Utuntu duto cyane 11 wakorera umukobwa ukunda ugatuma ahurwa abandi basore akakwiyegurira wenyine
Biroroshye kuba umusore yatuma umukobwa badakundana amukunda kuruta uko yatuma uwo bari mu rukundo cyangwa uwo babana abona impamvu yihariye yo kumukunda. Iyo wamaze kumwigarurira umukoro uba usigaye kandi ukomeye ni ugutuma ahora agukunze. . Ibintu ugomba kwitaho kugirango…
Ibintu 7 byangiza cyane umutima ukwiye kwirinda harimo n’ibifatwa nk’ibisanzwe
Mu busanzwe hari ibintu bikomeye tuzi neza ko bishobora kwangiza umutima wacu. Usanga abantu benshi bagerageza no kubyirinda kubera gutinya indwara z’umutima. Ariko burya hari n’utundi tuntu duto dukora tutazi ko dushobora kwangiza umutima wacu. Muri iyi nkuru twaguteguriye…
Dore aho amavangingo y’abagore aturuka n’aho atandukanira n’inkari zisanzwe ndetse n’akamaro bigirira umugore uyazana kenshi
Mu bihugu binyuranye cyane cyane muri Afurika hakunze kumvikana umuco witwa kunyaza (Rwanda), kachabali (Uganda), n’ahandi. Ibi ni mugihe cy’akabariro aho bigera umugabo ntiyinjize igi**ina mu cy’umugore ahubwo akakizunguza mu mwinjiriro nuko umugore akarekura uruzi rushyushye rwitwa amazi, amavangingo cyangwa…
Manchester United ya Cristiano Ronaldo yanyagiwe na Liverpool mu buryo butigeze bubaho mbere mu mateka yayo
Ikipe ya Manchester United yanyagiwe na Liverpool ibitego 5-0, mu mukino wa shampiyona y’Abongereza waberaga ku kibuga cyayo cya Old Trafford. . Manchester United yatsindiwe na Liverpool iwayo . Manchester United yatsinzwe ibitego 5-0 na Liverpool . Umutoza wa…
Yari yarabuze aho yahera mushiki we ngo amusambanye ahitamo kumwica akabikorana n’umurambo
Amahano ajya yumvikana mu bihugu bitandukanye, hari igihe ibintu birenga imitekerereze ya muntu ku biba byarabaye aho umusore wo muri Uganda yari amaze igihe yifuza gusambanya mushiki we yarabuze aho amuhera ahitamo kubanza kumwica agasambanya umurambo. Uyu musore bivugwa…
Perezida Paul Kagame yifashishije umwuzukuru we, yagaragaje ibyishimo bikomeye ku isabukuru ye – AMAFOTO
President Paul Kagame yavutse tariki ya 23 Ukwakira 1957, avukira mu cyahoze ari gitarama ubu ni mu Karere ka Ruhango intara y’amajyepfo, avuka kuri Bisinda Asteria Rutagambwa na Rutagambwa Deogratias. Ubwo yagiraga isabukuru y’imyaka 64 y’amavuko, Nyakubahwa Paul Kagame…
Cristiano Ronaldo yahishuriye abakinnyi bagenzi be ibanga rizabasha gutsina Atalanta
Kuwa 3 w’iki cyumweru nibwo United yatunguranye itsinda Atalanta ibitego 3-2 nyamara mu gice cya mbere iyi kipe yari yatsinzwe ibitego 2-0 kuri Old Trafford,bitera benshi uburakari. Ibitego bya Mario Pasalic na Merih Demiral byafashije Atalanta kuyobora umukino wo…
Uganda: Kampala haturikiwe igisasu gihitana 2 abandi barakomereka
Mu ijoro ryo wa gatandatu, abapolisi ba Uganda bavuze ko umuntu umwe yapfuye abandi barindwi bakomerekera mu “guturika gukomeye” kwabereye muri resitora iri mu majyaruguru y’umurwa mukuru Kampala. Cyaturitse ku wa gatandatu mu masaha ya saa tatu z’ijoro (21h)…
Umusore w’imyaka 34 yabaye miliyarideri nyuma y’iminsi gusa akoze ubukwe n’umukecuru w’imyaka 73
Umugabo wo muri Kenya yahindutse Biliyoneri nyuma y’aho yemeye gushyingiranwa n’umukecuru w’imyaka 73 hanyuma apfa nyuma y’iminsi 3 bakoze ubukwe ibye byose amategeko arabimwegurira. Uyu mukecuru w’imyaka 73 yapfuye bari mu kwezi kwa buki asiga amakompanyi ya miliyoni nyinshi…
Gasabo: Umugore arashinjwa kuryamira umwana agapfa ubwo yari mu buraya n’umugabo
Umugore uvugwaho gukora umwuga w’uburaya biravugwa ko mu ijoro ryacyeye yararanye n’umugabo batera akabariro bakaryamira umwana w’uruhinja rw’ukwezi kumwe bikaruviramo gupfa. Gusa uwo mugore, aremera ko yabonanye n’uwo mugabo ariko agahakana ko urupfu rw’umwana we rwatewe no kumuryamira nkuko…