Year: 2021

Albina Sydney ukorera Flash TV ukunzwe na benshi mu Rwanda yeruye ko akundana n’uwo bahuje igitsina

Share this:

Imyumvire mu banyarwanda ku bijyanye n’abaryamana bahuje igitsina iracyari hanze, gusa ushobora kubyumva kuko nta bukangurambaga bweruye bwari bwaba bugamije kumvisha abanyarwanda ko ababana cyangwa bakundana bahuje igitsina nabo ari nk’abantu kimwe n’abandi, bamwe babita ibivume abandi ntibatinya no kuvuga…

Share this:

Umufasha wa Perezida w’u Burundi yahaye ubutumwa bukomeye Jeannette Kagame

Share this:

Umugore wa perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye Ndayubaha, yatangaje ubutumwa bwo kwishyuka kuri mugenzi we Jeannette Kagame, umugore wa perezida w’u Rwanda, ku isabukuru y’imyaka 20 y’umuryango Imbuto Foundation yashinze yizihijwe muri weekend ishize. . Angeline Ndayishimiye yashimiye Jeannette Kagame…

Share this:

Umukobwa warangije Kaminuza yahindutse umusazi yambara ubusa nyuma yo kubenga umusore wamwishyuriye ishuri

Share this:

Inkuru ibabaje cyane yatumye abantu benshi batungurwa y’umukobwa warangije kaminuza aho kugirango atangire akazi ahubwo bakabona arahindutse atangiye kugenda yivugish mu muhanda atoragura imyanda aho yajugunywe, nawe ubwe ubona asa n’umwanda nta kwiyitaho. Byatangiye aho umugabo utatangajwe amazina yakundanye n’umukobwa…

Share this:

Imyambarire n’imibyinire bya Miss Amandah Darling mu gitaramo Kigali Kanivore byatumye abantu bacika ururondogoro – VIDEO

Share this:

Amandah Darling  yatunguye abanyakigali bari mu gitaramo cya Kigali Kanivore bitewe n’imibyinire ye aho yabyinishije DJ Pius abantu bakumirwa. Ni igitaramo cyari cyahuje aba Djs barenga 10 cyari kigamije gususurutsa abakunzi b’umuziki mu Rwanda ‘Kigali Kanivore cyari kibaye ku nshuro…

Share this:

Abakobwa: Dore ibintu byoroshye byagufasha kwegukana umutima w’umusore wihebeye bitakugoye na gato

Share this:

Biragoye kubona umukobwa ukoresha amagambo kugirango areshye umusoreni ibintu uzabona gake cyane bikarushaho kuba gake cyane iyo tugeze mu Rwanda.Twifashishije imbuga za interneti twasanze hari bimwe mu byo umukobwa yakora bikamufasha kwegukana umusore yahoze arota. . Uko Wakwigarurira Umutima W’umusore Ukunda…

Share this:

Abasore: Dore Ibimenyetso Byakwereka Ko N’ubwo Uyu Mukobwa Umukunda We Adakururwa Na We Ndetse Atanagukunda Na Gato

Share this:

Ntabwo turaca kure muri iyi nkuru, turarasa ku ngingo. Niba umukobwa akora ibi bintu, ntabwo akwiyumvamo nta n’ubwo akururwa nawe, shaka izindi nzira ucamo. . Ibimenyetso byakwereka ko umukobwa atakwiyumvamo . Uyu mukobwa ntagukunda na gato   1. Niba uburyo…

Share this:

Ihindagurika ry’ikirere ririmo guteza gatanya mu nyoni za albatross – Ubushakashatsi bwahishuye byinshi kuri zo

Share this:

Iyo umubano hagati y’abashakanye urangiye, bishobora guterwa n’uko ikibatsi cy’urukundo cyazimye, cyangwa bikaba byaterwa no kuba batakibonerana akanya. . Inyoni ziri gukora gatanya ku bwinshi . Inyoni zirimo gutandukana kubera ihindagurika ry’ikirere   Ariko se ihindagurika ry’ikirere rishobora gutuma habaho…

Share this:

Umugore yashyingiranwe n’inka kubera ko yizera ko umugabo we yayizukiyemo – AMAFOTO

Share this:

Umugore yashakanye n’inka nyuma yo kumusoma bigatuma yizera ko iyi nyamaswa ari umugabo we wapfuye wongeye kuzuka akaza muri roho y’iyi nka. . Umugore yashakanye n’inka avuga ko umugabo we yayizukiyemo . Umukecuru yakoze ubukwe n’inka ifite isura y’umugabo we…

Share this:

Waba Ufite umukobwa ukunda ariko we akaba atabikozwa? Dore amabanga 4 yagufasha kwigarurira umutima we mu gihe gito

Share this:

Rimwe na rimwe twibwira ko kwiyegereza umukobwa bigoye ariko hari uburyo ushobora kubitwaramo maze ukabona ko byoroshye kugira ngo umwiyegereze kabone n’ubwo we yaba atakwiyumvamo gusa birangira akwemeye.   . Amabanga yagufasha kwigarurira umutima w’umukobwa ukunda . Icyo wakora ugakundwa…

Share this:

Abakobwa: Ntuzemerere umusore kugukora kuri ibi bice kuko n’ubwo bifatwa nk’ibisanzwe byatuma wisanga mwateye akabariro kandi utabiteganyaga

Share this:

Ubusanzwe igitsinagore ni impano ikomeye Imana yahaye abagabo. Biragoye ko wabona umugabo udakururwa nabo cyangwa utifuza umukobwa uko yaba ameze kose. . Dore ibice ugomba kurinda umusore gukoraho niba udashaka gutera akabariro na we . Urabe maso niba umusore atangiye…

Share this: