Dore umutoma woherereza umukobwa mu gitondo urukundo rugahita rwikuba ndetse akirirwa agutekereza umunsi wose
Muri iyi si y’ikoranabuhanga n’iterambere ryihuta abakundana basa n’abahorana kuko baba bavugana umunota ku wundi, byaba binyuze kuri telefoni bisanzwe cyangwa ku mbuga nkoranyambaga. Ibi bituma umuntu abasha kumenya amakuru y’umukunzi we isaha ku yindi. Abenshi bandikirana mu gitondo bakibyuka…
Abakobwa: Dore inyungu yo kwima umusore igihe cyose mutarushinga ndetse n’uko wabigenza ngo ubigereho
Abakobwa benshi bibeshya ko kuryamana n’umuhungu uba umufatishije, ko adashobora kuguca inyuma, ahubwo ko iyo agusabye ukamwima bituma ajya kubishaka ahandi akaguca inyuma. Nyamara ibi nukwibeshya cyane, iyo wamenyereje ko umusore ko buri gihe uko agushatse ahita akubona, iyo akubuze…
Weekend ntigupfire ubusa: Dore amabanga yizewe yagufasha kwigarurira umutima w’umukobwa wihebeye mu kanya nk’ako guhumbya. Gerageza gusa ubundi uzambwira
Hari benshi mu basore usanga bibaza icyo bakora bakigarurira imitima y’abakobwa bakundana nyamara burya mu rukundo hari ibyo aba asabwa kumukorera kandi mu by’ukuri bitanagoye cyane. . Ibintu byoroheje wakora ukigarurira umutima w’umukobwa ukunda . Kora ibi bintu wirebere ngo…
Nyuma y’imyaka 9 Bruce Melody yasubije umunyamakuru wamubwiye ko ntaho azagera kubera isura ye itari nziza anahishura ahavuye izina Munyakazi
Icyamamare Bruce Melodie ukunzwe mu muziki w’u Rwanda , yahaye igisubizo cyiza umunyamakuru wamusebeje avuga ko isura ye arimbi idacuruza anamugereranya nk’umuntu w’umugome mubi cyane,yanakomoje ku izina rye ’Munyakazi’ aho ryavuye . Bruce Melody yakoze igitaramo cy’amateka . Umunyamakuru yabwiye…
Urutonde rw’abakinnyi 10 bahembwa agatubutse kurusha abandi mu Rwanda n’imishahara yabo
Abakinnyi b’umupira w’amaguru hirya no hino ku isi bari mu binjiza agatubutse ndetse no mu Rwanda niko bimeze kuko abakinnyi bari mu binjiza akayabo bakura ku mpano yabo. . Abakinnyi bahembwa menshi muri shampiyona y’u Rwanda . Tuyisenge Jacques ayoboye…
Birabaje: Umukobwa w’imyaka 22 avuga ko atazongera gushaka nyuma yo gucibwa akaboko n’uwari umugabo we – UBUHAMYA
Janet Auma hamwe n’umubyeyi we umubyara Modesta Owino bagaragaye ku bitaro byitwa Busia Referral, aho uyu mukobwa yatangarije itangazamakuru ko atazongera gushaka kubera ibikomere yasigiwe n’uwari umugabo we akaza kumuca akaboko. Uyu mwari wagizwe umugore afite imyaka micye, yasabye abagore…
Miss Uwase Vanessa yavuze ku itandukana rye na Yverry bamaze igihe bakundana
Nyuma y’amakuru yari amaze iminsi acicikana avuga ko Yverry yaba yaratandukanye n’umukunzi we bamaranye imyaka irenga ibiri, uyu mukobwa witwa Vanessa Uwase yafashe umwanya ahamya ko yiyeguriye uyu muhanzi bizira iherezo. . Urukundo rwa Miss Vanessa Uwase n’umuhanzi Yverry…
Amashusho Ya Hamisa Mobetto Wabyaranye Na Diamond Asomana Na Rick Ross Wo Muri Amerika Akomeje Guca Ibintu – AMAFOTO + VIDEO
Nyuma y’igihe umuhanzikazi akaba n’umunyamideli Hamisa Mobetto ahakanye ko atari mu rukundo na Rick Ross bari bamaze igihe baca amarenga yo gukundana, kuri ubu bahuriye i Dubai aho bari kugirana ibihe byiza. Aba bombi bagaragaye mu mashusho ari gucicikana ku…
Italiki y’ubukwe bwa Bijoux na Lionel Sentore yamenyekanye
Aline Munezero uzwi muri filime ya Bamenya n’umuhanzi Lionel Sentore wo mu njyana ya gakondo batangaje amatariki y’ubukwe bwabo. . Bijoux agiye gukora ubukwe na Lionel Sentore . Ubukwe bwa Bijoux buratashye . Bijoux agiye kurongorwa na Lionel Sentore ….
Yvette wamamaye muri City maid yateye umutoma ukomeye musaza wa Young Grace bari mu munyenga w’urukundo
Umutoni Yvette umaze kubaka izina muri sinema y’u Rwanda,yatomagije King Philosophe, musaza wa Young Grace. Umutoni yafashe ifoto ari kumwe na King Philosophe ayishyira ku rukuta rwe rwa Instagram ayiherekeresha impine y’amagambo ‘Love of my life’, aho yashakaga kuvuga ko…