Month: November 2021

Bigabanya ibiro bikanongera itoto ku babikora! Menya iby’agaciro umubiri wungukira mu gusomana

Share this:

Gusomana ni ikimenyetso cy’urukundo kuri bamwe, kikaba ikimenyetso cy’imyitwarire mibi ku bandi. Mu muco wa kinyafurika, gusomana byo bisa n’aho ari bishya, ubikoze afatwa nk’umunyamahanga cyangwa se uwataye umuco. Gusa bifite akamaro gakomeye.     . Akamaro Ko Gusomana ….

Share this:

Umuryango wa Rwigara urishyuzwa amafaranga asaga Miliyoni 349 FRW

Share this:

Urukiko rw’ubucuruzi mu Rwanda rwanzuye ko Umuryango wa Nyakwigendera Assinapol Rwigara ugomba kwishyura miliyoni zisaga 349 y’umwenda utishyuye banki y’ubucuruzi ya Cogebank. . Urubanza rw’umuryango wa Rwigara na COGEBANK . Umuryango wa Rwigara watsinzwe urubanza uregwamo na COGEBANK . Rwigara…

Share this:

Christian Akomeje Kwibasirwa Kubera Kubenga Miss Mwiseneza Josiane Yambitse Impeta Ariko Se Ni Nde Nyirabayazana?

Share this:

Umunyarwanda yaravuze ngo gukunda utagukunda bisa n’imvura igwa mu ishyamba, Umuhanzi nyarwanda nawe yungamo ngo wirukira ugusiga, maze ugasiga ugusanga. . Christian wari warambitse impeta Miss Mwiseneza Josiane ari mu munyenga w’urukundo n’undi mukobwa . Kuki Christian yabenze Miss Mwiseneza…

Share this:

Urukundo rwanjye roho yanjye: Dore imitoma 21 wabwira umukunzi wawe ukamukora ku mutima buri munsi

Share this:

Kubwira umukunzi wawe amagambo meza y’urukundo ni ikintu cyiza nawe ubwe aba ategereje kuri wowe. Iyo atakibonye niho uzasanga avuga ngo nta mukunzi agira cyangwa bikamugora kubaho. Ukwiriye gutuma uwo mukundana abaho yishimye birenze ibikenewe kandi biturutse kuri wowe. Ariko…

Share this:

Abasore: Dore ibimenyetso 10 byakwereka umukobwa ugukunda nta buryarya

Share this:

N’ubwo atari bose ariko hari abasore batazi kubasha kumenya niba umukobwa yabakunze cyangwa abafitiye amarangamutima. Kutabasha kumenya niba umukobwa agufitiye amarangamutima byaba intandaro yo kwitinya no kudatera intambwe nk’umusore ngo usabe urukundo. . Ibimenyetso biranga umukobwa ugukunda nta buryarya ….

Share this:

Albina Sydney ukorera Flash TV ukunzwe na benshi mu Rwanda yeruye ko akundana n’uwo bahuje igitsina

Share this:

Imyumvire mu banyarwanda ku bijyanye n’abaryamana bahuje igitsina iracyari hanze, gusa ushobora kubyumva kuko nta bukangurambaga bweruye bwari bwaba bugamije kumvisha abanyarwanda ko ababana cyangwa bakundana bahuje igitsina nabo ari nk’abantu kimwe n’abandi, bamwe babita ibivume abandi ntibatinya no kuvuga…

Share this:

Umufasha wa Perezida w’u Burundi yahaye ubutumwa bukomeye Jeannette Kagame

Share this:

Umugore wa perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye Ndayubaha, yatangaje ubutumwa bwo kwishyuka kuri mugenzi we Jeannette Kagame, umugore wa perezida w’u Rwanda, ku isabukuru y’imyaka 20 y’umuryango Imbuto Foundation yashinze yizihijwe muri weekend ishize. . Angeline Ndayishimiye yashimiye Jeannette Kagame…

Share this:

Umukobwa warangije Kaminuza yahindutse umusazi yambara ubusa nyuma yo kubenga umusore wamwishyuriye ishuri

Share this:

Inkuru ibabaje cyane yatumye abantu benshi batungurwa y’umukobwa warangije kaminuza aho kugirango atangire akazi ahubwo bakabona arahindutse atangiye kugenda yivugish mu muhanda atoragura imyanda aho yajugunywe, nawe ubwe ubona asa n’umwanda nta kwiyitaho. Byatangiye aho umugabo utatangajwe amazina yakundanye n’umukobwa…

Share this:

Imyambarire n’imibyinire bya Miss Amandah Darling mu gitaramo Kigali Kanivore byatumye abantu bacika ururondogoro – VIDEO

Share this:

Amandah Darling  yatunguye abanyakigali bari mu gitaramo cya Kigali Kanivore bitewe n’imibyinire ye aho yabyinishije DJ Pius abantu bakumirwa. Ni igitaramo cyari cyahuje aba Djs barenga 10 cyari kigamije gususurutsa abakunzi b’umuziki mu Rwanda ‘Kigali Kanivore cyari kibaye ku nshuro…

Share this:

Abakobwa: Dore ibintu byoroshye byagufasha kwegukana umutima w’umusore wihebeye bitakugoye na gato

Share this:

Biragoye kubona umukobwa ukoresha amagambo kugirango areshye umusoreni ibintu uzabona gake cyane bikarushaho kuba gake cyane iyo tugeze mu Rwanda.Twifashishije imbuga za interneti twasanze hari bimwe mu byo umukobwa yakora bikamufasha kwegukana umusore yahoze arota. . Uko Wakwigarurira Umutima W’umusore Ukunda…

Share this: