’amakipe akomeye i Burayi
Ikipe ya Manchester United yamanutse ku mwanya wa cyenda ku rutonde rw’uko amakipe akurikiranye ku rutonde rwa UEFA yashyize hanze. Impamvu nini yo kugwa kwayo ni uko intsinzi yabo ya Europa League 2017 itabarwa mu manota UEFA itanga. …
Reba ibintu bibabaje umupasiteri yakoreye abayoboke be ngo arabakiza ibyaha
Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho agaragaza ubugome uyu mupasteri yakoreye abayoboke be aho abahondaguza umukandara ku bibuno bubitse inda avuga ko arimo kubakiza ibyaha. . Pasiteri uvuga ko yasizwe amavuta akaba ashobora gukiza ibyaha yagaragaye ahata ibiboko abayoboke be…
Burya ngo amabuno manini si ubwiza! Havumbuwe ikintu gitangaje kihishe inyuma yo kugira amabuno manini – UBUSHAKASHATSI
Nk’uko bisanzwe imiterere myiza y’amabuno y’abagore n’abakobwa ari mu bice byabo bikurura abagabo cyane nk’uko abahanga babivuga, gusa na none ntibigarukira aho gusa kuko aya mabuno hari n’ikindi avuze. . Umugore ufite ikibuno kinini aba afite ubuzima bwiza ….
Dore uburyo bworoshye kandi butishyurwa wakoresha ukabyara umuhungu cyangwa umukobwa bitewe n’uko ubyifuza
Guhitamo igitsina cy’umwana uzabyara kuri ubu birashoboka cyane rwose. Hari uburyo bwitabazwa mu mavuriro akora ibijyanye n’uburumbuke. Nubwo ubu buryo bwizewe neza 100% ariko burahenze si ubwa buri wese. . Ibintu byagufasha kubyara umuhungu cyangwa umukobwa uko ubyifuza ….
Dore ibintu 4 umugabo akorera umugore akunda gusa
Niba umugabo wawe agukorera ibi bintu bine bikurikira ntugashidikanye aragukunda by’ ukuri. Uramuvuguruza akemera Umugabo ukunda umugore we bizira uburyarya ahorana ubushake bwo guhindura imyumvire ku kintu iyo umugore we abimusabye. Niyo yaba ari umugabo utavugirwamo cyangwa ufunga…
Ingabire Immaculée wa Transparency International Rwanda ntiyemera imbabazi za Perezida Kagame
Umuyobozi w’umuryango Transparency International-Rwanda urwanya ruswa n’akarengane, Ingabire Marie Immaculée avuga ko Perezida wa Repubulika agira imbabazi atemera. Ingabire yabitangarije mu kiganiro Ishusho y’Icyumweru cyo kuri RBA cyatambutse kuri uyu wa 24 Ukwakira 2021, cyari cyerekeye ibyaha bya ruswa…