Korera umukunzi wawe ibi bintu 7 uyu munsi nimugera mu cyumba Ndabizi uzadushimira nyuma
Gucana inyuma hagati y’abashakanye cyangwa se abakundana ni ibintu bikorwa cyane cyane iyo hari ibintu aba bombi badahurizaho cyangwa se batumvikana n’ubwo hari ababikora kubera kamere yabo ibibatera cyangwa se kubaho mu buzima batanyurwa. Abahanga ndetse bakaba n’abashakashatsi muby’imibanire hagati…
Umukobwa yigize umuhigi maze umusore aba icyahigwaga mu ishyamba! Ifoto ya ‘Save The Date’ yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga – AMAFOTO
Hajya hagaragara amafoto atangaje yerekana Couple zafashe umwanzuro wo kurushinga, zigasohora amafoto ya ‘Save The Date’ atangaje mu buryo akoze, nk’uko Couple zo muri Afurika y’Epfo yatangaje abatari bake bitewe n’uburyo umusore aziritse/ahambiriye amaguru mu gihe umukobwa yigize umuhigi mu…
Cristiano Ronaldo ashobora kuva muri Manchester United mu minsi ya vuba
Cristiano Ronaldo wagarutse muri Manchester United uyu mwaka ashobora kuva muri iyi kipe mu gihe itagera kure muri Champions League. Manchester United iri mu bihe bitari byiza by’umwihariko mu mikino ya Shampiyona baheruka gutsindwamo na Manchester City ibitego 2-0. …
Ibintu byafashe indi ntera hagati ya Ariel Wayz na Juno Kizigenza. Reba noneho ibyo bakoreye mu ruhame – AMAFOTO
Juno Kizigenza na Ariel Wayz bakomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga basomanira mu ruhame nyuma yo kubyerekanira kure bihishira byitwa ko ari ugutwika nyamara ubu bikaba atari ko bikimeze. . Ariel Wayz na Juno Kizigenza bakomeje gutwika . Ariel…
Fasha umukunzi wawe kwirirwana akanyamuneza ukoresheje umwe muri iyi mitoma 10
Muri iyi nkuru turagufasha gukangura umukunzi wawe mu magambo meza, umufashe kugira umunsi mwiza. . Imitoma yagufasha gutuma umukunzi wawe yirirwa neza . Imitoma wakwifashisha mu gitondo Amagambo meza ni mugenzi w’Imana. Iyo bigeze ku muntu ukunda uba…
Umugabo yishe umuvandimwe we bapfa umugore
Kubera gufuha, umugabo yishe umuvandimwe we bahuje umubyeyi umwe akoresheje umuhoro. Aya mahano yabaye ku cyumweru tariki ya 07 Ugushyingo 2021, mu mudugudu wa Kilif Galel, muri komine ya Mboula. Aya mahano yasize abatuye umudugudu wa Kilif Galel mu…
Ibintu umukobwa atagomba gukora ari bwo akimenyana n’umusore umusaba urukundo
Umukobwa ukimenyana n’umusore umusaba urukundo, hari imyitwarire aba agomba kwirinda kugira ngo urukundo rwabo rudahita ruzamo agatotsi rutamaze kabiri. . Ibintu Umukobwa Atagomba Gukora Akimenyana N’umusore Umusaba Urukundo . Irinde gukora aya makosa niba ari bwo ugikundana n’umusore Ibintu…
Dore uko wahangana na aside nyinshi mu gifu ukoresheje ibyo kurya gusa ugaca ukubiri no kukirwara ndetse n’ikirungurira cya hato na hato
Aside nyinshi mu gifu irangwa na bimwe mu bimenyetso birimo; kokera mu gifu, ikirungurira n’ibindi biba byerekana ko yarenze iyikenewe bityo bikaba byabangamira imikorere y’igifu. . Aside Nyinshi Mu Gifu . Uko Wagabanya Aside Mu Gifu . Uko Wakwivura Ikirungurira…
Abafana ba Manchester United barifuriza umutoza Ole uri mu biruhuko kugumayo
Ibyifuzo by’abafana ba Manchester United ku mutoza Ole Gunner Solskjaer wagiye mu biruhuko n’umuryango we muri Norvege aho avuka, bikomeje gutangaza benshi aho bamusabye kudahirahira agaruka i Manchester ko byaba byiza agumye iwabo ku ivuko akabavira mu ikipe. Kuri…
Mu mafoto reba ubwiza n’ikimero bya Mimi na Miss Pamella begukanye imitima y’abahanzi b’iimpanga muri muzika, Meddy na The Ben
Mimi na Pamella batunguye benshi bigarurira ibyamamare bikomeye mu muziki nyarwanda byahogoje abatari bacye byifuzwa n’abari batagira ingano bifuza kuba ari bo bakwegukana ubwami bw’imitima yabo nyamara birangira bwana ikuyemo seti. . Miss Pamella Wegukanye Umutima Wa The Ben…