Ntibisanzwe: Yakingishije inzoka ku gipangu cye kugirango ahime abapangayi be
Umugabo usanzwe afite amazu muri Kenya yakoze agashya akinga urugi rw’igipangu akoresheje inzoka nzima kugira ngo abapangayi akodesha batinjira. . Yakingishije inzoka ku gipangu cye kugirango abapangayi batinjira . Yafungishije inzoka ku gipangu . Mu rwego rwo guhima abapangayi, yashyize inzoka…
Biravugwa: Abarwanyi bateye Rutshuru kuri iki cyumweru baba baraturutse mu Rwanda
Inzego z’ubuyobozi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziravuga ko abarwanyi bataramenyekana baraye bagabye igitero muri Groupement ya Jomba ho muri Teritwari ya Rutshuru baturutse mu gice cy’u Rwanda. Mu ijoro rishyira kuri uyu wa Mbere ni bwo muri kariya…
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwakatiye umugabo wasambanyije umwana yibyariye akamutera inda
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwakatiye igihano cy’igifungo cy’imyaka 20 umugabo wasambanyije umwana we akamutera inda. Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwaburanye urubanza bwaregagamo umugabo wasambanyije umwana yibyariye wari ufite imyaka 17 y’amavuko akamutera inda ku itariki ya 05 Ukwakira…
Dore amakosa 7 ukwiye kwirinda igihe uri koga kuko yagushyira mu kaga gakomeye
Koga buri munsi ni ingenzi ku isuku y’umubiri, kuko bifasha gusohora imyanda mu mubiri no kurinda uruhu. Uburyo ndetse n’ibyo ukora mu gihe uri koga ni ingenzi cyane kuko bigena imiterere myiza cg mibi y’uruhu rwawe. . Ibintu by’ingenzi ugomba…
Babaho bambaye uko bavutse! Abagabo basangira abagore nk’ikimenyetso cy’ubushuti: Byinshi ku bwoko bw’aba Koma
Kwambara uko wavutse byari byemewe muri Edeni, bitanateye isoni. Icyo gihe nta cyaha cyari kiragera ku isi ku babyemera. Uku kubaho abantu batambaye rero byaje gukwirakwira mu bice bimwe na bimwe by’isi birimo na Afurika kugeza ubwo ubukoroni bwaziye imyenda…
U Rwanda rwatangiye imishyikirano n’urubuga rwa Youtube igamije kureba uko zimwe muri shene zafungwa
Umuvugizi w’urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, Dr Murangira Thierry yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda iri mu biganiro n’ikigo cya YouTube bishobora gutuma zimwe muri shene zifungwa. . Zimwe muri Shene za Youtube zishobora gufungwa . Leta y’ U Rwanda irimo…
Reba ikintu cyatumye Zinedine Zidana yanga gutoza manchester United
Amakuru yatangajwe n’ibinyamakuru avuga ko Zinedine Zidane adashobora kwerekeza muri Manchester United bivugwa ko imwifuza ngo asimbure Ole Gunnar Solskjaer uri gutsindwa umusubirizo. Zidane w’imyaka 49 nta kazi afite nyuma yo kuva muri Real Madrid,gusa ikinyamakuru cyo muri Espagne…
Udushya utamenye twaraze igitaramo cya Bruce Melodie kitabiriwe cyane urebe n’amanota yihaye kirangiye[AMAFOTO]
Niba waracitswe kureba imbonankubone igitaramo “10 Years Of Bruce Melodie” cya Bruce Melodie cyo kwizihiza imyaka 10 ishize ari mu muziki Iwacumarket.xyz igiye kukunyuriramo muri make iby’ingenzi n’udushya byaranze iki gitaramo. . Uko igitaramo cya Bruce Melody cyagenze ….
Mu mafoto reba uko byari byifashe mu gusaba no gukwa Miss Keza Joannah
Miss Bagwire Keza Joannah wegukanye ikamba rya Miss Heritage muri Miss Rwanda 2015, akaba ari n’umunyamakuru wa KISS FM yasabwe anakobwa n’umukunzi we Murinzi Michel. . Umuhango wo gusaba no gukwa Miss Keza Joannah . Miss Keza Joannah yasabwe aranakobwa…
Ibibazo 10 ugomba kwibaza mbere yo gutandukana n’umukunzi wawe kugirango ejo utazicuza bitagifite igaruriro
Gutandukana n’umukunzi wawe si ibintu byoroshye na mba. Hari abatandukana babihubukiye, nyuma bakifuza kuba bakongera gukundana n’abo bashwanye, ugasanga ntibibashobokeye cyangwa bakabigeraho bibagoye cyane. . Ibibazo wakwibaza bikakurinda guhubuka igihe ugiye gutandukana n’umukunzi wawe . Uko wamenya niba gutandukana…