Year: 2021

Dore amagambo 8 abantu bakoresha bakuryarya ntubimenye cyangwa ntubihe agaciro kandi bikwangiriza ubuzima

Share this:

Ijambo kuryarya nta hantu na hamwe rihurira n’ikintu cy’ukuri. Iri jambo rikunze gukoreshwa bitewe n’uko umuntu ari kwitwara kuri mugenzi we, nk’iyo ari kukuryarya afite icyo agushakaho. Muri iyi nkuru urasangamo andi magambo abantu bakoresha mu buryo bubi bagambiriye inabi…

Share this:

Reba isengesho ritangaje umusore yasengeye Ariel Wayz nyuma yo gushyira amabere ye hanze

Share this:

. Ariel Wayz yashyize amabere hanze mu kwamamaza indirimbo ye nshya . Umusore arifuza ko indirimbo za Ariel Wayz zamamara kugirango azamwereke n’ibisigaye . Indirimbo nshya ya Ariel Wayz   Hashije iminsi umuhanzikazi Ariel Wayz ateguje abafana be ko agiye…

Share this:

Umugore yari agiye kwiyahurira ku Nkundamahoro abashinzwe umutekano baramutesha – IMPAMVU

Share this:

. Umugore yari agiye kwiyahurira ku Nkundamahoro atabarwa n’abashinzwe umutekano . Umugore yari agiye kwiyahura kubera kubura akazi   Kuri uyu wa gatanu muma saa tanu n’igice umugore yagerageje kwiyahura nyuma y’uko yanditse urwandiko rusezera umuryango we agiye kwiyahura yaje…

Share this:

Abagabo: Dore ingaruka mbi cyane uzahura na zo niba urenza iyi minota utera akabariro. Dore iminota myiza utagomba kurenza – UBUSHAKASHATSI

Share this:

Abagabo benshi bubatse bafashe ko uko bamara igihe kinini mu gitanda batera akabariro n’abo bashakanye, ari bwo baba bari gukora ibidasanzwe kandi byiza mu buzima bw’abo bari kumwe. Ibi byatumye abagabo benshi bazahazwa n’uburwayi batazi ndetse bakangiza ejo hazaza habo…

Share this:

Abasore n’inkumi 50 bafatiwe mu nzu bari mu kirori cy’ubusambanyi – AMAFOTO

Share this:

Polisi yo mu gace ka Kira yataye muri yombi abasore n’inkumi bagera kuri 50 bari mu birori byo gukora imibonano mpuzabitsina (Sex party) mu mazu yitwa Malaika mu gace ka Semwogerere, muri Zone ya Bukoto muri Diviziyo ya Nakawa mu…

Share this:

Ingabo za Ethiopia zambuye imigi myinshi inyeshyamba za TPLF nyuma y’aho Abiy yigiriye ku rugamba

Share this:

Leta ya Ethiopia kuri uyu wa Gatatu, yatangaje urutonde rw’imijyi myinshi ingabo z’iki gihugu zisubije nyuma y’igihe yarigaruriwe n’inyeshyamba za TPLF. Ibiro bya Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia kuri Twitter byavuze ko ingabo z’iki gihugu zambuye TPLF imijyi ya Kasagita, Burqa,…

Share this:

Dore umwanya wa nyawo umuntu agomba kumara ahobereye umukunzi we kugirango yumve uburyohe buhebuje – UBUSHAKASHATSI

Share this:

Mu gihe guhoberana bigaragaza ko abantu bishimiranye kandi hari n’urukumbuzi, bamwe bakumva ko kumara umwanya runaka bahoberana ari nako baba bimara urukumbuzi, abahanga bo bavuga ko intego y’iki gikorwa itagerwaho iyo abantu bahoberanye uruhwererane hejuru y’amasegonda 10. . Guhobera umukunzi…

Share this:

Reba ibintu 3 ushyira mu maso bikangiza uruhu rwaho cyane ndetse uburanga bwawe bukahangirikira

Share this:

Hari ibintu usanga abantu barishyiriyeho bavuga ko bituma umuntu akira ibiheri no kugira uruhu rwiza ndetse bigakwira mu bantu bakabifata nk’ukuri kandi ataribyo. Ibyo bintu akenshi iyo bishyizwe ruhu rwo mu maso ushobora gukira ariko ukiteza ibindi bibazo.   Dore…

Share this:

Ibintu 11 abagore bafata nk’ibisanzwe nyamara bibatera kutarangiza mu gihe cy’akabariro

Share this:

Mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina usanga akenshi umugabo arangiza naho umugore akaba niho atangiye kumva ubushake bwiyongereye. . Impamvu zitera umugore kutarangiza igihe cy’akabariro . Ibintu abagore bakora batabizi bikabangamira akabariro   Mu gihe iyo umugabo arangije birangwa no…

Share this:

Waruziko: Dore ibyago 5 bikomeye bishobora guterwa no Guhagarika gutera akabariro igihe kirekire. Icya 2 n’icya 4 ni ibyo kwitondera

Share this:

Gutandukana, ingendo z’akazi za kure, kwiga, ni bimwe mu mpamvu zinyuranye zishobora gutuma umara igihe udakora imibonano. Nyamara kandi na none hari igihe bitwara igihe kinini utagikora imibonano, ibi bikaba bigira ingaruka zitari nziza ku buzima nubwo benshi batabitekerezaho cyangwa…

Share this: