Abakobwa: Dore ibimenyetso simusiga byakwereka ko umusore mukundana adateze kukugira umugore. Niba mukiri kumwe urata umwanya wawe
Mumaze igihe kirekire mukundana ariko urabona ibyo kubana biri kure nk’ukwezi!! Komeza usome niba wifuza kumenya ibimenyetso byakwereka ko atazigera akugira umugore we. . Ibimenyetso Byerekana Ko Umusore Mukundana Atazakurongora . Ibimenyetso biranga umusore ufite gahunda . Ntazigera akugira umugore…
Abafana binjiye mu kibuga bamenagura vAR na za Camera nyuma y’uko ikipe yabo itsinzwe – AMAFOTO
Ku cyumweru, abakinnyi ba Gremio bahatiwe guhungira mu rwambariro nyuma yuko abafana bari barakaye cyane bamanutse mu kibuga nyuma yo gutsindwa na Palmeiras ibitego 3-1. . Abafana bamennye VAR bayishinja kubiba mu mukino ikipe yabo yatsinzwe . Ikipe ishobora…
Mu mafoto ihere ijisho ikimero n’uburanga bya Miss Urujeni wifashishijwe mu ndirimbo Tiku Tiku ya Buravan
Umuhanzi Yvan Buravan yasohoye indirimbo ye nshya yise ‘Tiku Tiku’ yifashishijemo Houssina Urugeni Sinderibuye, umunyarwandakazi uri mu mubakobwa 8 bari guhatanira ikamba rya Miss Africa France 2021, irushanwa ritora umukobwa uhiga abandi mu bwiza mu Banyafurika batuye mu Bufaransa ….
Umunyezamu Denis Onyango wahoze ari Kapiteni wa Uganda Cranes yaciye agahigo ku isi katarakorwa n’undi munyezamu uwo ari we wese
Denis Onyango ukomoka muri Uganda yashyizeho agahigo ko gufata Penariti 5 mu mukino umwe wenyine. . Umuzamu Denis Onyango yafashe penaliti 5 mu mukino umwe . Denis Onyango yaciye agahigo gakomeye ku isi . Denis Onyango yafashije ikipe ye…
Ntibisanzwe: Sosiyete ikomeye igiye guha akazi abantu bashobora kuryama igihe kinini kurusha abandi ibahembe akayabo
Biratangaje kuba umuntu yahabwa akazi ko kuryama gusa, Kompanyi ya Crafted Beds yo muri Ghana iri mu zikomeye ikora ibijyanye na matera, iyiye gutanga akazi ku bantu bazajya baryama kuri matera zabo aho ku kwezi izajya yishyura umuntu ibihumbi 17…
Ibintu 5 ugomba kwirinda gukora mbere gato yo gutera akabariro kuko byagukururira ibyago bikomeye
Gutera akabariro bifitiye akamaro gakomeye umubiri nko gutuma umutima ukora neza, kugabanya umunaniro ukabije, kugabanya umuhangayiko, kugabanya uburibwe mu mubiri. . Ibintu bibi ugomba kwirinda gukora mbere y’imibonano mpuzabits1na . Ntuzakore ibi bintu mbere yo gutera akabariro Nyamara…
Abakobwa: Dore ibintu 7 byizewe wakorera umusore mukundana ntazigere aguca inyuma
Abantu benshi bavuga kenshi ko nta kintu wakora ngo ubuze umusore kuguca inyuma, ariko na none ntiwaterera agati mu ryinyo ngo utegereze ko bikubaho. . Uburyo bworoshye bwagufasha kurinda umugabo wawe kuguca inyuma . Uko warinda umusore mukundana kuguca…
Rubavu: abana 4 bari baraburiwe irengero basanzwe mu buvumo barapfuye
Abana bane bo mu murenge wa Bugeshi ho mu karere ka Rubavu bari bamaze imyaka itatu baraburiwe irengero, kuri iki Cyumweru basanzwe mu buvumo barapfuye. . Abana 4 bapfiriye mu buvumo . Habonetse imirambo 4 y’abana bari barabuze …
mugiraneza Jean Baptiste uzwi nka Migi yapfushye umubyeyi
Mugiraneza Jean Baptiste wamenyekanye nka Migi mu kipe y’Igihugu ‘Amavubi’ no mu makipe atandukanye, ari mu gahinda gakomeye nyuma yo gupfusha nyina umubyara. Inkuru y’urupfu rw’umubyeyi wa Migi witabye Imana azize uburwayi yamenyekanye kuri uyu wa Mbere tariki ya 01…
Rulindo: Umubyeyi wari ugiye kubyara yoherejwe ku bitaro abwirwa ko umwana yapfuye nyamara agezeyo abyara umwana muzima
Umubyeyi witwa Mukankusi Penninah avuga ko yagiye kuri kimwe mu bigo nderabuzima byo mu Murenge wa Ntarabana mu Karere ka Rulindo, avuga ko yagiye kubyara, ageze ku kigo nderabuzima abaganga bakamubwira ko umwana atwite yapfuye, bamwohereza ku Bitaro bya Kibagabaga,…