Month: October 2021

The Ben yashishushe bimwe mu bintu bigoye yahuye na byo akigera muri Amerika

Share this:

Umuhanzi The Ben yatangaje byinshi ku buzima bwe yaba ubw’umuziki. ubushabitsi n’ibindi mu kiganiro na Gael Karomba umunyarwanda w’umushoramari uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ufite Youtube Channel yitwa AbaVip TV.   . Amwe mu mateka ya The Ben…

Share this:

Umutoza Manchester United irimo kurambagiza ngo asimbure Ole yayisabye ikintu gikomeye

Share this:

Amakuru aravuga ko Antonio Conte yiteguye kuba umutoza mushya wa Manchester United ariko asaba ko kugira ngo ayerekezemo yifuza kugira ububasha bwose ku bijyanye no kugura abakinnyi.   Ikipe ya Manchester United yatangiye gushaka umusimbura wa Ole Gunnar Solskjaer uhagaze…

Share this:

Dore uko wakoresha igishishwa cy’umuneke kugirango uhorane itoto cyangwa wivure indwara z’uruhu zitandukanye

Share this:

Umuneke n’igishishwa cyawo mu byiza bitangaje ku bw’uruhu rw’umuntu, Igishishwa cy’umuneke kigira intungamubiri nyinshi hamwe n’ibifasha uruhu kurwanya iminkanyari, imirongo hamwe no kwangirika k’uruhu.   . Ibishishwa by’umunek bivura ibiheri byo ku ruhu . Ibishishwa by’imineke bifasha uruhu guhorana itoto…

Share this:

Umugore yakuwemo umukasi mu nda nyuma y’imyaka 7 awugendana

Share this:

Umugore ukomoka muri Sierra Leone yakuwe umukasi mu nda yari amaranye imyaka 7 nyuma y’aho umuganga wamubaze yibagiwe kuwukuramo awumusiga mu nda.   . Umuganga yaramubaze yibagirirwa umukasi mu nda ye . Yamaze imyaka 7 agendana umukasi mu nda wamuteraga…

Share this:

Kicukiro: Amadayimoni yatwitse inzu 5 zirashya zirakongoka igitanda na matora byari muri imwe muri zo ntibyagira icyo biba

Share this:

Ibi byabaye kuri uyu wa gatandatu taliki 23 Ukwakira mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Kicukiro, aho umwe mu bakodesha inzu (Umupangayi) witwa Mbavu Dada ukomoka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, bivugwa ko yarafite amagini kuko ngo yarasanzwe…

Share this:

Ibimenyetso 10 byakugaragariza ko umukobwa agukunda byabuze urugero akaba ategereje ijambo ryawe ngo aruguhundagazeho

Share this:

Ese ni iki kikwerekano umukobwa akwiyumvamo cg agukunda akaba yarabuze uko abikubwira, ategereje ko ugira ijambo utobora UKAMUBWIRA. . Ibimenyetso byakwereka ko umukobwa agukunda cyane ariko adashobora kubikibwira . Ategereje gusa ko hari icyo umubwira ubundi akaguhudangazaho urukundo   Tumenyereyeko…

Share this:

Mukagatare Clementine wari warishinganishije mu buyobozi yishwe atwikishijwe lisansi

Share this:

Mukagatare Clementine wari utuye mu Mudugudu wa Nyabyondo w’Akagari ka Rutonde k’Umurenge wa Shyorongi w’Akarere ka Rulindo, yishwe n’umuntu utaramenyekana wamusutseho lisansi, arangije aramutwika.   . Mukagatare Clementine watotezwaga byarangiye yishwe . RIB yataye muri yombi abakekwaho kwica Mukagatare Clementine  …

Share this:

Umuvugabutumwa amerewe nabi azira gukoza intoki mu gits***na cy’umukobwa ngo arirukana Satani

Share this:

Urukiko rw’i Accra muri Ghana rwasabye umuvugabutumwa witwa Peter Mensah kwisubiraho nyuma y’aho rwakiriye ikirego ko yakoze mu gitsina cy’umukobwa yabwiraga ko ari kumusengera, ngo yirukanemo Satani.   . Umuvugabutumwa yashyize intoki mu gits****na y’inkumi . Umuvugabutumwa akurikiranweho guhohotera umukobwa…

Share this:

Sudan: Igisirikare cyahiritse ubutegetsi bw’inzibacyuho

Share this:

Lt Gen Abdel Fattah Burhan, usanzwe akuriye inama ihuriweho n’abasivile ni we watangaje ko yahiritse ubutegetsi bwa gisivili agira ngo arengere igihugu.   . Lt Gen Abdel Fattah Burhan yahiritse ubutegetsi . Muri Sudan hongeye kuba ihirikwa ry’ubutegetsi . Abasirikare…

Share this:

Dore ibihugu 10 washakiramo niba wifuza umukobwa mwiza kurusha abandi muri Afurika – AMAFOTO

Share this:

Afurika ni umugabane wakabiri utuwe cyane mu migabane irindwi igize isi, ukaba umugabane wiganjemo abirabura cyane.   . Ibihugu 10 bya Afurika bifite abakobwa b’uburanga kurusha ibindi . Abakobwa beza b’uburanga . Ibihugu 10 bya mbere muri Afurika bifite abakobwa…

Share this: