Month: October 2021

Iyi niyo mpamvu ukwiye kurya watermelon waba umugabo cyangwa umugore

Share this:

Watermelon ubishatse wayita umwungu cyangwa igihaza cyo guhekenya kuko ni urubuto rwera ku ruyuzi, rugira indabo zisa n’intutu kandi rufite bimwe ruhuriyeho n’ibihaza, uru rubuto rukaba rufite akamaro gakomeye ku buzima bwa muntu.   Uru rubuto rumeze nk’aho nta cyanga…

Share this:

Kamonyi: Ikamyo yataye umuhanda igonga abarimu 2 umwe ahasiga ubuzima

Share this:

Ikamyo ifite ibirango byo muri Uganda yerekezaga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yataye umuhanda igeze mu Kagari ka Karengera mu Murenge wa Musambira mu Karere ka Kamonyi, igonga abarimu babiri bari bagiye kwigisha, umwe ahita apfa undi arakomereka ubwo…

Share this:

The Ben yahishuye ijambo abwira umukunzi we Miss Pamella iyo yamurakariye bigahita bishira

Share this:

Umuhanzi The Ben n’umukunzi we Miss Pamella bakomeje kuryoherwa n’ubuzima bw’urukundo, ndetse banakomeje kugirana ibihe byiza mubirwa bya Maldives arinaho The Ben yahaye igihango gikomeye umukunzi we akamwambika impeta .   . Amazina y’urukundo The Ben yita Miss Pamella ….

Share this:

Amabanga 7 yagufasha kwigarurira uwo ukunda mu buryo bworoshye

Share this:

Ahari warebye amafilime menshi avuga ku rukundo, ahari wayigiyemo byinshi. Urukundo rusanzwe akenshi ruba rutandukanye nibyo abantu bareba muri filime.Mu buzima busanzwe urukundo rusaba kubaho ku bwa mugenzi wawe. Tugiye kurebera hamwe uburyo 7 wakoresha ukamwigarurira kandi ukamugumana burundu.  …

Share this:

Dore amagambo 50 y’urukundo(imitoma) wabwira umukobwa mukundana aka kanya akagukunda by’iteka kandi ukazahora mu ntekerezo ze

Share this:

Ndabizi ko ukunda umukunzi wawe cyane, ariko wabuze amagambo wakoresha ukabasha kumusobanura neza ndetse akaba yanagutandukanya n’abandi basore baziranye cyangwa bigeze bahura. Ahari umara umwanya wawe usoma ibitabo ngo ukuremo amagambo ariko byaranze. Uyu munsi Iwacumarket iragufasha.   . Imitoma…

Share this:

Micho utoza Uganda Cranes yakatiwe gufungwa imyaka 5

Share this:

Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Uganda Milutin Sredojevic Micho yakatiwe igifungo cy’imyaka 5 kubera ihohoterwa yakoreye umugore wo mu kabari.   Kuri uyu munsi ni bwo Urukiko rwa Gqeberha Regional rwakatiye umutoza w’ikipe y’igihugu ya Uganda Milutin Sredojevic Micho igifungo cy’imyaka…

Share this:

Bruce Melody yagiranye ibiganiro n’umugi wa Kigali – AMAFOTO

Share this:

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Pudence Rubingisa yakiriye umuhanzi Bruce Melodie bagirana ibiganiro bitibanze ku muziki nk’uko bitangazwa n’umujyanama w’uyu muhanzi.   . Bruce Melody yakiriwe n’umuyobozi w’umugi wa Kigali . Bruce Melody yagiranye ibiganiro n’umuyobozi w’umugi wa Kigali   Kuri…

Share this:

Ku myaka 68 aracyari isugi. Reba ibanga yakoresheje

Share this:

Umukecuru w’imyaka 68 ukomoka muri Afurika y’Epfo, Malisebo Lebuso,yashyize hanze ibanga ry’ukuntu yarinze ubusugi bwe kugeza n’uyu munsi. . Amaze imyaka 68 ari isugi . Umukecuru yahishuye ibanga ryamufashije kurinda ubusugi bwe kugeza ku myaka 68   Malisebo Lebuso yavuze…

Share this:

Minisitiri w’Intebe w’u Burundi yaburiye abaturage ko inkingo za covid-19 zica cyangwa zigatera indwara

Share this:

Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, CPG Alain-Guillaume Bunyoni yaburiye Abarundi bifuza kwingiza icyorezo cya Covid-19 ko hari ababikora bakarwara cyangwa bagapfa, bityo uwifuje kubikora agomba kwirengera izi ngaruka. . Inkingo za covid-19 zirica . Inkingo za covid-19 zitera indwara . Ibyo…

Share this:

Dore ibyago bikomeye ushobora gukururirwa no kuguma uri incuti y’uwo mwahoze mukundana

Share this:

Kuva mu rukundo ni ikintu gikomeye ndetse ni igitekerezo abantu benshi baba bahaye umwanya kuko baba babona batari banyuzwe n’ibyo bahabwa, cyangwa bakabona bishobora kuzabaviramo kubabara ahazaza, bityo bagahitamo gusezera urukundo rubi. Jya kure y’uwo mwahoze mukundana wirinde iteka.  …

Share this: