Month: November 2021

Umusore yasabye gusubizwa inkwano ze nyuma yo gukwa umugore azi ko ari mwiza kandi ari ibirungo yitera – AMAFOTO

Share this:

Ibirungo by’ubwiza (MakeUp), ni, bimwe mu bintu bishobora gutuma wibeshya ku mukobwa , kuko hari abahanga mu kubyitera ukaba utabona inkovu yaba afite bityo ukaba wamwibeshyaho nk’uko umusore yatunguwe nyuma yo kubona ko uwo yakoye yamwibeshyeho, asaba ko yasubiswa inkwano…

Share this:

Mu mafoto reba ikimero cy’umunyarwandakazi Higa Sharon wabyinishije umuhanzi Rema abantu bakumirwa – VIDEO

Share this:

Higa Shalon yabyinanye na Rema abantu bacika ururondogoro bitewe n’imibyinire ye idasazwe yanyuze abatari bake bitabiriye gitaramo. . Higa Sharon Wabyinishije Rema . Amafoto Ya Higa Sharon . Uko Byari Byifashe Mu Gitaramo Cya Rema Umubyinnyi Higa Shalon mu mpera z’icyumweru…

Share this:

Burya ngo umugabo ategetswe gusohora incuro 21 buri kwezi – IMPAMVU

Share this:

Nkuko byatangajwe n’ubushakashatsi, ngo ni ngobwa ko umugabo nibura agomba gusohora inshuro zitari munsi ya 21 mugihe cy’ukwezi. Ubushakashatsi buvuga ko biteganijwe ko abagabo bose bagomba gusohora byibuze inshuro 21 mu kwezi kugirango birinde kanseri ya prostate. Ubushakashatsi bwizera ko…

Share this:

Karabaye: Miss Josiane yarabeshywe ntiyabimenya. umusore wamwambitse impeta agiye gukora ubukwe n’undi mukobwa bamaze imyaka 5 bakundana

Share this:

Nyuma y’umwaka n’amezi atatu umusore witwa Tuyishimire Christian asabye Miss Josiane ko yazamubera umugore agahita amwambika n’impeta ya fiancaille, kuri ubu uyu musore ari mu myiteguro yo gusezerana n’undi mukobwa ngo bamaranye imyaka isaga itanu mu rukundo. . Christian Wambitse Impeta…

Share this:

Inyogosho nshya nya Ndimbati ikomeje kuvugisha abatari bake – iFOTO

Share this:

Ndimbati yasekeje abafana be benshi nyuma yo gushyira hanze ifoto ye aho yagaragazaga inyogosho ye nshya. Iyo foto ni iyi ikurikira: Nyuma yo gushyira hanze iyi foto ye bamwe mu bafana be batangaje ibi bikurikira: Nyuma yo gushyiraho ibitekerezo bitandukanye…

Share this:

Abasore: Dore ibintu 15 ugomba kumenya mbere yo kujya gutereta inkumi. Niba utabizi nta kabuza uzaterwa indobo

Share this:

Niba uri umusore kandi ukaba ushaka kwinjira mu rukundo, sobanukirwa n’ibintu bimwe na bimwe abasore baba bagomba kumenya ku bakobwa kugira ngo urugendo rw’urukundo ruguhire iteka ryose. Iyo umusore azi ibi bintu biragoye ko yaterwa indobo. . Ibyo ukwiye kumenya…

Share this:

Abakobwa: Uramutse ukoze ibi bintu nta kabuza umusore mukundana yahita akugira umugore

Share this:

Ni kenshi usanga umukobwa akundana n’umusore akabona ko umukobwa bakundana azavamo umugore wa nyawe ushoboye urugo cyangwa akabona atazabishobora bitewe n’imico ndetse imyitwarire amubonaho. Ariko wakwibaza uti niki nakora ngo umuhungu tugiye kuzabana agire icyizere ko nzaba umugore ushoboye urugo?…

Share this:

Zinedine Zidane mu biganiro na Manchester United. Dore uko byifashe ubu

Share this:

Manchester United yavuganye na Zinedine Zidane ku kuba yaba umutoza wayo ariko, nkuko bivugwa n’abari hafi y’uyu Mufaransa wahoze atoza Real Madrid, ntabwo ashishikajwe no kujya i Old Trafford muri iki gihe. . Zinedine Zidane ntashishikajwe cyane no kujya muri…

Share this:

Ese Opozisiyo ni iki? Ese koko Leta y’u Rwanda ntiyemerera abatavuga rumwe na yo gutanga ibitekerezo – Igisubizo cya Perezida Kagame

Share this:

Perezida Paul Kagame yavuze ko mu Rwanda opozisiyo ihari, ko ahubwo itakabaye ibaho igamije gusenya, yemera ko hari ingingo zimwe na zimwe ntakuka ku kuba yakumvikanaho n’abari ku butegetsi ku neza y’abaturage n’igihugu muri rusange, ahakana ko igihugu cye kibangamira…

Share this:

Akamaro k’intagarasoryo(inkarishya) utubuto tw’ingenzi kandi tuvura indwara zinyuranye ziganjemo iz’ibikatu

Share this:

Inkarishya, intagarasoryo nk’uko mu duce tunyuranye bazita ni utubuto turi mu bwoko bw’intoryi  gusa tukaba duto cyane kandi tukarura. . Ibintu bitangaje ku ntagarasoryo benshi bita iz’abakecuru . Ibintu bitangaje byakubaho uramutse ugiye urya intagarasoryo Usanga abakecuru baduhekenya cyangwa ugasanga…

Share this: