Month: November 2021

Abatoza batatu bakinanye bari kurwanira akazi ko gutoza Aston Villa

Share this:

Frank Lampard, John Terry na Steven Gerrard bahanganiye akazi ko gutoza ikipe ya Aston Villa.   Dean Smith yabaye umutoza wa gatanu wirukanwe muri shampiyona y’u Bwongereza kuva yatangira, bituma Aston Villa isigara nayo ishakisha umutoza. Nyuma y’igenda rya Dean…

Share this:

Koresha aya magambo usezera umukunzi wawe kandi umwifuriza ijoro ryiza wirebere ibintu bikomeye biba mu rukundo rwanyu

Share this:

Fasha umukunzi wawe kumva anyuzwe no kuryama neza uyu mugoroba . Amagambo Meza Wabwira Umukunzi, . Imitoma Y’umugoroba, . Uko Wasezera Umukunzi . Uko wakwifuriza umukunzi wawe ijoro ryiza   Abahungu benshi hanze aha batekereza ko urukundo rwabo ruruta amafaranga…

Share this:

Mariam aricuza kuba yariyambuye impeta bikamuviramo kugumirwa. Ubuhamya + Isomo

Share this:

Hajya humvikana abakobwa babenga abasore kandi bari barabambitse impeta, ibi akenshi bisigira umukobwa gutinda kubona undi musore umwizera akamwambika impeta nk’uko umukobwa Miriam Nduta ukomoka muri Kenya ari kwicuza ku bwo kwiyambura impeta azi ko azabona undi musore akaba yarahebye….

Share this:

Imodoka 10 zihenze kurusha izindi ku isi mu mwaka wa 2021 zigura umugabo zigasiba undi – AMAFOTO

Share this:

Hirya no hino ku isi uhasanga ubwoko butandukanye by’ibinyabiziga, bimwe muri byo bitewe n’uburyo byakozwe, ibikoresho byakoreshejwe bikajyana n’ibiciro byabyo biba biri hejuru cyane. Imodoka nazo ni bimwe mu binyabiziga usanga bifite ibiciro biri hejuru cyane bitewe n’uburyo zikozwe cyangwa…

Share this:

Bamwe bakutse umutima kubera ibitaramo biri kwisukiranya basaba Leta kubisubika

Share this:

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuwa 13 Ukwakira 2021, yoroheje zimwe mu ngamba zo kurwanya icyorezo cya Covid-19. ibi byakurikiwe n’itegurwa ry’ibitaramo bitandukanye by’imyidagaduro nka kimwe mu byari bikumbuwe nabanyarwanda benshi nyuma y’igihe kirenga Umwaka bihagaritswe.   Ibitaramo byari bikumbuwe na benshi…

Share this:

Ngiki igisobanuro cy’inyinya zigirwa na bake kuri iyi si ndetse n’ibiranga abazifite

Share this:

Inyinya mu rurimi rw’Ikilatini yitwa ‘Diastema’. Ni umwanya usa n’icyuho kiri hagati y’amenyo abiri y’amabwene (Incisive), ikaba iza ahanini ku rwasaya rwa ruguru. Urubuga rwa Heatlth Line rusobanura ko inyinya iterwa n’impamvu nyinshi, cyane cyane amenyo mato umuntu aba afite,…

Share this:

Nyirantezimana yakubiswe iz’akabwana azira kuryamana n’abana barenga 30 akabanduza SIDA

Share this:

Nyirantezimana Dinah w’imyaka 25 y’amavuko yahondaguwe n’abaturage bo mu Karere ka Kisoro muri Uganda, bamuziza gusambana n’abana bagera kuri 30, akabanduza SIDA. Uyu mukobwa bivugwa ko akomoka mu Murenge wa Nyange w’Akarere ka Musanze mu Rwanda asanzwe akorera uburaya mu…

Share this:

Mwiza Joannah wakundanye akanabyarana na Uncle Austin yambitswe impeta n’undi musore bagiye kurushinga

Share this:

Mwiza Joannah wabyaranye n’umuhanzi akaba n’umunyamakuru wa Kiss FM , yambitswe impeta n’umusore bitegura kurushinga.   Ku itariki ya 11 Ugushyingo 2021,nibwo Mwiza Joannah abinyujije kumbuga nkoranyamabaga akoresha, agaragaza ko yishimiye kwambikwa impeta n’umusore bamaze igihe bari mu munyenga w’urukundo…

Share this:

Nana yahishuye byinshi ku musore uba mu Bubirigi bagiye kurushinga

Share this:

Uwamwezi Nadege wamama ye ku izina rya Nana muri muri filime y’uruhererekane ya City Maid , yahishuye ibyihariye ku musore uba mu gihugu cy’Ubuligi bari kwitegura kurushinga , anasobanura ibitangaje yakundiye uyu mukunzi we. . Uwamwezi uzwi nka Nana agiye…

Share this:

Arsene Wenger yahishuye ikosa rikomeye yakoze muri Arsenal yabereye umutoza imyaka 22 yose ndetse araryicuza

Share this:

Umunyabigwi w’ikipe ya Arsenal, Arsene Wenger yemeye ko yicuza kuba ataravuye muri Arsenal mbere y’umwaka wa 2018 kuko yagiye ahabwa akazi kenshi n’amakipe akomeye akakanga kugira ngo agume muri iyi kipe.   Iki cyamamare mu butoza cyahoze ari umutoza wa…

Share this: