Month: November 2021

Birabaje: Umukobwa w’imyaka 22 avuga ko atazongera gushaka nyuma yo gucibwa akaboko n’uwari umugabo we – UBUHAMYA

Share this:

Janet Auma hamwe n’umubyeyi we umubyara Modesta Owino bagaragaye ku bitaro byitwa Busia Referral, aho uyu mukobwa yatangarije itangazamakuru ko atazongera gushaka kubera ibikomere yasigiwe n’uwari umugabo we akaza kumuca akaboko. Uyu mwari wagizwe umugore afite imyaka micye, yasabye abagore…

Share this:

Miss Uwase Vanessa yavuze ku itandukana rye na Yverry bamaze igihe bakundana

Share this:

Nyuma y’amakuru yari amaze iminsi acicikana avuga ko Yverry yaba yaratandukanye n’umukunzi we bamaranye imyaka irenga ibiri, uyu mukobwa witwa Vanessa Uwase yafashe umwanya ahamya ko yiyeguriye uyu muhanzi bizira iherezo.   . Urukundo rwa Miss Vanessa Uwase n’umuhanzi Yverry…

Share this:

Amashusho Ya Hamisa Mobetto Wabyaranye Na Diamond Asomana Na Rick Ross Wo Muri Amerika Akomeje Guca Ibintu – AMAFOTO + VIDEO

Share this:

Nyuma y’igihe umuhanzikazi akaba n’umunyamideli Hamisa Mobetto ahakanye ko atari mu rukundo na Rick Ross bari bamaze igihe baca amarenga yo gukundana, kuri ubu bahuriye i Dubai aho bari kugirana ibihe byiza. Aba bombi bagaragaye mu mashusho ari gucicikana ku…

Share this:

Italiki y’ubukwe bwa Bijoux na Lionel Sentore yamenyekanye

Share this:

Aline Munezero uzwi muri filime ya Bamenya n’umuhanzi Lionel Sentore wo mu njyana ya gakondo batangaje amatariki y’ubukwe bwabo. . Bijoux agiye gukora ubukwe na Lionel Sentore . Ubukwe bwa Bijoux buratashye . Bijoux agiye kurongorwa na Lionel Sentore ….

Share this:

Yvette wamamaye muri City maid yateye umutoma ukomeye musaza wa Young Grace bari mu munyenga w’urukundo

Share this:

Umutoni Yvette umaze kubaka izina muri sinema y’u Rwanda,yatomagije King Philosophe, musaza wa Young Grace. Umutoni yafashe ifoto ari kumwe na King Philosophe ayishyira ku rukuta rwe rwa Instagram ayiherekeresha impine y’amagambo ‘Love of my life’, aho yashakaga kuvuga ko…

Share this:

Ikibuno kinini n’uburanga ntibizagushuke! Dore ibimenyetso 10 bizakwereka umugore mwiza

Share this:

Abagabo benshi usanga bahanze amaso ku bagore bafite ikibuno kinini, ba bagore tubona inyuma haba mu maso n’indi miterere y’umubiri bakavuga ngo ni beza, ariko ibyo byose hari igihe usanga waribeshye iyo mugeze mu rugo. . Ibimenyetso biranga umugore mwiza…

Share this:

Dore ibimenyetso 9 bizakwereka ko yifitiye undi bakundana! Kuramo akawe karenge

Share this:

Kutizerana hagati y’abakundana n’abashakanye ni ikintu kiri gukura cyane muri iyi minsi, mbese kiri kuba nk’umuco w’urubyiruko rw’ubu, ahari wagira ngo hari uwabateye umwete wo kubikora. N’ubwo bimeze bityo si bose bamenya ko bashyizwe inyuma y’umuryango ngo batamenya uko iyo…

Share this:

Dore ibimenyetso 7 byakwereka ko urukundo urimo rudafashije ndetse ko ntaho ruzagera

Share this:

Hari igihe umukobwa cyangwa umusore yibwira ko ari mu rukundo nyamara urebye neza ibyo we yita urukundo wasanga ari urukundo rudafatika ndetse rudafite iyo ruva n’aho rugana. Urukundo nkuru rugutakariza igihe rukanakubabaza ariyo mpamvu ntawukwiriye kurujyamo abibona. . Urukundo Rudafite…

Share this:

Ifurize umukunzi wawe ijoro ryiza muri aya magambo urebe ngo arara akurota akazageza ejo akigutekereza

Share this:

Bakunzi b’iwacumarket.xyz, ntawe utashimishwa nokwakira ubutumwa bugufi bw’urukundo buvuye kuwo akunda mumasaha atandukanye y’umunsi ariko bikaba akarusho igihe uyakiriye mumasaha yo kuryama! . Amagambo Meza Y’urukundo . Uko Wakwifuriza Umukunzi Wawe Ijoro Ryiza . Imitoma Y’umugoroba,Imitoma Ya Nijoro . Amagambo…

Share this:

Umusore aratangaje. Yiyise Lt colonel kugirango akodeshe imodoka muri Volkswagen. Dore ibimubayeho

Share this:

Polisi y’u Rwanda yerekanye umusore wiyise umusirikare ufite ipeti rya Lieutenant Colonel agakodesha imodoka mu Ruganda rwa Volkswagen avuga ko iye yagize ikibazo kandi ari mu kazi ka Leta. . Umusore yatawe muri yombi kubera kwiyita Lt. Col kandi ari…

Share this: