Month: October 2021

Perezida Kagame yizihije isabukuru y’imyaka 64. Byinshi utamenye ku mateka ye ndetse n’ibijyanye n’iyi taliki

Share this:

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame wizihiza isabukuru y’amavuko y’imyaka 64 yanyuze mu buzima bukomeye nyamara bwaje gutuma avamo ikirangirire muri Politike y’isi. Itariki yavutseho benshi bayibazaho byinshi.   . Perezida Paul Kagame yujuje imyaka 64 y’amavuko ….

Share this:

Cristiano Ronaldo yatunguye abakekaga ko agiye gusezera umupira w’amaguru vuba

Share this:

Umunyabigwi mu mupira w’amaguru Cristiano Ronaldo yahishuye ko atiteguye gusezera mu ikipe y’igihugu cye cya Portugal vuba aha kuko ngo “Ntabwo ari igihe cyanjye.” . Cristiano Ronaldo yahishuye ko atazasezera umupira w’amaguru vuba . Cristiano yavuze impamvu atiteguye kureka umupira…

Share this:

Birababaje: Umupolisikazi yishe benewabo 5 ndetse n’umusore bakundana kugirango abone amafaranga afatwa amaze kubona asaga miliyoni 94RWF

Share this:

Nomia Rosemary Ndlovu wahoze ari umupolisi muri Afurika y’epfo yahamwe no kwica benewabo (abo mu muryango we) batanu ndetse n’umusore bakundanaga, ku musozo w’uru rubanza rwatumye igihugu kigwa mu kantu. . Umupolisikazi yishe umusore bakundana . Umupolisikazi yishe benewabo kugirango…

Share this:

Biratangaje: Yamenye ko yashatse umugabo mugenzi we bamaranye imyaka 7 babana

Share this:

Nyuma yimyaka 07 arushinze, umugabo yavumbuye ko yashakanye n’undi mugabo aho kuba umugore nkuko yari abizi.   . Yashakanye n’umugabo mugenzi we atabizi . Yavumbuye ko yarongoye umugabo mugenzi we nyuma y’imyaka 7   Umugabo yashakanye n’uwo yizeraga ko ari…

Share this:

Ruhango: Umukobwa afite agahinda ko kwangazwa nyuma yo guterwa inda n’umugabo wa nyina – UBUHAMYA

Share this:

Mu murenge wa Byimana hari umukobwa wabuze epfo na ruguru nyuma yo guterwa inda n’umugabo wa nyina. Byaramugoye kubivuga yanga kwirukanwa na nyirurugo no kwiteranya na nyina; birangira bimenyekanye yirukanwa mu rugo. . Yatewe inda n’umugabo wa nyina barangije baramwirukana…

Share this:

Musanze: Umuyobozi w’ishuri yakatiwe imyaka 7 y’igifungo kubera ivangura

Share this:

Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwakatiye uwari umuyobozi w’ishuri ryisumbuye rya Cyapa, igifungo cy’imyaka irindwi nyuma yo guhamwa n’icyaha cy’ivangura no gukurura amacakubiri.   Iri shuri riherereye mu Karere ka Burera, mu Murenge wa Rwerere, Akarere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru….

Share this:

Umutoza Ole wa Manchester yagaragaje icyoba afitiye Liverpool bitegura guhura

Share this:

Umutoza Ole Gunnar Solskjaer yemeje ko ikipe ye yaManchester United itari ku rwego rwa Liverpool bazacakirana ku cyumweru nubwo yarangije imbere yayo muri Premier League ishize.   Ku cyumweru, aya makipe abiri akomeye yo mu majyaruguru ashyira iburengerazuba bw’Ubwongereza azahurira…

Share this:

Abakobwa bakoreraga Kompanyi ya Alitalia bakoze imyigaragambyo itangaje

Share this:

Ku wa gatatu w’iki cyumweru,tariki ya 20 Ukwakira 2021,abahoze ari abakozi ba kompanyi itwara abagenzi mu ndege ya Alitalia yo mu Butaliyani biganjemo ab’igitsina gore biyambuye imyenda yabo, bakora imyigaragambyo ituje,mu mujyi wa Roma rwagati.   Alitalia imaze igihe iri…

Share this:

Dore ibizashingirwaho mu kwimura, gusibiza no kwirukana abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye

Share this:

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ibizajya bigenderwaho mu kwimura, gusibiza no kwirukana abanyeshuri mu mashuri abanza n’ayisumbuye n’ibindi bikorwa bigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda. . Abana batatsinze bagiye kujya basibizwa . Abanyeshuri bitwaye nabi bashobora kujya birukunwa . Ibizagenderwaho mu kwimura,…

Share this:

Mali: Umuryango wabyaye impanga 9 bwa mbere washyize hanze amafoto yazo

Share this:

Ku ya 5 Gicurasi 2021, ni bwo Madamu Halima Cisse yibarutse abana icyenda mu ivuriro rya Ain Borja i Casablanca, muri Maroc, aca agahigo k’isi kari kashyizweho na Nadya Suleman mu 2009, wibarutse abana umunani bazima. . Babyaye abana 9…

Share this: