Month: October 2021

Utuntu duto cyane 11 wakorera umukobwa ukunda ugatuma ahurwa abandi basore akakwiyegurira wenyine

Share this:

Biroroshye kuba umusore yatuma umukobwa badakundana amukunda kuruta uko yatuma uwo bari mu rukundo cyangwa uwo babana abona impamvu yihariye yo kumukunda. Iyo wamaze kumwigarurira umukoro uba usigaye kandi ukomeye ni ugutuma ahora agukunze.   . Ibintu ugomba kwitaho kugirango…

Share this:

Ibintu 7 byangiza cyane umutima ukwiye kwirinda harimo n’ibifatwa nk’ibisanzwe

Share this:

Mu busanzwe hari ibintu bikomeye tuzi neza ko bishobora kwangiza umutima wacu. Usanga abantu benshi bagerageza no kubyirinda kubera gutinya indwara z’umutima.   Ariko burya hari n’utundi tuntu duto dukora tutazi ko dushobora kwangiza umutima wacu. Muri iyi nkuru twaguteguriye…

Share this:

Dore aho amavangingo y’abagore aturuka n’aho atandukanira n’inkari zisanzwe ndetse n’akamaro bigirira umugore uyazana kenshi

Share this:

Mu bihugu binyuranye cyane cyane muri Afurika hakunze kumvikana umuco witwa kunyaza (Rwanda), kachabali (Uganda), n’ahandi. Ibi ni mugihe cy’akabariro aho bigera umugabo ntiyinjize igi**ina mu cy’umugore ahubwo akakizunguza mu mwinjiriro nuko umugore akarekura uruzi rushyushye rwitwa amazi, amavangingo cyangwa…

Share this:

Manchester United ya Cristiano Ronaldo yanyagiwe na Liverpool mu buryo butigeze bubaho mbere mu mateka yayo

Share this:

Ikipe ya Manchester United yanyagiwe na Liverpool ibitego 5-0, mu mukino wa shampiyona y’Abongereza waberaga ku kibuga cyayo cya Old Trafford.   . Manchester United yatsindiwe na Liverpool iwayo . Manchester United yatsinzwe ibitego 5-0 na Liverpool . Umutoza wa…

Share this:

Yari yarabuze aho yahera mushiki we ngo amusambanye ahitamo kumwica akabikorana n’umurambo

Share this:

Amahano ajya yumvikana mu bihugu bitandukanye, hari igihe ibintu birenga imitekerereze ya muntu ku biba byarabaye aho umusore wo muri Uganda yari amaze igihe yifuza gusambanya mushiki we yarabuze aho amuhera ahitamo kubanza kumwica agasambanya umurambo.   Uyu musore bivugwa…

Share this:

Perezida Paul Kagame yifashishije umwuzukuru we, yagaragaje ibyishimo bikomeye ku isabukuru ye – AMAFOTO

Share this:

President Paul Kagame yavutse tariki ya 23 Ukwakira 1957, avukira mu cyahoze ari gitarama ubu ni mu Karere ka Ruhango intara y’amajyepfo, avuka kuri Bisinda Asteria Rutagambwa na Rutagambwa Deogratias.   Ubwo yagiraga isabukuru y’imyaka 64 y’amavuko, Nyakubahwa Paul Kagame…

Share this:

Cristiano Ronaldo yahishuriye abakinnyi bagenzi be ibanga rizabasha gutsina Atalanta

Share this:

Kuwa 3 w’iki cyumweru nibwo United yatunguranye itsinda Atalanta ibitego 3-2 nyamara mu gice cya mbere iyi kipe yari yatsinzwe ibitego 2-0 kuri Old Trafford,bitera benshi uburakari.   Ibitego bya Mario Pasalic na Merih Demiral byafashije Atalanta kuyobora umukino wo…

Share this:

Uganda: Kampala haturikiwe igisasu gihitana 2 abandi barakomereka

Share this:

Mu ijoro ryo wa gatandatu, abapolisi ba Uganda bavuze ko umuntu umwe yapfuye abandi barindwi bakomerekera mu “guturika gukomeye” kwabereye muri resitora iri mu majyaruguru y’umurwa mukuru Kampala.   Cyaturitse ku wa gatandatu mu masaha ya saa tatu z’ijoro (21h)…

Share this:

Umusore w’imyaka 34 yabaye miliyarideri nyuma y’iminsi gusa akoze ubukwe n’umukecuru w’imyaka 73

Share this:

Umugabo wo muri Kenya yahindutse Biliyoneri nyuma y’aho yemeye gushyingiranwa n’umukecuru w’imyaka 73 hanyuma apfa nyuma y’iminsi 3 bakoze ubukwe ibye byose amategeko arabimwegurira.   Uyu mukecuru w’imyaka 73 yapfuye bari mu kwezi kwa buki asiga amakompanyi ya miliyoni nyinshi…

Share this:

Gasabo: Umugore arashinjwa kuryamira umwana agapfa ubwo yari mu buraya n’umugabo

Share this:

Umugore uvugwaho gukora umwuga w’uburaya biravugwa ko mu ijoro ryacyeye yararanye n’umugabo batera akabariro bakaryamira umwana w’uruhinja rw’ukwezi kumwe bikaruviramo gupfa.   Gusa uwo mugore, aremera ko yabonanye n’uwo mugabo ariko agahakana ko urupfu rw’umwana we rwatewe no kumuryamira nkuko…

Share this: