Xavi yagizwe umutoza wa FC Barcelone yahoze akinira ikaba iri mu bihe bibi muri iki gihe
Ikipe ya Al Sadd yo mu gihugu cya atar yemeje ko yumvikanye na Barcelona k’uwari umutoza wayo, Xavi Hernandez, ko agiye gusubira i Catalonia gutoza iyi kipe yamureze. Ikipe ya AL SADD yemeje ko Barcelona yishyuye icyamamare Xavi amafaranga…
Wari uzi ko wakwigarurira umutima w’umukobwa ukunda nta jambo na rimwe uvuze? Dore uko wabyitwaramo
Kugeza ubu buri musore wese azi neza ko kwigarurira burundu umutima w’umukobwa akunda bishobora kumusaba ubumenyi runaka!, Uyu munsi ntitugiye kuvuga ku byo kumusaba aka “Number” ubwa ya ndirimbo ahubwo tugiye kwibanda ku buryo ushobora kwigaragarizamo uwo wakunze agatwarwa n’agatotsi…
Minisitiri w’intebe yahawe igihe ntarengwa ngo abe yakemuye ikibazo uruganda rwa SteelRwa rufitanye n’abaturage baruturiye
Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, yasabye Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente ko mu myaka ibiri agomba kuba yacyemuye ikibazo cy’uruganda SteelRwa n’abaturage bahora bataka ko ibinyabutabire biruvamo bibahumanya. . Imyuka ihumanya iva mu ruganda rwa steelRwa ikomeje kubangamira abaturage…
Yvan Muziki yategetswe gusiba indirimbo yakoranye na Marina
The Mane Music inzu isazwe ifasha umuhanzi Marina yategetse Umuhanzi Yvan Muziki gusiba indirimbo “Aho “ yakoranye na n’uyu muhanzikazi iri kuri EP ye nshya yise ‘True Love’ yitegura gushyira hanze. . The Mane yategetse Yvan Muzika gusiba indirimbo True…
Umuntu wawe muri njye aragukumbuye cyane! Byutsa umukunzi wawe ukoresheje aya magambo urebe ibintu bitangaje bizaba mu rukundo rwanyu
Tangira umunsi we n’aya magambo meza cyane kugira ngo amenye uburyo intekerezo zawe zasariye ize. Amenye uburyo isaha ikubangamira iyo bwije kuko uba umurota. Ntabwo ari ibinyoma, iyo ukunda umuntu ukora iyo bwabaga ukabasha kumwereka ko atekanye kandi ukabishimangira. …
Ntibisanzwe: Hillary Yahawe imyanya y’akazi 21 yose nyuma y’amasaha 3 gusa ashyize hanze ifoto yerekana ko yarangije Kaminuza – AMAFOTO
Muri ibi bihe kubona akazi ni ukubifatanya n’amasengesho akomeye, mu gihe hari abarangiza Kaminuza bagahita binjira mu myanya y’akazi gakomeye kandi bataratsindaga neza mu ishuri. Umukobwa w’uburanga witwa Hillary Nzilani yerekanye ifoto ye ku mbuga nkoranyambaga ko arangije kwiga ahita…
Byinshi kuri vitamin E ifasha mu ikorwa ry’intanga, amaraso, kurinda kubara mu gihe cy’imihango…
Vitamini E ni imwe muri vitamini zidakunze kuboneka henshi ikanaba muri vitamini zidasohoka mu nkari bivuze ko gufata inyongera zayo nyinshi atari byiza. . Akamaro ka Vitamini E mu mubiri w’umuntu . Ibyo kurya wasangamo Vitamini E Iyi vitamini…
Birababaje: I Nyamirambo Umugabo Yafashe Umugore We Ari Kumwe N’undi Mugabo Mu Buriri Bwe. Reba Ibyakurikiyeho. Video
Mu kagari ka Rugarama, mu murenge wa Nyamirambo umugabo witwa Munyaneza Jean Bosco yasanze umugore we uryamye n’undi musore maze ahita abafungira ashaka kwambura ubuzima uwo mugabo yasanze iwe maze akizwa n’ababafunguriye. . Umugabo Yaguye Gitumo Umugore We . Yasanze…
Umukinnyi w’iteramakofe yishwe n’igipfunsi yatewe n’uwo bari bahanganye
Ibibazo ni byinshi ku bijyanye n’uburyo umutekano w’abakinnyi b’umukino w’iteramakokofe (boxe) witaweho muri Zimbabwe nyuma y’aho Taurai Zimunya apfuye kubera amakofe yakubiswe mu mukino yakiniraga i Harare. . Taurai Zimunya wakinaga iteramakofe yishwe n’igipfunsi yatewe . Taurai Zimunya yapfuye nyuma yo…
Umusore W’imyaka 24 Arashinjwa Kwica Se Ndetse Yigamba Ko Na Mukase Iyo Ahamusanga Aba Yarabarangirije Rimwe
Urukiko rw’Ibanze rwa Kamembe kuri uyu wa Kabiri, itariki 2 Ugushyingo 2021 rwahaye ishingiro icyifuzo cy’Ubushinjacyaha maze rutegeka ko umusore w’imyaka 24 ukekwaho kwica ise akurikiranwa afunzwe by’agateganyo iminsi 30 muri gereza. Icyaha uregwa ashinjwa cyakozwe ku itariki ya 14…