Dore ibintu utari uzi kandi byoroshye wakorera umugabo wawe akagukunda nk’aho uri umugore umwe ku isi
Abagabo kenshi bashimishwa no kubona bitaweho. Ku babizi neza burya umugabo witaweho, afashwe neza ntacyo wamuburana. Abagore nabo bazwiho gushaka buri kimwe cyose cyatuma umugabo abaho yishimye. Mu gihe ukundanye n’umuntu hari ibintu uba ugomba kumukorera ku buryo bigoye kwibagirwa…
Dore ibintu 7 byagufasha kwigarurira umutima w’uwo ukunda akaguhoza ku mutima
Ahari warebye amafilime menshi avuga ku rukundo, ahari wayigiyemo byinshi. Urukundo rusanzwe akenshi ruba rutandukanye nibyo abantu bareba muri filime.Mu buzima busanzwe urukundo rusaba kubaho ku bwa mugenzi wawe. Tugiye kurebera hamwe uburyo 7 wakoresha ukamwigarurira kandi ukamugumana burundu. …
Abakobwa: Umusore uvuga aya magambo cyangwa akakwitwaraho gutya reka kumuha umutima wawe kuko azakubabaza nta kabuza
Umusore utazi icyo ashaka ntuzamuhe umwanya na muto. Mureke navumbura ko wamuretse azashaka uko mubiganiraho, mwembi mushake uko mukomezanya ariko mwabikemuye. . Umusore Nk’uyu Azakubaba . Ibiranga Umusore Udashobotse Umusore Utazavamo Umugabo Mwiza 1. Umusore ukubwira ko ashaka…
Imitoma 12 irenze! Gerageza umwe aka kanya wirebere ikintu gitangaje kiba mu rukundo rwawe
Burya kugira ngo urukundo rukomeze rutohe ruruheho kuryoha bituruka ku bintu byinshi birimo n’amagambo abakundana babwirana. Menya amagambo akwiriye wabwira umukunzi wawe ubinyujije mu butumwa bugufi bikamushimisha cyane. . Amagambo y’urukundo wakoherereza umukunzi wawe muri SMS . Imitoma yagufasha kwigarurira…
Mani Martin yahishuye uburyo umukobwa yamuhereye uburozi kuri stage n’uburyo guma mu rugo yamuteye ihungabana kubera ibyo yamuzaniye
Umuhanzi Mani Martin yavuze byinshi ku mukobwa wagerageje kumuroga , ubwo yamuhanga impano ari ku rubyiniro, akamutegeka kuyifungura ajyeze kuburiri , anakomoza kw’ihungabana yatewe no gutakaza akazi mu gihe cya COVID-19. . Mani Martin Yahuye N’agahinda Gakabije Kubera Covid-19 Umukobwa…
ibitangaje kuri Vitamini E ifasha abagore n’abakobwa kugira uruhu rukeye n’umusatsi mwiza cyane. Dore ibiribwa wayisangamo
Muri iki gihe abantu benshi cyane cyane ab’igitsina gore usanga bahangayitse bashaka ubwiza bwaba ubwo ku ruhu nko mu maso ndetse n’ubwiza bw’umusatsi.Ibi rero kugira ngo babigereho bakoresha inzira nyinshi ndetse hari n’abo bidahira,aho kugirango uruhu rumere neza ahubwo rugahindana….
Umuco uragwira: Abagore bashyira igikeri mu myanya y’ibanga yabo. Amashusho agaragaza igikeri gisohoka muri umwe muri bo yateje ururondogoro – IMPAMVU + VIDEO
Nyuma yo kubona videwo yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye igaragaza igikeri kiva mu bice by’ibanga by’umugore, benshi bahise batangira kwibaza bwa mbere impamvu cyari kirimo mbere. . Umugore yashyize igikeri mu myanya ye y’ibanga atuma abantu bacika ururondogoro…
Minisitiri w’intebe wa ethiopia yiyemeje kujya ku rugamba akayobora ingabo ze ari kumwe na zo
Minisitiri w’intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed avuga ko ubu noneho agiye kuyobora ingabo ze ari “ku rubuga rw’imirwano”, muri iki gihe iyi ntambara imaze umwaka umwe irimo kwegera umurwa mukuru Addis Ababa. . Abiy Ahmed yafashe icyemezo cyo kujya ku rugamba…
Igisobanuro cy’ijambo Chouchou cyangwa Chou chou rikunze gukoreshwa buhumyi. Dore ibyo ugomba kwitondera mu kurikoresha
Abakundana bakunze kwifashisha amagambo atandukanye ngo berekane urwo bakundana. Rimwe muri ayo magambo akunze gukoreshwa harimo n’ijambo Chou cyangwa ChouChou. . Chou chou bisobanura iki? . Uko wakoresha ijambo Chouchou . Icyo ijambo Chou chou risobanura Rimwe na rimwe…
Umugore aratabaza nyuma yo kugurisha iduka rye amafaranga akayaha umukunzi we wamwizezaga ko bazabana
Mu gihugu cya Kenya haravugwa inkuru y’umugore witwa Sarah Wambui Mbogo urimo gusaba ubufasha nyuma yo guhura n’uruvagusenya mu mujyi wa Mombasa, aho yaje aje guhura n’umukunzi we bahuriye kuri Facebook akanamuha akayabo k’amafaranga amwizeza kumugira umugore. Sarah Wambui…