Month: November 2021

Kenya iri guteza cyamunara indege zishaje harimo nizigurishwa 45,000RWF

Share this:

Ikigo cya Kenya gishinzwe ibibuga by’indege, KAA, cyatangaje ko kigiye guteza cyamunara indege 73 zabuze ba nyirazo, uwifuza imwe muri zo akaba ashobora kwishyura amashilingi 5000 (mu mafaranga y’u Rwanda angana n’45,850). Iki kigo gisobanura ko ba nyir’izi ndege ziri…

Share this:

Ijoro ryanjye ni wowe uryiharira – Amagambo y’urukundo wabwira umukunzi wawe akagukunda by’iteka – Abakobwa gusa

Share this:

Amagambo meza ni mugenzi w’Imana. Amagambo meza ushobora kubwira uwo wihebeye ashobora kumubera ikiraro kimugeza ku mutima wawe. Iyi nkuru yagenewe abakobwa bifuza kugumana abo bakunda. . Amagambo meza y’urukundo wabwira umukunzi wawe . Imitoma wakoresha mu gitondo ushimisha umukunzi…

Share this:

Pasiteri Zigirinshuti Michel yahagaritswe muri ADEPR nyuma yo kubwiriza atanga urugero ku bacengezi

Share this:

Umuvugabutumwa umaze kumenyekana cyane mu Rwanda, Pasiteri Michel Zigirinshuti, yahagaritswe n’itorero rya ADEPR kubera amagambo yakoresheje ubwo yabwiriziga abigishwa, akageraho atanga ingero yifashishije intambara y’abacengezi yabaye mu Rwanda. .  Pasiteri Michel Zigirinshuti yavuze ko abanze kwitandukanya n’abacengizi bose bishwe . …

Share this:

Ibyo wakora ukigarurira umutima w’umukobwa nyuma y’icyumweru kimwe gusa mumenyanye. Wowe bigerageze gusa wirebere

Share this:

Birashoboka ko hari umukobwa mwiza wabonye ndetse ukabona ko yazakubera umugore mwiza ariko ukabura aho uhera umusaba urukundo ngo wigarurire umutima we. Aha rero hari inama abahanga mu bijyanye n’imibanire batanga wakurikiza ukabasha kwigarurira umutima w’uwo wakunze mu gihe kitarenze…

Share this:

Waba ugira imihango ikurya cyane? Dore ibyo wakora n’ibyo wakwirinda bikakurinda ububabare

Share this:

Kubabara mu gihe cy’imihango imihango Iki ni ikibazo abakobwa benshi n’abagore bahura na cyo.Usanga buri wese wahuye n’iki kibazo ashakisha uko yagikemura akoresheje uburyo butandukanye ndetse akanarangira mugenzi we uko yabigenje agakira. . Icyo wakora mu gihe uribwa mu gihe…

Share this:

Umutoza Ole yavuze ibintu bikomeye kuri Cristiano Ronaldo ukomeje kumukura mu menyo ya rubamba

Share this:

Umutoza Ole Gunnar Solskjaer w’Ikipe ya Manchester United, yavuze imyato Cristiano Ronaldo nyuma yo kongera kurokora iriya kipe muri UEFA Champions league.   . Cristiano Ronaldo yongeye gutabara umutoza Ole . Cristiano Ronaldo yafashije Manchester United kunganya na Atalanta  …

Share this:

Ibimenyetso 6 bizakwereka ko umukobwa yifuza ko mujyana mu gitanda

Share this:

  1. Yifuza kuba kumwe nawe muri mwenyine: Niba ahora aza kugusura aho uba kandi uba wenyine ni ikimenyetso ko yifuza ko murenga ubucuti busanzwe. 2. Akoherereza ubutumwa bushotorana: Niba umukobwa ahora akoherereza ubutumwa bw’imitoma, akubaza ibijyanye n’akabariro cyane cyangwa…

Share this:

Ibimenyetso 10 byakwereka ko urwaye impyiko

Share this:

Abantu benshi barwara impyiko ariko ntibabimenye kubera kwitiranya ibimenyetso byazo n’ibindi cyangwa kubera ko nta kimenyetso na kimwe babonye.   . Akamaro k’impyiko mu mubiri w’umuntu . Ibimenyetso biranga umuntu urwaye impyiko   Impyiko ni igice gikomeye cyane mu mikorere…

Share this:

AS Kigali yandagaje Kiyovu Sports kuri Sitade ya Kigali

Share this:

Ikipe ya AS Kigali yakoze ibyo benshi batatekerezaga ku munsi wa kabiri wa shampiyona y’u Rwanda, ubwo yanyagiraga Kiyovu Sports ibitego 4-0 mu mukino wabereye kuri stade ya Kigali i Nyamirambo. . AS Kigali yanyagiye Kiyovu Sports 4-0 . Kiyovu…

Share this:

Tottenham yemeje Antonio Konte nk’umutoza wayo

Share this:

Ikipe ya Tottenham Hotspur yo mu gihugu cy’u Bwongereza, yemeje Umutaliyani Antonio Conte nk’umutoza wayo mushya. Conte wari udafite akazi nyuma yo gutandukana na Inter de Milan, yasinye amasezerano yo gutoza Tottenham kugeza mu mpeshyi ya 2023 ariko ashobora kongerwa…

Share this: