Month: November 2021

Uburanga bwa Ella watangaje imishinga mishya ya Meddy – AMAFOTO

Share this:

Ella ni we mukobwa ukomeje kuyobora uduce two mu gice cya mbere cy’inkuru y’urukundo rwa Mimi na Meddy ndetse ugenda anatangaza amwe mu makuru y’ibyamamare biba muri Diaspora nyarwanda uhereye kuri Meddy, The Ben na Shaffy. . Amafoto ya Ella…

Share this:

Nyuma yo guterana amagambo na Olvis, Kwambikwa impeta na Putin no gushaka kwiyahura, Miss Vanessa yabonye umukunzi mushya – AMAFOTO

Share this:

Si ubwa mbere abivuze mu itangazamakuru ko adashaka gutangaza umukunzi we, si n’ubwa mbere avuze ko afite umukunzi ariko kumutangaza bikaba ingorabahizi. Miss Uwase Raissa Vanessa Igisonga cya mbere cya Nyampinga w’u Rwanda 2015 yongeye kujya mu rukundo.   Ubuzima…

Share this:

Ujya wibaza impamvu umusore mukundana atajya agusohokana? Dore igisubizo

Share this:

Gusohokana n’umukunzi wawe ni igikorwa cyiza kandi gishimisha. Ni umwanya mwiza wo kuganira ku iterambere n’ahazaza h’urukundo rwanyu. Bibaho kandi ko umusore mukundana mwaba mumaranye igihe kinini atajya agusohokana bitewe n’impamvu nyinshi atakubwira.   Mu rukundo rwanyu umusore mukundana akora…

Share this:

Umugore yataye ubwenge kubera inkoni yakubiswe azira kuryamana n’umugabo utari uwe

Share this:

Amashusho ababaje yavuye mu mujyi wa Banda Aceh muri Indoneziya yerekana umugore wataye ubwenge kubera ububabare yatewe n’inkoni nyinshi yakubiswe azira ko yarenze ku mategeko ya Shariya agasambana n’umugabo batashyingiranwe.   Uyu mugore utazwi yakatiwe igihano cyo gukubitwa inkoni 17…

Share this:

Reba ikintu gitangaje kibaye kuri wa mugore warongowe n’impanga 2 icyarimwe

Share this:

Izi mpanga zahisemo gusangira akabisi n’agahiye ndetse n’umugore ibyabo ni inkuru itangaje. Impanga zisa neza zakunze umukobwa umwe nawe atabizi kubera ukuntu basa nyuma birangira biyemeje kumugira umugore wabo, ubu babana mu nzu imwe kandi aritegura kwibaruka imfura. Izi mpanga…

Share this:

Ifoto y’umunsi: Ifoto ya Mashami asubiye ku isuka nyuma yo gutsindwa na Mali ikomeje guca ibintu

Share this:

Amakipe yombi akiva mu rwambariro Perezida wa FERWAFA Nizeyimana Olivier yabanje gushimira Haruna Niyonzima  amuha umwambaro wanditseho 105 mu rwego rwo kumushimira imikino igera kuri 105 amaze gukinira ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi. . Abafana Barifuriza  Umutoza Mashami Gusubira Ku…

Share this:

Nta Kinyamakuru Gikorera Kuri Murandasi Kizaducikana Umusoro – MINECOFIN

Share this:

Umusaruro ukomoka kuri serivisi zitanzwe mu buryo bw’ikoranabuhanga n’izitanzwe n’ibitangazamakuru bikorera kuri internet, wongerewe mu mushinga w’itegeko nk’inkomoko nshya y’umusaruro usoreshwa, MINECOFIN ikaba ivuga ko ifite systeme igenzura ibitangazamakuru bikorera kuri murandasi, ku buryo nta kizayicika mu misoreshereze.   ….

Share this:

Niba ujya ucika intege cyangwa ukangiza mu isegonda mu gihe cy’akabariro, Dore igisubizo kirambye

Share this:

Umuti witwa Revive Capsule wagufasha gusubirana ubuzima bwiza nk’umugabo ukongera kubasha kugira icyubahiro mu rugo ubasha gutera akabariro neza no kudacika integer mu gihe cy’amabanga y’abakuze wahamagara ukaba wabasha gufashwa. Bahagamare kuri: tel:+ 250785686682.   Revive Capsule ni umuti mwimerere…

Share this:

Umupolisikazi w’umunyamideri akomeje kuvugisha benshi kubera ikimero cye – AMAFOTO

Share this:

Uyu mupolisikazi avugisha abantu batari bacye ku mbuga nkoranyambaga kubera uburanga bwe, akina filime akaba n’umunyamideri. Ni umugore wubatse izina, akaba abyaye rimwe.   Mary Wanunu ni umunya-Kenya w’umu polisikazi ufite uburanga burangaza benshi. Uburanga bwe no gukina filime byatumye…

Share this:

Umuyobozi w’ishuri yafashwe asambanyiriza umwana w’imyaka 15 mu biro bye

Share this:

Amakuru aturuka mu gihugu cya Ghana aravuga ko umuyobozi w’ishuri rya Offinso JHS mu gace kitwa Ashanti yafashwe ari gusambanya umukobwa w’imyaka 15 mu biro bye.   Uyu muyobozi w’ikigo utaramenyekana izina yafungiye uyu munyeshuri mu biro bye arangije aramusambanya…

Share this: