Umukobwa yasize umurambo wa se mu nzu ariruka batangira kumushakisha bagira ngo yagiye kwiyahura naho yagiye gusambana
Ubusanzwe gutakaza umuntu agatabaruka birababaza cyane, ariko igitangaje ni uburyo umukobwa yafashwe ari gusambana ataye umurambo wa se mu nzu mu gihe abandi bari mu kababaro n’amarira menshi batewen o kubura umuntu mu muryango. Umukobwa ukiri muto wo muri…
Umwana W’imyaka 10 Akenera Abagabo 4 B’inkorokoro Bamuheka Buri Munsi Kugirango Abashe Kugera Ku Ishuri
Umwana w’umukobwa w’imyaka 10 y’amavuko ufite ibiro 335, se yagaragaje imbogamizi ahura nazo kugira ngo amugeze ku ishuri abashe kwiga nk’abandi aho byamusabye gukoresha ingobyi nk’iy’abarwayi amutwaramo ndetse akaniyambaza abagabo bane b’inkorokoro. . Ajya ku ishuri bamuhetse mu ngobyi ….
Biratangaje: Inkumi yabonye akazi ko gukora mu ndege nyuma yo kujya mu kizamini cy’akazi nta butumire yahawe
Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru y’umukobwa witwa Uche Anaekwe uri mu byishimo nyuma yo guhabwa akazi yabonye mu buryo butangaje. Uche yafashe icyemezo ajya ahatangirwaga ikizamini cy’akazi nta butumire yahawe nk’abandi ku bw’amahirwe atoranywa mu bahawe akazi. Abantu…
Judith yahishuye byinshi ku rukundo rwe na Safi Madiba wahoze ari umugabo we
Niyonizera Judith wakoze ubukwe n’umuhanzi Safi Madiba bikavugwa ko yateye gapapu Umutesi Parfine wari usanzwe ukundana n’uyu muhanzi, avuga ko atazi uyu mukobwa ndetse bataranahura, gusa ngo nyuma y’ubukwe baje kuvugana kuri telefoni. . Urukundo rwa Safi Madiba na Judith…
Impamvu 6 zituma umukobwa mwakundanye ashobora kukugarukira mu gihe mwashwanye. Impamu ya 3 n’iya 4 ni izo kwitondera
Kubona abantu bakundana bahagarika urukundo ni ibintu bibaho. cyera kabaye nka nyuma y’amezi n’amezi cyangwa iminsi myinshi ukabona umwe muri bo agerageje kugaruka ari nabwo umwe atangira kwibaza icyatumye bashwana kandi mbere barakundanaga, akibaza impamvu yatumye barekana ndetse bakemera guhagarika…