Year: 2021

Sentore yateye umutoma ukomeye Bijoux wo muri Bamenya ubwo yizihizaga isabukuru y’amavuko

Share this:

. Bijoux yizihije isabukuru y’amavuko . Umutoma wa Sentore kuri Bijoux Kuri uyu wa 16 Ukuboza nibwo Byiringiro Aline wamamaye nka Bijoux muri filime ya Bamenya Series, yagize isabukuru ye y’amavuko. Fiancé we ariwe Lionel Sentore, abinyujije kuri story ya…

Share this:

Abakobwa: Dore ibanga wakoresha ukabona umukunzi mu byumweru 3 gusa

Share this:

. Uko wabona umukunzi mu gihe gito cyane . Ibyo wakora ugatuma abasore bakwiyumvamo vuba . Ibyagufasha Kubona Umukunzi Byihuse Ese urashaka umukunzi vuba cyane? Urashaka umuntu muzasohokana vuba mu byumweru 3 gusa biri imbere ? Hari impamvu nyinshi zishobora gutuma…

Share this:

Bwa mbere mu mateka yayo, Polisi ya Newyork igiye kuborwa n’umugore w’umwiraburakazi – Amafoto

Share this:

Umugore witwa keechant Sewell, niwe wa mbere wahawe inshingano zo kuba umuyobozi wa polisi (NYPD) y’uyu mujyi munini muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.   Sewell mu myaka 23 ishize, yakoranye n’ishami rya polisi rya Nassau, akaba yarakoraga mu biyobyabwenge…

Share this:

Impyiko zawe ziri mu kaga gakomeye niba wibonaho ibi bimenyetso. Gana muganga hakiri kare

Share this:

. Ibimenyetso byakwereka ko impyiko zawe zirwaye . Ibiranga impyiko zatangiye kurwara . Ibimenyetso ugomba kwitondera kuko bishoka ko waba urwaye impyiko Impyiko ni igice cy’umubiri cy’ingenzi cyane. Akamaro kazo ni ugukura imyanda mu mubiri binyuze mu kwihagarika. Izi mpyiko…

Share this:

Umugore yaciye inyuma umugabo we akubitwa n’inkuba atarasoza igikorwa

Share this:

. Umugore yapfuye arimo guca inyuma umugabo we . Bakubiswe n’inkuba barimo gusambana umugore ahita apfa . Umugore yibese umugabo ngo atere akabariro n’undi mugabo akubitwa n’inkuba arapfa . Umugabo n’umugore bakubiswe n’inkuba barimo gutera akabariro Hari igihe abari mu…

Share this:

Yubatse Hoteri itangaje mu nyanja akoresheje amacupa ya pulasitiki asaga ibihumbi 700 yatoraguraga bamuha urwamenyo – AMAFOTO

Share this:

Mu gihugu cya Côte d’Ivoire hari umugabo witwa Eric wubatse hoteli mu nyanjya akoresheje amacupa ya pulasitiki agera ku bihumbi magana arindwi yatoraguye ku nkombe z’inyanja. Kurara muri iyi hoteli bisaba kubanza kwishyura $100 ni ukuvuga asaga 100,000 Rwf mu…

Share this:

Rusizi: Abageni bari bamaze iminsi mike barushinze bahiriye mu nzu umugabo yitangira umugore we utwite ngo adashya

Share this:

Umugabo witwa Ngabonziza Eric n’Umugore we Icyimanizanye Jeannette bari bamaze iminsi mike bashyingiranwe bahiriye mu nzu bakodeshaga ariko abaturanyi batabara batarapfa bajyanwa kwa muganga.   Aba bombi bari batuye mu mudugudu wa Munyinya wo mu kagari ka Gihundwe mu murenge…

Share this:

Umugore yakubise umugabo icupa mu mutwe arawumena bapfa kumukora ku ibere none ararira ayo kwarika kubera ibyamubayeho – Video

Share this:

. Umugore yakubise icupa umugabo wamukoraga ku mabere umutwe arawumena . Nyuma yo gukubita umugabo wamusagariraga yatewe n’ibisambo biramwiba biramucucura . Uwase Carine ararira ayo kwarika nyuma yo gukubita icupa umugabo Mu Karere ka Gasabo haravugwa inkuru y’umugore witwa Uwase…

Share this:

Bugesera: Umugore yafashwe agiye kwiyahura nyuma yo kwanduza umugabo we SIDA – VIDEO

Share this:

. Yanduje umugabo we SIDA . Yari yafashe icyemezo cyo kwiyahura kuko yahemukiye umugabo utarigeze amutenguha Umugore uri mukigero cy’imyaka 30 y’amavuko witwa Uwizeye Cecile yafashe umwanzuro yo kwiyahura muri Nyabarongo abitewe nuko ngo yanduje umugabo we virusi itera SIDA…

Share this:

Abakobwa: Ibimenyetso byakwereka ko umusore mukundana akubangikanya n’abandi bakobwa

Share this:

. Ibimenyetso biranga umusore utendeka . Uyu musore araheheta niba umubonaho ibi bimenyetso . Nabwirwa n’iki ko umusore dukundana antendeka? Ni kenshi wibaza niba koko ari wowe wenyine akunda, cyagwa se ugatekereza ko umusore mukundana ashobora kuba agutendeka. “Player” ni…

Share this: