Birabaje: Umukobwa w’imyaka 22 avuga ko atazongera gushaka nyuma yo gucibwa akaboko n’uwari umugabo we – UBUHAMYA
Janet Auma hamwe n’umubyeyi we umubyara Modesta Owino bagaragaye ku bitaro byitwa Busia Referral, aho uyu mukobwa yatangarije itangazamakuru ko atazongera gushaka kubera ibikomere yasigiwe n’uwari umugabo we akaza kumuca akaboko. Uyu mwari wagizwe umugore afite imyaka micye, yasabye abagore…
Miss Uwase Vanessa yavuze ku itandukana rye na Yverry bamaze igihe bakundana
Nyuma y’amakuru yari amaze iminsi acicikana avuga ko Yverry yaba yaratandukanye n’umukunzi we bamaranye imyaka irenga ibiri, uyu mukobwa witwa Vanessa Uwase yafashe umwanya ahamya ko yiyeguriye uyu muhanzi bizira iherezo. . Urukundo rwa Miss Vanessa Uwase n’umuhanzi Yverry…
Amashusho Ya Hamisa Mobetto Wabyaranye Na Diamond Asomana Na Rick Ross Wo Muri Amerika Akomeje Guca Ibintu – AMAFOTO + VIDEO
Nyuma y’igihe umuhanzikazi akaba n’umunyamideli Hamisa Mobetto ahakanye ko atari mu rukundo na Rick Ross bari bamaze igihe baca amarenga yo gukundana, kuri ubu bahuriye i Dubai aho bari kugirana ibihe byiza. Aba bombi bagaragaye mu mashusho ari gucicikana ku…
Italiki y’ubukwe bwa Bijoux na Lionel Sentore yamenyekanye
Aline Munezero uzwi muri filime ya Bamenya n’umuhanzi Lionel Sentore wo mu njyana ya gakondo batangaje amatariki y’ubukwe bwabo. . Bijoux agiye gukora ubukwe na Lionel Sentore . Ubukwe bwa Bijoux buratashye . Bijoux agiye kurongorwa na Lionel Sentore ….
Yvette wamamaye muri City maid yateye umutoma ukomeye musaza wa Young Grace bari mu munyenga w’urukundo
Umutoni Yvette umaze kubaka izina muri sinema y’u Rwanda,yatomagije King Philosophe, musaza wa Young Grace. Umutoni yafashe ifoto ari kumwe na King Philosophe ayishyira ku rukuta rwe rwa Instagram ayiherekeresha impine y’amagambo ‘Love of my life’, aho yashakaga kuvuga ko…
Ikibuno kinini n’uburanga ntibizagushuke! Dore ibimenyetso 10 bizakwereka umugore mwiza
Abagabo benshi usanga bahanze amaso ku bagore bafite ikibuno kinini, ba bagore tubona inyuma haba mu maso n’indi miterere y’umubiri bakavuga ngo ni beza, ariko ibyo byose hari igihe usanga waribeshye iyo mugeze mu rugo. . Ibimenyetso biranga umugore mwiza…
Dore ibimenyetso 9 bizakwereka ko yifitiye undi bakundana! Kuramo akawe karenge
Kutizerana hagati y’abakundana n’abashakanye ni ikintu kiri gukura cyane muri iyi minsi, mbese kiri kuba nk’umuco w’urubyiruko rw’ubu, ahari wagira ngo hari uwabateye umwete wo kubikora. N’ubwo bimeze bityo si bose bamenya ko bashyizwe inyuma y’umuryango ngo batamenya uko iyo…
Dore ibimenyetso 7 byakwereka ko urukundo urimo rudafashije ndetse ko ntaho ruzagera
Hari igihe umukobwa cyangwa umusore yibwira ko ari mu rukundo nyamara urebye neza ibyo we yita urukundo wasanga ari urukundo rudafatika ndetse rudafite iyo ruva n’aho rugana. Urukundo nkuru rugutakariza igihe rukanakubabaza ariyo mpamvu ntawukwiriye kurujyamo abibona. . Urukundo Rudafite…
Ifurize umukunzi wawe ijoro ryiza muri aya magambo urebe ngo arara akurota akazageza ejo akigutekereza
Bakunzi b’iwacumarket.xyz, ntawe utashimishwa nokwakira ubutumwa bugufi bw’urukundo buvuye kuwo akunda mumasaha atandukanye y’umunsi ariko bikaba akarusho igihe uyakiriye mumasaha yo kuryama! . Amagambo Meza Y’urukundo . Uko Wakwifuriza Umukunzi Wawe Ijoro Ryiza . Imitoma Y’umugoroba,Imitoma Ya Nijoro . Amagambo…
Umusore aratangaje. Yiyise Lt colonel kugirango akodeshe imodoka muri Volkswagen. Dore ibimubayeho
Polisi y’u Rwanda yerekanye umusore wiyise umusirikare ufite ipeti rya Lieutenant Colonel agakodesha imodoka mu Ruganda rwa Volkswagen avuga ko iye yagize ikibazo kandi ari mu kazi ka Leta. . Umusore yatawe muri yombi kubera kwiyita Lt. Col kandi ari…