Month: November 2021

Ibyo Kaddafi Pro na Dj Brianne bakoreye mu gitaramo cya Bruce Melody biratangaje – VIDEO

Share this:

Umuhanzi Bruce Melodie yanditse amateka atazibagirana mu muziki nyarwanda mu gitaramo gikomeye yakoze mu rwego rwo kwizihiza imyaka 10 amaze mu ruhando rwa muzika nyarwanda .   . Kaddafi Pro na Dj Brianne bari bahuje urugwiro . Kaddafi Pro na Dj…

Share this:

Niyo Bosco yaserukanye agashya mu gitaramo cya bruce Melody atuma amarangamutima ya benshi azamuka – AMAFOTO

Share this:

Umuhanzi Niyo Bosco yazamuye amarangamutima y’abatari bake bari bitabiriye igitaramo cya Bruce Melodie kuri uyu mugoroba wo kuwa Gatandatu tariki 06 Ugushyingo, aho yaririmbye akava ku rubyiniro abantu batabishaka. Uyu muhanzi yaserutse ku rubyiniro arinzwe na Rutambi, umusore w’amatuza uzwi…

Share this:

Hamuritswe imodoka ibonerana itangaza abatari bake ku isi – AMAFOTO

Share this:

Tekereza wicaye mu modoka mu Rwanda cyane cyane nko mu mujyi wa Kigali, ahaba abantu benshi ,ariko nanone abantu bakaba babasha kureba ibintu byose biri mu modoka imbere, yaba abantu bayicayemo, ibyuma biyikoze, ndetse nibindi.Uko urimo kubyumva ninako iyi modoka…

Share this:

Ikamyo yikoreye esanse yaturikiye mu mugi ihitana abantu basaga 100

Share this:

Abantu batari bake baraye bapfuye abandi barakomereka ubwo ikimodoka gitwara ibikomoka kuri peteroli cyaturikiraga ku murwa mukuru wa Sierra Leone, Freetown.   Iyi mpanuka yabaye ubwo iyi kamyo ipima metero 12 yagonganaga n’iyindi modoka mu mahuriro y’umuhanda hasanzwe haba abantu…

Share this:

Imitoma 50 wabwira umukobwa mukundana aka kanya akazagukunda iteka ryose

Share this:

Ndabizi ko ukunda umukunzi wawe cyane, ariko wabuze amagambo wakoresha ukabasha kumusobanura neza ndetse akaba yanagutandukanya n’abandi basore baziranye cyangwa bigeze bahura. Ahari umara umwanya wawe usoma ibitabo ngo ukuremo amagambo ariko byaranze. Uyu munsi iwacumarket.xyz iragufasha.   Mbere na…

Share this:

Kwizera Olivier yahawe akayabo yemera gusubira muri Rayon Sports

Share this:

Umwe mu banyezamu ba mbere mu Rwanda,Kwizera Olivier, umaze igihe yaranze gutangira akazi muri Rayon Sports, yamaze kwemera kugaruka muri iyi kipe nyuma yo guhabwa miliyoni enye z’Amanyarwanda.   Uyu muzamu yagombaga guhabwa miliyoni 8 z’Amanyarwanda, gusa ikipe ya Rayon…

Share this:

Reba amfafoto y’ibyamamare by’abanyarwandakazi ayoboye ayandi kuri Instagram muri iki cyumweru

Share this:

Muri iki cyumweru turimo gusoza, ibyamamarekazi nyarwanda batandukanye babinyujije ku mbuga nkoranyambaga bakoresha basangije abafana babo ndetse n’ababakurikirana muri rusange amafoto atandukanye.   Hano twabakusanyirije amwe mu mafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda bitandukanye yabiciye bigacika kuri instagram muri iyi minsi y’icyumweru turangije,aho…

Share this:

Abakobwa: Dore abasore ukwiye kwirinda gukundana na bo kuko nta kindi baguha uretse agahinda

Share this:

Ni kenshi abakobwa bakunze kwibeshya ku basore baha urukundo ugasanga bibagizeho ingaruka nyuma kuko baba barakunze abasore batabikwiriye ariyo mpamvu buri mukobwa wese akwiriye gushishoza mbere yo kwemerera urukundo umusore akabanza akareba koko niba bazashobokana. . Ibiranga umusore utazaguha urukundo…

Share this:

Dore ibimenyetso simusiga byakwereka ko umukobwa yakwihebeye kandi agukunda by’ukuri

Share this:

Ni byinshi umusore yagenderaho akavumbura ko inkumi runaka imukunda kandi yifuza ko babana, kuko nabo bakunda kandi bakerekana amarangamutima.   . Ibimenyetso byakwereka ko ukobwa yagukunze . Ibimenyetso abakobwa bakoresha beraka umusore ko bamukunze   Muri byo, twahisemo kugaruka ku…

Share this:

Dore inyubako 10 zubatse mu buryo butangaje cyane ku buryo zirangarirwa na benshi ku isi – AMAFOTO

Share this:

Uko bukeye n’uko bwije, abubatsi bagenda bahindura ibishushanyo mbonera by’amazu, hari izo bubaka mu buryo butangaje cyane bigatuma hari inyubako batereka ahantu ikarangaza benshi.   Hagiye herekanwa inyubako zitangaje, mu burebure, mu bunini, mu kuba zubatse ku mazi, ahantu hateye…

Share this: