Month: November 2021

Ibintu ukwiye kwitaho buri gihe niba wifuza kugira ubwonko bukora neza

Share this:

Ubusanzwe ibikorwa dukora buri munsi bigira urahare runini mu mikorere y’ubwonko bwacu Nyamara kandi nkuko abakoresha imbaraga z’umubiri bakenera kurya no kuruhuka kugirango imikorere yabo igende neza, ni na ko ubwonko bukenera ibinyuranye kugira ngo bubashe gukora neza. . Ibyafasha…

Share this:

Urukundo rw’umunyamakurukazi wa Flash FM n’umukobwa mugenzi we rukomeje kuvugisha benshi – AMAFOTO

Share this:

Miss Albina Sydney Kirenga wamenyekanye nyuma yo kuba Miss Popular Elegance Rwanda 2016, akaba kandi ari n’umunyamakuru wa Flash Tv hano mu Rwanda aho akora ikiganiro cyitwa Hype buri wa Gatanu no kuwa gatandatu guhera saa tatu z’ijoro, kuri ubu…

Share this:

Abasore: Dore abakobwa 6 utagomba guhirahira ngo ushakane na bo kuko wazabaho ubuzima bwawe bwose usa n’uba mu kuzimu

Share this:

Abasore benshi bagorwa no guhitamo uw’ubuzima bwabo, ugasanga bamwe barebera cyane ku buranga cyangwa ku mafaranga afitwe n’uwo mukobwa cyangwa umutungo w’iwabo. Niba uri umusore ushikamye rero, aba bakobwa tugiye kukubwira nta n’umwe wavamo umugore mwiza ukubereye. . Abakobwa utagomba…

Share this:

Musore, Ntuzigere wingingira umukobwa mukundana kugukorera ibi bintu kuko wazicuza ubuzima bwawe bwose

Share this:

Musore na we mugabo menya ibyo utagomba kwingingira igitsinagore kuko ushobora kuzicuza ubuzima bwawe bwose.   . Ibyo ugomba kwirinda mu rukundo kugirango utazicuza . Uzirinde kwingingira umukobwa ukunda kugukorera ibi bintu   1. Kumwingingira ko mubana Muri rusange abakobwa…

Share this:

Umuti wa mbere wa SIDA uterwa mu rushinge ugiye gutangira gukoreshwa

Share this:

Abantu ibihumbi n’ibihumbi barwaye Virusi itera SIDA bagiye guhabwa umuti uterwa mu rushinge ukamara igihe kirekire, maze bagahagarika bya binini bahora bafata buri munsi. . Hemejwe umuti uzajya uterwa mu rushinge ukamara igihe kurusha ibinini byafatwaga buri munsi . Umuti…

Share this:

Shaddyboo yashishuye ukuntu yasireyinze ubwo yari afunzwe hamwe n’abahanzi nka King James na K8 ahatwa ibibazo n’abafana

Share this:

Umunyarwandakazi Mbabazi Shadia wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddyboo ,yahishuye udushya atazibagirwa yakoreye muri gereza ubwo yari yatawe muri yombi ari kumwe n’abahanzi barimo King James na K8 Kavuyo, mu mvugo ye Shaddyboo yagaragaje ko no mu buroko yasireyinze bikomeye…

Share this:

Ntibisanzwe: Umugabo yamaze imyaka 62 yose yarigize ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga kubera umugore we

Share this:

Umugabo yigize ufite ubumuga bwo kutumva imyaka 62 kugira ngo yirinde kuvugana n’umugore we batavugaga rumwe.   Kugira ngo yirinde kuganira n’umugore we, uyu mugabo yahisemo kwigira ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga imyaka 62.   Uyu mugabo uzwi ku…

Share this:

Sezera umukunzi wawe iri joro ukoresheje umwe muri iyi mitoma urebe ngo ararara agutekereza ijoro ryose

Share this:

Ubushize twabagejeje ho igice cya mbere cy’iyi nkuru y’amagambo ukwiriye guhitamo iribereye umukunzi wawe ubundi akakurarana mu ntekerezo. Iki ni igice cyayo cya kabiri.   1. Ndifuza kuba ikiringiti cyawe, Ku buryo nakabaye nkufubika ijoro ryose, Ndifuza iyo nzakuba umusego…

Share this:

Perezida Kagame yakomoje ku muvuduko w’ibinyabiziga mu mugi wa Kigali na za Sofia bimaze iminsi bivugisha abatari bake

Share this:

Ibi Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yabitangaje ubwo yitabiraga umuhango wo guhemba abitwaye neza mu gutanga imisoro n’amahoro. Ubwo yarasoje ijambo rye, yavuze ko atasoza atavuze ku bimaze iminsi bivugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga bijyanye n’umuvuduko wo mu muhanda, ibyapa ndetse…

Share this:

Umwe yaremewe undi kandi muzasazana nta kabuza niba ubona ibi bimenyetso mu rukundo rwanyu

Share this:

Mwaremewe gusazana, kubera ko ibintu biranga umubano mwiza murabyujuje. Ibi bintu tugiye kugarukaho birakwereka ko wowe n’uwo mukundana muri mu nzira nziza ndetse urukundo rwanyu rwubakiye ahazima.   . Ibimenyetso byakwereka ko umukunzi wawe umukunda bya nyabyo . Ibimenyetso byaguhamiriza…

Share this: