Umukobwa akomeje kuvugwa cyane nyuma y’uko abujije umukunzi we gutera ivi ngo amwambike impeta akaba ari we upfukama – AMAFOTO
Nk’uko bimenyerewe muri iyi minsi iyo umusore agiye kwambika umukobwa impeta ibizwi nko gutera ivi, umusore niwe upfukama agasaba umukobwa ko yamwemerera bakabana akaramata. Ibi si ko byagenze muri Nigeria ubwo umusore yatunguraga umukunzi we agiye kumwambika impeta kuko umukobwa…
Dore impamvu 3 zituma umukunzi wawe ahisha igihe aherukira kuri Whatsapp
Kuva WhatsApp yaza, kuvugana n’umukunzi wawe byarorohejwe, cyane cyane iyo urebye n’uburyo bwayo bworoshye bwerekana igihe umuntu ari cyangwa aherukira ku murongo, kwandika, kwandika ufata n’amajwi, kuba uri ku murongo ndetse no kuba utariho. Iyi porogaramu irashinjwa gutandukana kwinshi…
Ibyo ukwiye kwitwararika igihe ugiye guhura n’umukunzi wawe bwa mbere kugirango utsindire umutima we
Mu gihe ugiye guhura n’uwo wakunze ku nshuro ya mbere hari uko ugomba kwitwara, ibyo ugomba kuvuga n’ibyo utagomba kuvuga kugira ngo uwo wihebeye atakunyuzamo ijisho bityo ntabe acyikubonye nk’uwo yakunda. Menya ibintu 10 ukwiriye kwitaho ugiye guhura n’uwo wakunze….
Miss USA muri 2019 yapfuye yiyahuye ku igorofa ndende cyane
Cheslie Kryst wabaye Nyampinga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika 2019, yiyahuye asimbutse inzu yo guturamo [Apartment] ahita yitaba Imana. Uyu mukobwa w’imyakaa 30 y’amavuko yashizemo umwuka mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 30 Mutarama 2022 nk’uko byemejwe…
Umupaka w’u Rwanda na Uganda wari umaze imyaka 3 ufunze wafunguwe. U Rwanda ruvuga ko hari ibyo kwitondera
Tariki 31 Mutarama 2022,n’ umunsi utazibagirana ku mubano w’u Rwanda na Uganda wari umaze imyaka isaga 4 urimo agatotsi aho hafunguwe umupaka wa Gatuna ku mugaragaro. Kuva saa sita zuzuye zo kuri uyu wa Mbere, umupaka wa Gatuna wongeye…
Ubwongereza bwaciye amarenga ko abasirikare babwo batazarwana muri Ukraine niramuka itewe n’uburusiya
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubwongereza Liz Truss yaburiye ko hari “inkeke ya nyayo” yuko Uburusiya bwatera Ukraine, ariko ko “bidashoboka cyane” ko abasirikare b’Ubwongereza bakoherezwa kurwana mu ntambara iyo ari yo yose. Ahubwo, yavuze ko Ubwongereza burimo koherereza intwaro Ukraine…
Abagabo: Dore ibintu 3 wakorera umugore wawe bigatuma ahora akwisabira ko mutera akabariro
Abagabo bakunze kwijujutira ko abagore babo usanga nta bushake bafite bwo gutera akabariro ndetse rimwe na rimwe bigasa no kubinginga kugirango iki gikorwa kibashe gukorwa nyamara hari uburyo umugabo yakoresha bigatuma umugore ahora amwifuza ndetse akajya amwisabira ko batera akabariro….
MissRwanda2022: Nshuti Divine Muheto akomeje kuvugisha abatari bake kubera ikimero n’uburanga bye – AMAFOTO
Umukobwa witwa Nshuti Divine Muheto yavugishije abatari bake ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kubona amafoto ye. Ibi byabaye nyuma y’uko amafoto y’abakobwa bari guhatanira guhagararira Intara y’Uburengerazuba banyura imbere y’Akanama Nkemurampaka, yashyirwaga hanze. Benshi batangajwe n’ubwiza budasanzwe bw’uyu…
Abubatse: Dore uburyo watermelon yagufasha gushimisha umugore wawe cyangwa umugabo wawe mu buriri uyu munsi. Ntubisuzugure ahubwo ubigerageze wirebere
Abantu bakunze guhura n’ikibazo cyo kubura ubushake bwo gutera akabariro yaba abagore cyangwa abagabo ndetse ibi iyo bitabonewe umuti hakiri kare bishobora gusenya urukundo rwabo ndetse n’urugo rudasigaye. Muri iyi nkuru tugiye kukugezaho uburyo wakoresha watermelon maze ukubaka urugo kakahava…
Abakundana: Niba ibi bintu 8 mutabikorera hamwe mwembi ntabwo mukwiranye
Ese ikintu cyo kuba hari abantu baremewe kubana kibaho muri ubu buzima? Ese umuntu ashobora kumara igihe yiruka isi yose ashaka uwo bazabana kandi hari uwo yaremewe kubana nawe? Uko byagenda kose hari ibigaragaraza ko mwaremewe kubana. Ushobora gutekereza…