Indwara 7 zirindwa no kunywa amazi ahagije
Kunywa amazi igihe ufite inyota ntabwo bihagije. Amazi ni ingenzi cyane ku mikorere myiza y’umubiri w’umuntu. Ntabwo rero umuntu ayanywa gusa ari uko agize inyota, ahubwo wakagombye kugira umuco wo kunywa amazi buri munsi. . Ingaruka mbi ziterwa no kutanywa…
Habaye impinduka mu masomo y’amashuri yisumbuye
Mu Igazeti ya Leta nimero idasanzwe yo ku wa 20/10/2021 hasohotse iteka N° 002/MINEDUC/2021 rya Minisitiri w’Uburezi rishyiraho integanyanyigisho mu mashuri y’uburezi bw’ibanze bw’inyigisho rusange, mbonezamwunga n’iz’imyuga n’ubumenyi ngiro. Iri teka rigaragaza impinduka mu masomo yigishwa mu mashuri yisumbuye, by’umwihariko…
Amabanga 13 yagufasha gusoma umukunzi wawe mu buryo buhebuje agahora yifuza ko mwongera
Ku muntu utarasomanaho na rimwe yumva gusomana bigoye, Ariko kandi ni byo. Gusoma umugore, umukobwa, umuhungu cyangwa umugabo bwa mbere ntibyoroshe. Kubibona mu mashusho biroroshye ariko kubishyira mu bikorwa ni ikindi kibazo. Aha twaguhitiyemo uburyo wakwitwara mu buryo bwo gusomana….
Umwana w’imyaka 15 yiyahuye nyuma yo kugubwa gitumo na nyina arimo asambana n’umukobwa baturanye
Umwana w’imyaka 15 wo mu gihugu cya Zimbabwe yiyahuye nyuma yo gufatwa na nyina ari gusambana n’umukobwa w’imyaka 14 baturanye Godfrey Chiparehas, ufite imyaka 15, yiyahuye ubwo nyina yamufata aryamanye n’umukobwa w’imyaka 14. Nk’uko amakuru abitangaza, nyina amaze…
Nyarugenge: “Sinahora mfungisha abagabo”, ubuhamya bw’umwangavu watewe inda kabiri
Umukobwa wo ku Muhima avuga ko yatewe inda kabiri ataruzuza imyaka 18, nyamara akaba nta mwana n’umwe afite ubu: uwa mbere yaguye muri ruhurura, inda ya kabiri yayikuyemo agamije kuguma ku rutonde rw’abarihirwa ishuri. Mu bazimuteye umwe yakatiwe imyaka 25,…
Yamujyanye ahitaruye amusaba kumubera umugore. Reba uko The Ben yatereye ivi Miss Pamella – VIDEO
Mu gitondo cyo kuri uyu wakane nibwo umuhanzi The Ben yagaragaje video atera ivi asaba Uwicyeza Pamella kwambara impeta yamuteguriye, maze Miss Pamella atazuyaje avuga YEGO imbere y’inshuti n’abavandimwe, abivuga nawe apfukamye mu guha agaciro icyifuzo yari agejejweho n’umukunzi we….
Cristiano Ronaldo yafashije Manchester United kwikura mu nzara za Atalanta yari yayishyize ku munigo
Ikipe ya Manchester United ibifashijwemo na Cristiano Ronaldo, yatsinze Atalanta ibitego 3-2 nyuma yo kuyigaranzura. . Cristiano Ronaldo yakuye Manchester United mu menyo ya rubamba . Manchester United yatsinze Atalanta bigoranye ibifashijwemo na Cristiano Ronaldo Manchester United y’umutoza Ole…
UN yateranye igitaraganya kubera igisasu Korea ya ruguru iheruka kurasa hafi y’Ubuyapani
Inteko y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe umutekano ku isi yateranye byihutirwa kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Ukwakira 2021,kugira ngo yige ku kibazo cy’ibisasu bya misile bishya bya Koreya ya Ruguru. Inama yateranye mu muhezo ku gicamunsi cy’i New York (mu…
Dore inama zagufasha mu gihe waba usanze umugore wawe ari wowe mugabo wa mbere bagiye kuryamana
Mu bihugu bitandukanye bafata ubusugi nk’ikintu gikomeye cyane, akaba ari nayo mpamvu iyo umukobwa yajyaga gushyingirwa yambaraga ikanzu yera mu rwego rwo kwerekana ko ari isugi. . Uko wabigenze igihe waba usanze umugore wawe akiri isugi . Uko wakwitwara…
Baturikanwe n’igisasu ubwo bari mu kwezi kwa buki
Umugore witwa Lidiia Makarchu, ufite imyaka 31, ukomoka i Bracknell, muri Berkshire,mu Bwongereza n’umugabo we Norbert Varga w’imyaka 43,bahuye n’uruva gusenya ubwo bari mu kwezi kwa buki ubwo baturitswaga n’igisasu cyapfubye mu ntambara ya mbere y’isi yose. Uyu mugore…