Alain Mukurarinda na Emma Claudine bahawe imyanya ikomeye muri guverinoma
. Emma Claudine Yahawe Umwanya Ukomeye . Alain Muku Yagizwe Umuvugizi Wungirije Wa Guverinoma . Emma Claudine Ntirenganya yagizwe umusesenguzi mu bijyanye n’itumanaho Umuhanzi akaba n’umunyamategeko Alain Mukurarinda, wigeze no kuba Umushinjacyaha n’Umuvugizi w’Ubushinjacyaha, yagizwe Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda…
Yaciwe amaguru yombi nyuma yo kurumwa n’imibu ubwo yari muri Afurika
. Umubu watumye acibwa amaguru yombi . Umugore ahamya ko yabuze amaguru ye kubera umubu wamurumye Umugore ukomoka muri Australia w’imyaka 52, Stephenie Rodriguez, yavuze uburyo yaciwe amaguru yombi nyuma y’uburwayi yamaranye amezi 18,bwaturutse kuri malariya idasanzwe yatewe n’umubu igihe…
Dore amwe mu marenga y’urukundo umubiri w’umukobwa urimo guteretwa ukora n’ubusobanuro bwayo
. Ibimenyetso umukobwa urimo guteretwa akora . Igisobanuro cy’amarenga umukobwa aca igihe arimo guteretwa . Nubona ibi bimenyetso mu gihe urimo gutereta umukobwa uzamenye icyo bisobanuye Mu rukundo hari byinshi bikorwa ariko bikabanzirizwa n’imvugo zitandukanye. Hari ubwo rero umuntu ashobora…
Umwarimukazi yatamajwe n’amashusho ari gusambana n’umwana muto yigishaga
. Umwarimukazi yasambanyije umwana yigisha afatwa kubera camera . Umwarimukazi yafashwe asambana n’umwana yigisha . Umwarimu yirukanwe ku kazi azira gusambanya umwana yigisha . Umwarimukazi yabujijwe kwigisha mu mashuri yose nyuma yo gufatwa ahohotera umwana yigisha . Umwarimukazi yatangaje benshi…
Covid-19 yihinduranyije ya Omicron yamaze kugera mu Rwanda
. Omicron Yageze Mu Rwanda .Ingamba Nshya Zo Kwirinda Covid-19 . Omicron Yandura Ite? . Ibimenyetso Bya Omicron . Abantu barasabwa gukomeza kwikingiza mu rwego rwo gukumira Covid-19 Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu Rwanda hagaragaye abantu batandatu banduye virusi yihinduranyije ya…
Ibitaramo byongeye gusubikwa naho abakozi ba Leta hazajya hakora 30% abandi bakorere mu ngo. Ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri
. Ibitaramo byasubitswe kubera ingamba nshya zo kurwanya covid-19 . Abakozi ba Leta bamwe bazajya bakorera mu rugo Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yayoboye Inama y’Abaminisitiri kuri uyu wa 14 Ukuboza 2021, yafatiwemo ingamba nshya zo guhangana na COVID-19 zirimo…
USA: Ku cyicaro cya UN hashyizwe ikibumbano gisa n’ikinyamanswa kivugwa muri bibiliya biteza ururondogoro – AMAFOTO
. Abantu bakomeje kwibaza ku kibumbano cyashyizwe ku kicaro cya UN bivugwa ko gifite ishusho n’iyi ikinyamanswa cyo muri bibiliya . Abantu bakomeje guhuza ikibumbano gifite ishusho ya kagoma n’ibyahishuwe muri Bibiliya Ikibumbano cyiswe “Umurinzi w’amahoro ndetse n’umutekano ku rwego…
“Ubukwe twakoze nabufashe nko kwizihiza isabukuru y’amavuko” – Akayezu Odette abwira umugabo we wamufashe asambana
. Umugore yafashwe asambana avuga ko ubukwe bwe ari nk’isabukuru y’amavuko . Michel yafashe umugore we Odette asambana . Michel yafashe umugore we amuca inyuma Birababaza cyane bigashengura umutima mu gihe usanze uwo mwashakanye ari gusambana nk’ibyabaye ku mugabo witwa…
UGANDA: Urugo rwa Bobi wine rwongeye kugotwa n’igisirikare – AMAFOTO
. Urugo rwa Bobi Wine rugoswe n’igisirikare cya Leta . Nta modoka zemerewe gutambuka mu muhanda werekeza kwa Bobi Wine Umuhanzi wahindutse umunyapolitiki, Robert Kyagulanyi Ssentamu wamamaye nka Bobi Wine yatangaje abasirikare n’abapolisi ba Uganda bagose urugo rwe, abakozi be…
Umusore Yashyize Ku Isoko Impyiko Ye Kugirango Abone Inkwano Yaciwe No Kwa Sebukwe
. Umusore yaciwe miliyoni n’igice y’amashillingi ya Kenya kugirango ashyingiranwe n’umukunzi we . Umusore aragurisha impyiko ye kugirango abashe kwishyura inkwano . He is selling his kidney to pay a dowry . Yaciwe inkwano y’asaga miliyon 13 z’amanyarwanda Umugabo ukomoka…