Year: 2022

Kylian Mbappe yavuze ku munyezamu wa Argentine washinyaguriye ifoto ye ubwo bishimiraga igikombe cy’Isi

Share this:

Rutahizamu w’ikipe y’u Bufaransa na Paris Saint Germain, yavuze make ku muzamu w’iya Argentina, Emiliano Martinez, washinyaguriye ifoto ye ubwo yishimiraga igikombe cy’Isi we na bagenzi be bari bamaze kwegukana. Ikipe ya Argentina yatwaye igikombe cy’Isi tariki ya 20 Ukuboza…

Share this:

Indege y’a USA yari igonganye n’iy’ubushinwa habura gato

Share this:

Igisirikare cya Amerika kiravuga ko indege y’intambara y’u Bushinwa iherutse kunyura hafi y’indege y’ubutasi y’ingabo zirwanira mu kirere yabo hejuru y’inyanja y’u Bushinwa mu mu minsi ishize, bituma umupilote w’Umunyamerika akora akazi katoroshye kugira ngo yirinde kugongana. Kuri uyu wa…

Share this:

Umubare w’abanyarwanda bapfiriye mu mpanuka y’imodoka ya Volcano na Oxygen muri Uganda wamenyekanye

Share this:

Abanyarwanda bane, umunya-Kenya umwe n’Umurundikazi nibo byamenyekanye ko baguye mu mpanuka y’imodoka ya bisi ya Oxygen yo muri Kenya yagonganye n’iya Volcano yo mu Rwanda, muri Uganda. Abaguye muri iyi mpanuka ni: Murara Alphonse Umushoferi wa Volcano, Omido David Umushoferi…

Share this:

Kigali: Urusengero rwashyizwe ku isoko rukomeje kuvugisha abatari bake

Share this:

Ubuyobozi bukuru bw’Itorero Ebenezer Rwanda, bwagize icyo buvuga ku makuru y’urusengero rwaryo rw’i Kagugu byavuzwe ko rwashyizwe ku isoko, buvuga ko uru rusengero rutari kugurishwa ahubwo ko byakozwe na bamwe mu barwanya umurimo w’iri torero. Muri iki cyumweru, inkuru y’uru…

Share this:

Dore amakosa 3 ugomba kwirinda gukora mu buzima kugirango ubeho wishimye

Share this:

Sobanukirwa bimwe mu bintu bikomeye ukwiye kwirinda mu buzima kugira ngo bitazabwangiza ndetse unamenye uko wabyirinda. Kugira ngo ubuzima bugende neza, hari ibyo umuntu aba akwiriye gukora n’ibindi aba agomba kwirinda gukora kugira ngo bitamugiraho ingaruka mu mibereho ya buri…

Share this:

Rayon Sports yasabye ikintu gikomeye FERWAFA nyuma y’umwanzuro yafashe ku mubare ntarengwa w’abakinnyi

Share this:

Rayon Sports yanditse ibaruwa igaragariza FERWAFA ko umwanzuro wo kutarenza abakinnyi 30 bamenyeshejwe udakurikije amategeko kuko mbere bari bagizwe 33. Tariki ya 23 Ukuboza 2022 ni bwo abanyamuryango ba FERWAFA barimo na Rayon Sports babonye ubutumwa bubamenyesha ko nta kipe…

Share this:

Perezida Félix Tshisekedi yahuye n’umu Gen. utegerejweho kugarura amahoro mu burasirazuba bwa Congo

Share this:

Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Major General Jeff Nyagah uyoboye itsinda ry’Ingabo za Afurika y’Iburasirazuba [EACRF] ziri muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu butumwa bwo kugarura amahoro. Gen Nyagah yagiranye ibiganiro na Perezida Tshisekedi ukomeje gusaba amahanga kotsa igitutu u…

Share this:

Cristiano Ronaldo yerekeje muri Al Nassr ku masezerano azajya amuhemba asaga miliyoni 500RWF bui munsi

Share this:

Umunyabigwi Cristiano Ronaldo yamaze kwerekeza mu ikipe ya Al Nassr yo mu mujyi wa Dubai muri Saudi Arabia,aho yayisinyiye amasezerano y’imyaka 2 n’igice. Uyu mugabo wari umaze imyaka ikabakaba 20 akina I Burayi,agiye gukorera amafaranga mu ikipe ya All Nassr,…

Share this:

Inzira ntibwira umugenzi: Umugeni yabenzwe imisango y’ubukwe irimbanyije azira uwo yagiriye neza

Share this:

Umusore wo muri Ghana ari guca ibintu hirya no hino kubera guhagarika ubukwe bwe bwatangiye nyuma yo kuvumbura ko ugiye kumubera umugore yabanje gusambana n’uwo bahoze bakundana amusezera. Ubu bukwe yabuhagaritse ubwo yari amaze kugera ku rusengero ahitwa Kasoa mu…

Share this:

Indege yaguriwe gutwara Perezida w’Uburundi yaheze aho yagiye gukoreshwa

Share this:

Indege ya Perezida w’u Burundi yo mu bwoko bwa Gulf Stream 4 yaheze ku kibuga cy’indege i Madrid muri Espagne, aho yagiye gukoreshwa ariko bikagaragara ko ifite ibibazo bitahita bikira. Mu 2016 nibwo u Burundi bwashyikirijwe iyi ndege iturutse muri…

Share this: