Year: 2021

Umukobwa yasize umurambo wa se mu nzu ariruka batangira kumushakisha bagira ngo yagiye kwiyahura naho yagiye gusambana

Share this:

Ubusanzwe gutakaza umuntu agatabaruka birababaza cyane, ariko igitangaje ni uburyo umukobwa yafashwe ari gusambana ataye umurambo wa se mu nzu mu gihe abandi bari mu kababaro n’amarira menshi batewen o kubura umuntu mu muryango.   Umukobwa ukiri muto wo muri…

Share this:

Umwana W’imyaka 10 Akenera Abagabo 4 B’inkorokoro Bamuheka Buri Munsi Kugirango Abashe Kugera Ku Ishuri

Share this:

Umwana w’umukobwa w’imyaka 10 y’amavuko ufite ibiro 335, se yagaragaje imbogamizi ahura nazo kugira ngo amugeze ku ishuri abashe kwiga nk’abandi aho byamusabye gukoresha ingobyi nk’iy’abarwayi amutwaramo ndetse akaniyambaza abagabo bane b’inkorokoro. . Ajya ku ishuri bamuhetse mu ngobyi ….

Share this:

Biratangaje: Inkumi yabonye akazi ko gukora mu ndege nyuma yo kujya mu kizamini cy’akazi nta butumire yahawe

Share this:

Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru y’umukobwa witwa Uche Anaekwe uri mu byishimo nyuma yo guhabwa akazi yabonye mu buryo butangaje. Uche yafashe icyemezo ajya ahatangirwaga ikizamini cy’akazi nta butumire yahawe nk’abandi ku bw’amahirwe atoranywa mu bahawe akazi.   Abantu…

Share this:

Judith yahishuye byinshi ku rukundo rwe na Safi Madiba wahoze ari umugabo we

Share this:

Niyonizera Judith wakoze ubukwe n’umuhanzi Safi Madiba bikavugwa ko yateye gapapu Umutesi Parfine wari usanzwe ukundana n’uyu muhanzi, avuga ko atazi uyu mukobwa ndetse bataranahura, gusa ngo nyuma y’ubukwe baje kuvugana kuri telefoni. . Urukundo rwa Safi Madiba na Judith…

Share this:

Impamvu 6 zituma umukobwa mwakundanye ashobora kukugarukira mu gihe mwashwanye. Impamu ya 3 n’iya 4 ni izo kwitondera

Share this:

Kubona abantu bakundana bahagarika urukundo ni ibintu bibaho. cyera kabaye nka nyuma y’amezi n’amezi cyangwa iminsi myinshi ukabona umwe muri bo agerageje kugaruka ari nabwo umwe atangira kwibaza icyatumye bashwana kandi mbere barakundanaga, akibaza impamvu yatumye barekana ndetse bakemera guhagarika…

Share this:

Bigabanya ibiro bikanongera itoto ku babikora! Menya iby’agaciro umubiri wungukira mu gusomana

Share this:

Gusomana ni ikimenyetso cy’urukundo kuri bamwe, kikaba ikimenyetso cy’imyitwarire mibi ku bandi. Mu muco wa kinyafurika, gusomana byo bisa n’aho ari bishya, ubikoze afatwa nk’umunyamahanga cyangwa se uwataye umuco. Gusa bifite akamaro gakomeye.     . Akamaro Ko Gusomana ….

Share this:

Umuryango wa Rwigara urishyuzwa amafaranga asaga Miliyoni 349 FRW

Share this:

Urukiko rw’ubucuruzi mu Rwanda rwanzuye ko Umuryango wa Nyakwigendera Assinapol Rwigara ugomba kwishyura miliyoni zisaga 349 y’umwenda utishyuye banki y’ubucuruzi ya Cogebank. . Urubanza rw’umuryango wa Rwigara na COGEBANK . Umuryango wa Rwigara watsinzwe urubanza uregwamo na COGEBANK . Rwigara…

Share this:

Christian Akomeje Kwibasirwa Kubera Kubenga Miss Mwiseneza Josiane Yambitse Impeta Ariko Se Ni Nde Nyirabayazana?

Share this:

Umunyarwanda yaravuze ngo gukunda utagukunda bisa n’imvura igwa mu ishyamba, Umuhanzi nyarwanda nawe yungamo ngo wirukira ugusiga, maze ugasiga ugusanga. . Christian wari warambitse impeta Miss Mwiseneza Josiane ari mu munyenga w’urukundo n’undi mukobwa . Kuki Christian yabenze Miss Mwiseneza…

Share this:

Urukundo rwanjye roho yanjye: Dore imitoma 21 wabwira umukunzi wawe ukamukora ku mutima buri munsi

Share this:

Kubwira umukunzi wawe amagambo meza y’urukundo ni ikintu cyiza nawe ubwe aba ategereje kuri wowe. Iyo atakibonye niho uzasanga avuga ngo nta mukunzi agira cyangwa bikamugora kubaho. Ukwiriye gutuma uwo mukundana abaho yishimye birenze ibikenewe kandi biturutse kuri wowe. Ariko…

Share this:

Abasore: Dore ibimenyetso 10 byakwereka umukobwa ugukunda nta buryarya

Share this:

N’ubwo atari bose ariko hari abasore batazi kubasha kumenya niba umukobwa yabakunze cyangwa abafitiye amarangamutima. Kutabasha kumenya niba umukobwa agufitiye amarangamutima byaba intandaro yo kwitinya no kudatera intambwe nk’umusore ngo usabe urukundo. . Ibimenyetso biranga umukobwa ugukunda nta buryarya ….

Share this: