Month: November 2021

Umugabo yashyingiranwe n’umukobwa we yataye akiri uruhinja

Share this:

Mu buryo atazi, umugabo wataye umukobwa yibyariye akiri umwana bivugwa ko yamurongoye akamugira umugore.   . Yakundanye n’umukobwa we nyuma y’imyaka hafi 17 amutaye . Umugabo yaryamanye n’umukobwa we mu buryo atazi   Uyu mugabo uzwi ku izina rya Travis…

Share this:

Rafael York yahishuye icyatumye asiga amavubi yitegura gukina na Harambee Stars ya Kenya mu buryo budasobanutse

Share this:

Umukinnyi Rafael York ukinira u Rwanda hagati mu kibuga ariko asatira,yatangaje ko yavuye mu ikipe y’igihugu igomba gukina na Kenya kubera ko inshuti ye ya hafi yapfuye.   . Rafael York yagiye adakinnye umukino w’Amavubi na Kenya . Rafael York…

Share this:

Abakobwa: Irinde ko umusore agukora kuri ibi bice niba utifuza kuryamana na we bitabaye ibyo ntuzamucika

Share this:

Hari imyanya imwe n’imwe y’ingenzi cyane ku bantu b’igitsina gore ibafasha gukenera gukora akabariro uko byagenda kose mu gihe ikozweho n’umuntu w’igitsinagabo ndetse no kwihangana bikaba byabagora. . Ntuzatume umugabo agukora kuri ibi bice niba udashaka guterana akabariro na we…

Share this:
Uncategorized

KENYA: Bombori bombori mu ikipe y’igihugu Amavubi

Share this:

Nyuma yaho ikipe yu Rwanda y’umupira w’amaguru itsindiwe i Kigali na Mali ibitego 3-0, yahise yerekeza mu gihugu cya Kenya aho izakina umukino n’ikipe ya Kenya. . Rafael York yasubiye muri Sweden . Rafael York ntazakina umukino w’Amavubi na Kenya  …

Share this:

Umumotarikazi w’ikizungerezi yanyeganyeje imbuga nkoranyambaga – AMAFOTO+IBITEKEREZO

Share this:

Mu busanzwe Hari imirimo bivugwako ari iya kigabo hakaba nindi bivugwako ari iya kigore gusa uko isi igenda itera imbere iyo myumvire igenda ishira Ugasanga iyari imirimo ya bamwe isigaye isangirwa na bose. Hari umumotari wumugore witwa Agnes, yavugishije abantu…

Share this:
Uncategorized

Abageni bajunguje ikibuno mu bukwe bwabo abantu barumirwa – VIDEO

Share this:

Umunsi w’ubukwe ni umumsi w’ibyishimo mu buzima bw’abakundana, niyo mpamvu bahabwa impano, bakidagadura bakishima kuko ni umunsi uba rimwe mu buzima. Kuri ubu rero ku mbuga nkoranyambaga hari gukwirakwira amashusho y’umugeni n’umusore bagaragaye bazunguza umubiri mu buryo bushimishije cyane ,…

Share this:

Dore amagambo y’urukundo yagufasha kwigarurira burundu umutima w’umukunzi wawe iyi weekend

Share this:

Burya kwemererwa urukundo ntibihagije ngo ugende witurize ahubwo ujye wibuka ko mu rukundo haba hakenewe amagambo meza aryoheye amatwi buri gihe ugomba kubwira umukunzi wawe kugira ngo muhore mususurutse.   Ni yo mpamvu buri gihe duhora dushaka ibyaduteza imbere mu…

Share this:

Miss Ricca Michaella yasezeranye mu mategeko na Dennis Bayingana – AMAFOTO

Share this:

Miss Ricca Michaella yegukanye ikamba rya Miss hertage muri Miss Rwanda 2019.   . Ubukwe Bwa Miss Ricca Michaella . Amafoto Y’ubukwe Bwa Ricca Michaella . Uko byari byifashe mu bukwe bwa Miss Ricca Michaella na Dennis Bayingana   Uyu…

Share this:

Biratangaje!!! Umukecuru w’imyaka 55 yakoze ubukwe akiri isugi nk’uko yabyiyemeje arongorwa n’umugabo waminuje mu mashuri

Share this:

Umukecuru w’imyaka 55 wagenderaga abagabo n’abasore kure kuko yari yarihaye intego yo kuzamburwa ubusugi n’uwo bazashakana yakoze ubukwe arongorwa n’intiti yaminuje. . Umukecuru yakoze ubukwe ku myaka 55 . Ku myaka 55 yari akiri isugi kubera intego yihaye . Yashoboye…

Share this:

Ntibisanzwe: Umusore yatunguye umukunzi we amukorera ibirori byo kumubenga

Share this:

Mu gihe bimenyerewe ko abantu bategura ibirori byo gutera ivi cyangwa gusaba urukundo abo bakunze, umusore yahisemo gukora ibirori bitandukanye n’ibimenyerewe. . Umusore yakoreye umukunzi we ibirori byo kumubenga . Umukobwa yatunguwe no kwinjira mu birori akabwirwa ko urukundo rwe…

Share this: