Kenya iri guteza cyamunara indege zishaje harimo nizigurishwa 45,000RWF
Ikigo cya Kenya gishinzwe ibibuga by’indege, KAA, cyatangaje ko kigiye guteza cyamunara indege 73 zabuze ba nyirazo, uwifuza imwe muri zo akaba ashobora kwishyura amashilingi 5000 (mu mafaranga y’u Rwanda angana n’45,850). Iki kigo gisobanura ko ba nyir’izi ndege ziri…
Ijoro ryanjye ni wowe uryiharira – Amagambo y’urukundo wabwira umukunzi wawe akagukunda by’iteka – Abakobwa gusa
Amagambo meza ni mugenzi w’Imana. Amagambo meza ushobora kubwira uwo wihebeye ashobora kumubera ikiraro kimugeza ku mutima wawe. Iyi nkuru yagenewe abakobwa bifuza kugumana abo bakunda. . Amagambo meza y’urukundo wabwira umukunzi wawe . Imitoma wakoresha mu gitondo ushimisha umukunzi…
Pasiteri Zigirinshuti Michel yahagaritswe muri ADEPR nyuma yo kubwiriza atanga urugero ku bacengezi
Umuvugabutumwa umaze kumenyekana cyane mu Rwanda, Pasiteri Michel Zigirinshuti, yahagaritswe n’itorero rya ADEPR kubera amagambo yakoresheje ubwo yabwiriziga abigishwa, akageraho atanga ingero yifashishije intambara y’abacengezi yabaye mu Rwanda. . Pasiteri Michel Zigirinshuti yavuze ko abanze kwitandukanya n’abacengizi bose bishwe . …
Ibyo wakora ukigarurira umutima w’umukobwa nyuma y’icyumweru kimwe gusa mumenyanye. Wowe bigerageze gusa wirebere
Birashoboka ko hari umukobwa mwiza wabonye ndetse ukabona ko yazakubera umugore mwiza ariko ukabura aho uhera umusaba urukundo ngo wigarurire umutima we. Aha rero hari inama abahanga mu bijyanye n’imibanire batanga wakurikiza ukabasha kwigarurira umutima w’uwo wakunze mu gihe kitarenze…
Waba ugira imihango ikurya cyane? Dore ibyo wakora n’ibyo wakwirinda bikakurinda ububabare
Kubabara mu gihe cy’imihango imihango Iki ni ikibazo abakobwa benshi n’abagore bahura na cyo.Usanga buri wese wahuye n’iki kibazo ashakisha uko yagikemura akoresheje uburyo butandukanye ndetse akanarangira mugenzi we uko yabigenje agakira. . Icyo wakora mu gihe uribwa mu gihe…
Umutoza Ole yavuze ibintu bikomeye kuri Cristiano Ronaldo ukomeje kumukura mu menyo ya rubamba
Umutoza Ole Gunnar Solskjaer w’Ikipe ya Manchester United, yavuze imyato Cristiano Ronaldo nyuma yo kongera kurokora iriya kipe muri UEFA Champions league. . Cristiano Ronaldo yongeye gutabara umutoza Ole . Cristiano Ronaldo yafashije Manchester United kunganya na Atalanta …
Ibimenyetso 6 bizakwereka ko umukobwa yifuza ko mujyana mu gitanda
1. Yifuza kuba kumwe nawe muri mwenyine: Niba ahora aza kugusura aho uba kandi uba wenyine ni ikimenyetso ko yifuza ko murenga ubucuti busanzwe. 2. Akoherereza ubutumwa bushotorana: Niba umukobwa ahora akoherereza ubutumwa bw’imitoma, akubaza ibijyanye n’akabariro cyane cyangwa…
Ibimenyetso 10 byakwereka ko urwaye impyiko
Abantu benshi barwara impyiko ariko ntibabimenye kubera kwitiranya ibimenyetso byazo n’ibindi cyangwa kubera ko nta kimenyetso na kimwe babonye. . Akamaro k’impyiko mu mubiri w’umuntu . Ibimenyetso biranga umuntu urwaye impyiko Impyiko ni igice gikomeye cyane mu mikorere…
AS Kigali yandagaje Kiyovu Sports kuri Sitade ya Kigali
Ikipe ya AS Kigali yakoze ibyo benshi batatekerezaga ku munsi wa kabiri wa shampiyona y’u Rwanda, ubwo yanyagiraga Kiyovu Sports ibitego 4-0 mu mukino wabereye kuri stade ya Kigali i Nyamirambo. . AS Kigali yanyagiye Kiyovu Sports 4-0 . Kiyovu…
Tottenham yemeje Antonio Konte nk’umutoza wayo
Ikipe ya Tottenham Hotspur yo mu gihugu cy’u Bwongereza, yemeje Umutaliyani Antonio Conte nk’umutoza wayo mushya. Conte wari udafite akazi nyuma yo gutandukana na Inter de Milan, yasinye amasezerano yo gutoza Tottenham kugeza mu mpeshyi ya 2023 ariko ashobora kongerwa…