Month: November 2021

Reba uburanga bw’umunya-Kenyakazi washyizwe ku rutonde rw’abagore 100 b’ibitangaza muri Afurika – AMAFOTO

Share this:

Michelle Nkatha Ntalami ni umutinganyi w’uburanga buhebuje uherutse gutandukana n’inkumi bari bamaze igihe bakundana itunze agatubutse.   Michelle Nkatha Ntalami ni umunya-Kenya w’umushabitsi washinze kompanyi yitwa Marini Naturals. Iyi nkumi y’uburanga yigeze gushyirwa mu bagore b’ibitangaza 100 muri Africa ku…

Share this:

Dore impamvu benshi mu baganga bandika Ibidasomeka iyo bandikira abarwayi imiti…

Share this:

Abaganga bafite akamaro gakomeye mu buzima bw’abatuye isi kuko bakora akazi gakomeye noneho bikaba akarusho mu bihe by’umwihariko aho abantu benshi baba babashaka cyane ngo babafashe. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe impamvu ituma bamwe mu baganga bagira imikino mibi…

Share this:

Ihere ijisho inzu 5 z’ibyamamare zihenze kurusha izindi ku Isi – AMAFOTO

Share this:

Bavuga ko aho ifaranga rikubise horoha. Muri iyi nkuru tugiye kukweraka inzu 5 zihenze kurusha izindi ku Isi z’ibyamamare mu ngeri zitandukanye.   Iyo ufite amafaranga uba ufite byose kandi ushobora kugura byose usibye umwuka muntu ahumeka. Hari umunyarwanda wabivuze…

Share this:

Reba noneho ibyo Miss Pamella akoreye The Ben bizamuye amarangamutima ya benshi

Share this:

The Ben wasangije ubutumwa bwanyuze benshi yongeye gutakwa na Pamella wemeje nanone ko ariwe rudasumbwa yaremewe. Ni nyuma y’uko benshi bongeye kugaragaza ko batewe amatsiko menshi na Album yenda gushyira hanze ndetse bamwe bahamya ko bagiye guhagarika gukoresha imbuga nkoranyambaga…

Share this:

Mpayimana Philippe wahataniye umwanya wo kuba Perezida w’u Rwanda yahawe umwanya muri Minisiteri y’Ubumwe

Share this:

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu yahaye Mpayimana inshingano zo kuba impuguke nkuru ishinzwe uruhare rw’abaturage (Senior Expert in charge of Community Engagement) muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu. . Mpayimana Philippe yahawe inshingano muri Minisiteri y’Ubumwe . Mpayimana…

Share this:

Ikibatsi cy’urukundo gikomeje kugurumana hagati ya Miss Phoebe n’icyamamare cyo muri Tanzania – AMAFOTO

Share this:

Miss Uwamahoro Phoebe witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda muri 2019, ari mu munyenga w’urukundo n’umusore wigaruriye umutima we witwa Rammy Galis wamamaye cyane muri Tanzania nk’umukinnyi wa filime. . Urukundo rwa Miss Phoebe na Rammy wo muri Tanzania . Rammy…

Share this:

Umusore yishwe n’impanuka agiye guhisha umurambo w’umukunzi we yari yishe

Share this:

Umusore w’imyaka 31 muri Afurika y’Epfo bivugwa ko yateye icyuma umukunzi we kugeza apfuye,yahitanwe n’impanuka y’imodoka yari atwaye agiye guhisha umurambo we. . Umusore Yishe Umukunzi We . Yakoze Impanuka Agiye Guhisha Umurambo   Ku wa kabiri tariki ya 9…

Share this:

Imodoka zitwara abantu zemerewe gutwara 100% naho insengero zeremerwa kwakira 75%. Imyanzuro y’inama y’abaminisitiri

Share this:

Perezida Paul Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri yabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 12 Ugushyingo 2021 muri Village Urugwiro,yafatiwemo ingamba zitandukanye mu kwirinda Covid-19 no gushyira mu myanya abayobozi.   Inama y’abaminisitiri yemeje ingamba zo kwirinda Covid-19,…

Share this:

Namaze imyaka myinshi nca mama inyuma. Njye na papa twabikoraga mama adahari cyangwa amaze gusinzira – UBUHAMYA BWA FATIMA

Share this:

Hajya humvikana amahano hirya no hino mu bihugu bitandukanye, gusa biba birenze imyumvire ya muntu uburyo umwana yafata unmwanzuro wo kujya aryamana na se cyangwa nyina wamwibarutse nk’uko umukobwa witwa Usman Fatima atanga ubuhamya avuga ko yamaze imyaka myinshi aca…

Share this:

Abashinjaga Urayeneza Gerard nyiri Kaminuza ya Gitwe bigatuma akatirwa burundu bigaritse uwaboheje mu bujurire

Share this:

Babiri mu bashinjaga nyiri Kaminuza ya Gitwe, Urayeneza Gerard kuba icyitso ku cyaha cya jenoside no kuzimiza cyangwa gutesha agaciro ibimenyetso cyangwa amakuru byerekeye jenoside ndetse akanakatirwa igifungo cya burundu, bisubiyeho baramushinjura, basobanura ko bari barashukishijwe inzoga n’ibiryo.   ….

Share this: