Umugabo yashyingiranwe n’umukobwa we yataye akiri uruhinja
Mu buryo atazi, umugabo wataye umukobwa yibyariye akiri umwana bivugwa ko yamurongoye akamugira umugore. . Yakundanye n’umukobwa we nyuma y’imyaka hafi 17 amutaye . Umugabo yaryamanye n’umukobwa we mu buryo atazi Uyu mugabo uzwi ku izina rya Travis…
Rafael York yahishuye icyatumye asiga amavubi yitegura gukina na Harambee Stars ya Kenya mu buryo budasobanutse
Umukinnyi Rafael York ukinira u Rwanda hagati mu kibuga ariko asatira,yatangaje ko yavuye mu ikipe y’igihugu igomba gukina na Kenya kubera ko inshuti ye ya hafi yapfuye. . Rafael York yagiye adakinnye umukino w’Amavubi na Kenya . Rafael York…
Abakobwa: Irinde ko umusore agukora kuri ibi bice niba utifuza kuryamana na we bitabaye ibyo ntuzamucika
Hari imyanya imwe n’imwe y’ingenzi cyane ku bantu b’igitsina gore ibafasha gukenera gukora akabariro uko byagenda kose mu gihe ikozweho n’umuntu w’igitsinagabo ndetse no kwihangana bikaba byabagora. . Ntuzatume umugabo agukora kuri ibi bice niba udashaka guterana akabariro na we…
KENYA: Bombori bombori mu ikipe y’igihugu Amavubi
Nyuma yaho ikipe yu Rwanda y’umupira w’amaguru itsindiwe i Kigali na Mali ibitego 3-0, yahise yerekeza mu gihugu cya Kenya aho izakina umukino n’ikipe ya Kenya. . Rafael York yasubiye muri Sweden . Rafael York ntazakina umukino w’Amavubi na Kenya …
Umumotarikazi w’ikizungerezi yanyeganyeje imbuga nkoranyambaga – AMAFOTO+IBITEKEREZO
Mu busanzwe Hari imirimo bivugwako ari iya kigabo hakaba nindi bivugwako ari iya kigore gusa uko isi igenda itera imbere iyo myumvire igenda ishira Ugasanga iyari imirimo ya bamwe isigaye isangirwa na bose. Hari umumotari wumugore witwa Agnes, yavugishije abantu…
Abageni bajunguje ikibuno mu bukwe bwabo abantu barumirwa – VIDEO
Umunsi w’ubukwe ni umumsi w’ibyishimo mu buzima bw’abakundana, niyo mpamvu bahabwa impano, bakidagadura bakishima kuko ni umunsi uba rimwe mu buzima. Kuri ubu rero ku mbuga nkoranyambaga hari gukwirakwira amashusho y’umugeni n’umusore bagaragaye bazunguza umubiri mu buryo bushimishije cyane ,…
Dore amagambo y’urukundo yagufasha kwigarurira burundu umutima w’umukunzi wawe iyi weekend
Burya kwemererwa urukundo ntibihagije ngo ugende witurize ahubwo ujye wibuka ko mu rukundo haba hakenewe amagambo meza aryoheye amatwi buri gihe ugomba kubwira umukunzi wawe kugira ngo muhore mususurutse. Ni yo mpamvu buri gihe duhora dushaka ibyaduteza imbere mu…
Miss Ricca Michaella yasezeranye mu mategeko na Dennis Bayingana – AMAFOTO
Miss Ricca Michaella yegukanye ikamba rya Miss hertage muri Miss Rwanda 2019. . Ubukwe Bwa Miss Ricca Michaella . Amafoto Y’ubukwe Bwa Ricca Michaella . Uko byari byifashe mu bukwe bwa Miss Ricca Michaella na Dennis Bayingana Uyu…
Biratangaje!!! Umukecuru w’imyaka 55 yakoze ubukwe akiri isugi nk’uko yabyiyemeje arongorwa n’umugabo waminuje mu mashuri
Umukecuru w’imyaka 55 wagenderaga abagabo n’abasore kure kuko yari yarihaye intego yo kuzamburwa ubusugi n’uwo bazashakana yakoze ubukwe arongorwa n’intiti yaminuje. . Umukecuru yakoze ubukwe ku myaka 55 . Ku myaka 55 yari akiri isugi kubera intego yihaye . Yashoboye…
Ntibisanzwe: Umusore yatunguye umukunzi we amukorera ibirori byo kumubenga
Mu gihe bimenyerewe ko abantu bategura ibirori byo gutera ivi cyangwa gusaba urukundo abo bakunze, umusore yahisemo gukora ibirori bitandukanye n’ibimenyerewe. . Umusore yakoreye umukunzi we ibirori byo kumubenga . Umukobwa yatunguwe no kwinjira mu birori akabwirwa ko urukundo rwe…