Zari Hassan yahishuye ukuntu yakubiswe azira guterekera abagabo amaso
Icyamamare Zari Hassan uzwi nka The Boss Lady mu myidagaduro, yahishyuye agahinda yigeze guterwa n’umugabo we nyakwigendera Ivan Ssemwanga aho bakundwakazanyaga ariko rimwe na rimwe bakarwana bikomeye. . Zari Hassan yahishuye uburyo yakubitwaga na Ssemwanga azira kurebana n’abagabo . Zari…
Abasore gusa: Witwaye muri ubu buryo biragoye kugira ngo hagire umukobwa ukwima urukundo
Ni kenshi usanga umuhungu yakunze umukobwa ariko akabura aho abihera abimubwira cyangwa yabimubwira bakamukurizaho bimwe ab’ubu bita “gutera indobo”. Burya umuntu aterwa indobo kubera uburyo yitwaye atereta, iyo umukobwa nta gahunda agufiteho ubimenya mbere y’uko umubwira ijambo ndagukunda. Dore…
Niba ubona ibi bimenyetso ku musore mukundana menya ko yiteguye gushinga urugo uramenye ntuzabe umwana ngo agucike
Abasore benshi bakunda kwicara bakibaza niba igihe cyabo cyigeze ngo nabo bashinge urugo rwabo, noneho ugasanga barabuze icyabemeza niba gushinga urugo ari ibintu bizaborohera cyangwa se bizababera ihurizo rikomeye. Dore Ibintu 7 bigaragaza ko umusore yiteguye gushinga urugo …
Umupolisi yapfuye amarabira nyuma yo kugerageza guca inyuma umugore we
Amakuru yaturutse muri Zimbabwe yavuze ko umupolisi wari usanzwe afite umugore yapfuye ubwo yashakaga gusambana n’umugore bari bahuriye muri parking. Amakuru avuga ko ibi byabereye muri parking y’agace kaberamo ubucuruzi aho uyu mupolisi Makomborero Mazowe yahuriye n’uyu mugore bari…
Hongeye kugaragara ubwoko bushya bwa covid-19 bwahawe izina rya OMICRON mINSSANTE ihita itangaza ingamba nshya
Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangaza ko guhera tariki ya 28 Ugushyingo abinjira mu Rwanda bazajya bajya mu kato k’amasaha 24 muri hoteli mu rwego rwo gukumira Covid-19 nshya yihindurije yabonetse muri Afurika y’Amajyepfo.
Dore umutoma woherereza umukobwa mu gitondo urukundo rugahita rwikuba ndetse akirirwa agutekereza umunsi wose
Muri iyi si y’ikoranabuhanga n’iterambere ryihuta abakundana basa n’abahorana kuko baba bavugana umunota ku wundi, byaba binyuze kuri telefoni bisanzwe cyangwa ku mbuga nkoranyambaga. Ibi bituma umuntu abasha kumenya amakuru y’umukunzi we isaha ku yindi. Abenshi bandikirana mu gitondo bakibyuka…
Abakobwa: Dore inyungu yo kwima umusore igihe cyose mutarushinga ndetse n’uko wabigenza ngo ubigereho
Abakobwa benshi bibeshya ko kuryamana n’umuhungu uba umufatishije, ko adashobora kuguca inyuma, ahubwo ko iyo agusabye ukamwima bituma ajya kubishaka ahandi akaguca inyuma. Nyamara ibi nukwibeshya cyane, iyo wamenyereje ko umusore ko buri gihe uko agushatse ahita akubona, iyo akubuze…
Weekend ntigupfire ubusa: Dore amabanga yizewe yagufasha kwigarurira umutima w’umukobwa wihebeye mu kanya nk’ako guhumbya. Gerageza gusa ubundi uzambwira
Hari benshi mu basore usanga bibaza icyo bakora bakigarurira imitima y’abakobwa bakundana nyamara burya mu rukundo hari ibyo aba asabwa kumukorera kandi mu by’ukuri bitanagoye cyane. . Ibintu byoroheje wakora ukigarurira umutima w’umukobwa ukunda . Kora ibi bintu wirebere ngo…
Nyuma y’imyaka 9 Bruce Melody yasubije umunyamakuru wamubwiye ko ntaho azagera kubera isura ye itari nziza anahishura ahavuye izina Munyakazi
Icyamamare Bruce Melodie ukunzwe mu muziki w’u Rwanda , yahaye igisubizo cyiza umunyamakuru wamusebeje avuga ko isura ye arimbi idacuruza anamugereranya nk’umuntu w’umugome mubi cyane,yanakomoje ku izina rye ’Munyakazi’ aho ryavuye . Bruce Melody yakoze igitaramo cy’amateka . Umunyamakuru yabwiye…
Urutonde rw’abakinnyi 10 bahembwa agatubutse kurusha abandi mu Rwanda n’imishahara yabo
Abakinnyi b’umupira w’amaguru hirya no hino ku isi bari mu binjiza agatubutse ndetse no mu Rwanda niko bimeze kuko abakinnyi bari mu binjiza akayabo bakura ku mpano yabo. . Abakinnyi bahembwa menshi muri shampiyona y’u Rwanda . Tuyisenge Jacques ayoboye…