Atletico Madrid yatumye Tombola ya 1/16 cya UEFA Champions League isubirwamo
Ishyirahamwe n’Umupira w’Amaguru i Burayi (UEFA) ryatangaje ko bitewe n’amakosa yabayeho muri tombola y’uko amakipe azahura muri 1/8 muri Champions League, iyi tombola iza gusubirwamo. Nyuma y’aho Tombola ya mbere irangiye ariko hakagaragaramo amakosa 2 mu dukangara,Atletico Madrid yari…
Abasore: Itondere umukobwa mukundana niba akubeshya ibi binyoma
. Umukombwa ubeshya ibi binyoma ukwiye kumwitondera cyane . Dore abakobwa bo kwitondera mu rukundo Mu rukundo abenshi bazanwa n’ikintu bagushakaho cyangwa icyo bashaka kugeraho. Hari abaza bashaka kugushimisha, kukubabaza, kugusigira urwibutso, kukumenya, kukwigisha urukundo n’ibindi. Hari igihe ukundana n’umukobwa…
Dore amabanga 12 yagufasha gukundwa no kwishimirwa birenze n’umukunzi wawe akakugira uw’ibihe byose
. Ibintu byagufasha gukundwa birenze . Icyo wakora ukishimirwa n’umukunzi wawe . Uburyo bworoshye wakoresha ukanyura umukunzi wawe . How to make a man love you more? . How to make a girl more attracted to you? Si buri muntu…
P-Fla yababaje abafana be i Rusizi nyuma yo kwimwa ibiryo
. P-Fla yakoze agashya kubera ko atahawe ibiryo . P-Fla yanze kuririmba mu gitaramo kubera ko batinze kumugaburira . Kubura ibiryo byatumye P-Fla asubika igitaramo Umuraperi uri mu bagisigasiye injyana ya Hip Hop mu Rwanda, P-Fla, yakoreye amateka mabi mu…
Dore amabayeri 6 umugabo akoresha bigatuma umugore amwisabira ko batera akabariro
. Uko wafasha umugore kwinjira mu gikorwa cy’akabariro . Uko wategura umugore wawe Abagabo bose ntabwo bafite ubushobozi bwo kugusha neza abagore by’umwihariko iyo bigeze ku mabanga yo mu gitanda. Igitera abagore kudafata iya mbere mu gutera akabariro ni uko…
Yisanze agiye gusambanira na se mu icumbi ry’akabyiniro – UBUHAMYA BUBABAJE BWA BETTY
. Umukobwa yatanze ubuhamya bw’ukuntu yisanze muri Lodge agiye gusambana na se . Betty yaguzwe na se umubyara ngo baryamane Uyu mukobwa witwa Betty Kamau w’imyaka 33 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Kenya, yahishuye uko kwisanga muri Lodge agiye kuryamana…
Reba ibintu bibabaje cyane byabaye ku mugore nyuma yo gutangariza kuri Youtube uko akora umwuga w’uburaya
. Yavuze ko ari indaya yicuruza kuri Youtube bimuviramo kwangwa n’abana yibyariye . Umumama ararira ayo kwarika nyuma yo gushyira ubuzima bwe kuri Youtube . Ntakivugana n’abana kubera ko yatangaje ko ari indaya Umugore wo mu Murenge wa Gatenga, Akarere…
Wihangayika: Dore impamvu ingano y’igits1na(kirekire cyangwa kigufi) ntaho ihuriye no kunezeza umugore mu buriri – uBUSHAKASHATSI
. Ese Ingano y’igitsina cy’umugabo ntaho ihurira no gukora imibonano mpuzabitsina neza? . Ntibazakubeshye ingano y’igits1na ntaho ihuriye no kwitwara neza mu kabariro . Kuryoshya imibonano ntaho bihuriye no kugira ubugabo bunini . Icyo umugabo yakora igihe afite igitsina kigufi…
Umugore yakubitiye umugabo kuri televiziyo abantu bagwa mu kantu – VIDEO
. Umugore yakubise urushyi umugabo we kubera kuvuga ko agira umwanda . Abantu batunguwe nyuma y’uko umugore akubitiye umugabo mu kiganiro kuri televiziyo Umugore wo muri Ghana we n’umugabo we ubwo bari mu kiganiro byaramunaniye kwihangana, maze akubita urushyi umugabo…
Akamaro gatangaje ka siporo ya KEGEL ifasha abagabo gutinda mu kabariro ndetse n’abagore kuryohereza abagabo n’ibindi byinshi
Kegel ni sport twakita siporo yo kunyunya. Aha uyikora aba anyunyira imikaya y’igice giherereye hagati y’amatako n’urukenyerero, ni ukuvuga ahaherereye imyanya ndangagitsina. Habaho siporo zitandukanye kandi buri siporo ikaba ibereyeho gutuma umubiri ukora neza ndetse nyirawo akagira ubuzima bwiza….