Reba udukoryo twaranze umukino Rayon Sports yatsinzemo etoile de l’Est wanavugishije benshi kubera imisifurire
Nyuma yo gutsindwa na APR FC mu mukino w’abakeba ibitego 2-1, Rayon Sports yihimuye kuri Etoile de l’Est iyitsinda igitego 1-0 cyabonetse mu minota ya mbere gitsinzwe na Manace Mutatu, mu mukino yarengeje umubare w’abakinnyi bemerewe gusimbuzwa mu minota 90….
Miss Gasana Darlène yasezeranye n’umukunzi we mu birori bibereye ijisho – AMAFOTO
Miss Gasana Darlène uherutse gutorerwa kuba mu nama y’igihugu y’abagore wanabaye Miss Congeniality muri Miss Rwanda 2015 akaba yaranabaye Nyampinga wa Kaminuza y’u Rwanda, ishami ryigisha iby’ubucuruzi n’ubukungu, CBE yahoze yitwa SFB, yarushinze. . Ubukwe bwa Miss Gasana Darlène n’umugabo…
Minisitiri Gatabazi utishimiye imisifurire y’umukino wa Kiyovu Sports na Musanze FC yabwiye ikintu gikomeye Min. Aurore Mimosa na FERWAFA
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianey, yanenze imisifurire yaranze umukino wa shampiyona wahuje Kiyovu Sports na Musanze FC, ashimangira ko iyi kipe yo mu majyaruguru itabaniwe n’abasifuzi. . Minisitiri Gatabazi yanenze imisifurire muri shampiyona y’u Rwanda . Minisitiri…
Birababaje: Umukobwa yateraguwe ibyuma nyuma yo gufata musaza we w’imyaka 18 asambana na nyina w’imyaka 42
Umukobwa w’imyaka 19 utuye mu gace kitwa Awoshie mu murwa mukuru wa Ghana, Accra, ari mu bitaro nyuma yo guteragurwa ibyuma byinshi bikozwe na musaza we muto nyuma y’aho asanze ari gusambana na nyina. Urubuga Angelonline.com.gh, iyi nkuru yatangaje abatari…
Abakundana: Niba mudakorera hamwe mwembi ibi bintu 8 ntimukwiranye
Ese ikintu cyo kuba hari abantu baremewe kubana kibaho muri ubu buzima? Ese umuntu ashobora kumara igihe yiruka isi yose ashaka uwo bazabana kandi hari uwo yaremewe kubana nawe? Uko byagenda kose hari ibigaragaraza ko mwaremewe kubana. . Ibimenyetso byakugaragariza…
Zari Hassan yahishuye ukuntu yakubiswe azira guterekera abagabo amaso
Icyamamare Zari Hassan uzwi nka The Boss Lady mu myidagaduro, yahishyuye agahinda yigeze guterwa n’umugabo we nyakwigendera Ivan Ssemwanga aho bakundwakazanyaga ariko rimwe na rimwe bakarwana bikomeye. . Zari Hassan yahishuye uburyo yakubitwaga na Ssemwanga azira kurebana n’abagabo . Zari…
Abasore gusa: Witwaye muri ubu buryo biragoye kugira ngo hagire umukobwa ukwima urukundo
Ni kenshi usanga umuhungu yakunze umukobwa ariko akabura aho abihera abimubwira cyangwa yabimubwira bakamukurizaho bimwe ab’ubu bita “gutera indobo”. Burya umuntu aterwa indobo kubera uburyo yitwaye atereta, iyo umukobwa nta gahunda agufiteho ubimenya mbere y’uko umubwira ijambo ndagukunda. Dore…
Niba ubona ibi bimenyetso ku musore mukundana menya ko yiteguye gushinga urugo uramenye ntuzabe umwana ngo agucike
Abasore benshi bakunda kwicara bakibaza niba igihe cyabo cyigeze ngo nabo bashinge urugo rwabo, noneho ugasanga barabuze icyabemeza niba gushinga urugo ari ibintu bizaborohera cyangwa se bizababera ihurizo rikomeye. Dore Ibintu 7 bigaragaza ko umusore yiteguye gushinga urugo …
Umupolisi yapfuye amarabira nyuma yo kugerageza guca inyuma umugore we
Amakuru yaturutse muri Zimbabwe yavuze ko umupolisi wari usanzwe afite umugore yapfuye ubwo yashakaga gusambana n’umugore bari bahuriye muri parking. Amakuru avuga ko ibi byabereye muri parking y’agace kaberamo ubucuruzi aho uyu mupolisi Makomborero Mazowe yahuriye n’uyu mugore bari…
Hongeye kugaragara ubwoko bushya bwa covid-19 bwahawe izina rya OMICRON mINSSANTE ihita itangaza ingamba nshya
Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangaza ko guhera tariki ya 28 Ugushyingo abinjira mu Rwanda bazajya bajya mu kato k’amasaha 24 muri hoteli mu rwego rwo gukumira Covid-19 nshya yihindurije yabonetse muri Afurika y’Amajyepfo.