Uri mu kibuga uri gukina n’abashaka kugutwara umukunzi! Biroroshye kora ibi ubundi umugumane burundu
. Uko wakwigarurira umutima w’umukobwa(umusore) ukunda . Ibyo wakora bigatuma umukunzi wawe agukunda kurushaho, . Ibanga ryagufasha gutsindira umutima w’umukunzi wawe Mu gitabo cya cy’Umunyamerika Stephan Labossiere cyitwa ’The Man God Has For You’ (Umugabo Imana igufitiye) harimo uburyo ushobora…
Akamaro ko kurya inyama z’umwijima, uko zitegurwa ndetse n’ibyo kwitendera mu kuzirya
. Akamaro K’inyama Z’umwijima . Uko Wategura Inyama Z’umwijima . Ibivugwa Ku Nyama Z’umwijima Inyama y’umwijima iri mu nyama zitavugwaho rumwe dore ko hari n’abavuga ko umurwayi w’umwijima aba atemerewe kurya iyi nyama. Nyamara kandi mu 1934, abaganga batatu aribo…
Agashya: Abagenzi basunitse indege ubwo yari yanze kwaka – AMAFOTO
Biramenyerewe kuba wabona abantu bahuza imbaraga bagasunika ikinyabiziga kigenda mu muhanda nk’imodoka, Moto n’ibindi, ariko biba bitangaje kubona abantu basunika indege nk’ibyagaragaye ku kibuga cy’indege cya Nepal. Amashusho atandukanye yasakaye ku mbuga nkoranyambaga n’ibitangazamakuru bitandukanye yerekana indeye ya ‘Tara Air’…
Ntibisanzwe: Abagabo 4 bashuka abakobwa bakabasambanya barangiza bakabiba. Reba uburyo butangaje bakoresha
Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu bane rukekaho gushuka abakobwa, bakabambura no kubakoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato. Abafunzwe ni Habumuremyi Yves, Bizimana Pacific, Mugisha Aimable na Gatete Emmanuel. Uru rwego rwasobanuye ko abakekwa bakoranaga ibi…
Umugabo yari yavumbuye uburyo bwo gucika camera zo ku muhanda zizwi nka sofia gusa birangira polisi imuteye imboni
Nshimiyimana Adolphe w’imyaka 37 yafashwe kuwa mbere, itariki ya 13 Ukuboza acyekwaho guhindura ibirango by’imodoka ye agamije gukwepa amande ajyanye n’umuvuduko. Yafatiwe mu Karere Nyarugenge, Umurenge wa Muhima, yafashwe nyuma yo guhindura ibirango by’umwimerere biranga imodoka ye. Yari ifite RAE…
Umugore biherutse kuvugwa ko yafashwe aca inyuma umugabo we yasobanuye uko byagenze
Akayezu Odette utuye mu Murenge wa Jabana, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, uherutse gutangaza ko ubukwe yakoze abufata nk’ibirori byo kwizihiza ‘anniversaire’ (isabukuru) y’amavuko, yasobanuye ko ataciye inyuma uwari umugabo we, Muhima Michel. Mu gitondo cya kare tariki…
Gisagara: Impanuka ikomeye yahitanye abaforomo 2 ikomeretsa abandi 2 n’umushoferi
Impanuka y’imodoka yabereye mu Murenge wa Kansi mu Karere ka Gisagara yahitanye abafomo babiri n’aho abandi batatu barakomereka nyuma yo guta umuhanda ihita imanuka igera mu kabande. . Impanuka yabereye mu murenge wa Kansi . Abaforomo 2 bahitanwe n’impanuka y’imodoka…
Rayon Sports yashyize hanze umwenda wa 3 izajya ikinana
Rayon Sports imaze gushyira ahagaragara, umwambaro wayo wa Gatatu (Third Kit) , izajya ikoresha muri uyu mwaka w’imikino wa 2021-22. . Umwambaro Wa Rayon Sports . Rayon Sports Igiye Kujya Yambara Imyenda Yijimye Rayon Sports isanzwe yambara ibara ry’ubururu ku…
Dore ibintu 10 ugomba kwitondera kuko bishobora gutuma umugore aguca amazi ku nshuro ya mbere gusa muteye akabariro
Mu bintu byatuma umugore agusuzugura mu gihe muteye akabariro bwa mbere harimo kuba utamuteguye, kuba utamugejeje ku ndunduro y’ibyishimo bye ndetse no kumwitaho bihagije. Sobanukirwa ibintu binyuranye byatuma umugore agucishamo ijisho bwa mbere muryamanye. . Ibintu bishobora gutuma umugore…
Umugabo usenga Satani yashyinguwe mu modoka iri gucuranga umuziki
Umugabo wo muri Nigeria wari uzwi nk’”Umwami wa Shitani [Satani]” yashyinguwe mu modoka mu cyaro avukamo muri leta ya Enugu mu majyepfo ashyira uburasirazuba bw’igihugu, nyuma yuko apfuye afite imyaka 74. Moteri y’iyo modoka yari icanye ndetse n’indirimbo Simon…