Ikibuno kinini n’uburanga ntibizagushuke! Dore ibimenyetso 10 bizakwereka umugore mwiza
Abagabo benshi usanga bahanze amaso ku bagore bafite ikibuno kinini, ba bagore tubona inyuma haba mu maso n’indi miterere y’umubiri bakavuga ngo ni beza, ariko ibyo byose hari igihe usanga waribeshye iyo mugeze mu rugo. . Ibimenyetso biranga umugore mwiza…
Dore ibimenyetso 9 bizakwereka ko yifitiye undi bakundana! Kuramo akawe karenge
Kutizerana hagati y’abakundana n’abashakanye ni ikintu kiri gukura cyane muri iyi minsi, mbese kiri kuba nk’umuco w’urubyiruko rw’ubu, ahari wagira ngo hari uwabateye umwete wo kubikora. N’ubwo bimeze bityo si bose bamenya ko bashyizwe inyuma y’umuryango ngo batamenya uko iyo…
Dore ibimenyetso 7 byakwereka ko urukundo urimo rudafashije ndetse ko ntaho ruzagera
Hari igihe umukobwa cyangwa umusore yibwira ko ari mu rukundo nyamara urebye neza ibyo we yita urukundo wasanga ari urukundo rudafatika ndetse rudafite iyo ruva n’aho rugana. Urukundo nkuru rugutakariza igihe rukanakubabaza ariyo mpamvu ntawukwiriye kurujyamo abibona. . Urukundo Rudafite…
Ifurize umukunzi wawe ijoro ryiza muri aya magambo urebe ngo arara akurota akazageza ejo akigutekereza
Bakunzi b’iwacumarket.xyz, ntawe utashimishwa nokwakira ubutumwa bugufi bw’urukundo buvuye kuwo akunda mumasaha atandukanye y’umunsi ariko bikaba akarusho igihe uyakiriye mumasaha yo kuryama! . Amagambo Meza Y’urukundo . Uko Wakwifuriza Umukunzi Wawe Ijoro Ryiza . Imitoma Y’umugoroba,Imitoma Ya Nijoro . Amagambo…
Umusore aratangaje. Yiyise Lt colonel kugirango akodeshe imodoka muri Volkswagen. Dore ibimubayeho
Polisi y’u Rwanda yerekanye umusore wiyise umusirikare ufite ipeti rya Lieutenant Colonel agakodesha imodoka mu Ruganda rwa Volkswagen avuga ko iye yagize ikibazo kandi ari mu kazi ka Leta. . Umusore yatawe muri yombi kubera kwiyita Lt. Col kandi ari…
Dore ibintu utari uzi kandi byoroshye wakorera umugabo wawe akagukunda nk’aho uri umugore umwe ku isi
Abagabo kenshi bashimishwa no kubona bitaweho. Ku babizi neza burya umugabo witaweho, afashwe neza ntacyo wamuburana. Abagore nabo bazwiho gushaka buri kimwe cyose cyatuma umugabo abaho yishimye. Mu gihe ukundanye n’umuntu hari ibintu uba ugomba kumukorera ku buryo bigoye kwibagirwa…
Dore ibintu 7 byagufasha kwigarurira umutima w’uwo ukunda akaguhoza ku mutima
Ahari warebye amafilime menshi avuga ku rukundo, ahari wayigiyemo byinshi. Urukundo rusanzwe akenshi ruba rutandukanye nibyo abantu bareba muri filime.Mu buzima busanzwe urukundo rusaba kubaho ku bwa mugenzi wawe. Tugiye kurebera hamwe uburyo 7 wakoresha ukamwigarurira kandi ukamugumana burundu. …
Abakobwa: Umusore uvuga aya magambo cyangwa akakwitwaraho gutya reka kumuha umutima wawe kuko azakubabaza nta kabuza
Umusore utazi icyo ashaka ntuzamuhe umwanya na muto. Mureke navumbura ko wamuretse azashaka uko mubiganiraho, mwembi mushake uko mukomezanya ariko mwabikemuye. . Umusore Nk’uyu Azakubaba . Ibiranga Umusore Udashobotse Umusore Utazavamo Umugabo Mwiza 1. Umusore ukubwira ko ashaka…
Imitoma 12 irenze! Gerageza umwe aka kanya wirebere ikintu gitangaje kiba mu rukundo rwawe
Burya kugira ngo urukundo rukomeze rutohe ruruheho kuryoha bituruka ku bintu byinshi birimo n’amagambo abakundana babwirana. Menya amagambo akwiriye wabwira umukunzi wawe ubinyujije mu butumwa bugufi bikamushimisha cyane. . Amagambo y’urukundo wakoherereza umukunzi wawe muri SMS . Imitoma yagufasha kwigarurira…
Mani Martin yahishuye uburyo umukobwa yamuhereye uburozi kuri stage n’uburyo guma mu rugo yamuteye ihungabana kubera ibyo yamuzaniye
Umuhanzi Mani Martin yavuze byinshi ku mukobwa wagerageje kumuroga , ubwo yamuhanga impano ari ku rubyiniro, akamutegeka kuyifungura ajyeze kuburiri , anakomoza kw’ihungabana yatewe no gutakaza akazi mu gihe cya COVID-19. . Mani Martin Yahuye N’agahinda Gakabije Kubera Covid-19 Umukobwa…