U Rwanda rwemeye gufungura umupaka warwo na Uganda runatangaza itariki uzafungurirwaho
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko tariki 31 Mutarama 2022 umupaka wa Gatuna uzafungurwa nyuma y’imyaka myinshi ufunze kubera umubano mubi w’ibihugu byombi. Ni nyuma yaho Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka muri Uganda asuye u Rwanda,…
Abagore: Dore ufata nk’ibisanzwe byagusenyera urugo mu kanya nk’ako guhumbya uramutse utabigendeye kure
Umugore ushaka kurinda umugabo we agahinda n’ishavu akanarinda umuryango wabo yirinda ingeso mbi zatuma yisenyera. Dore ingeso zatuma umugore yisenyera urugo: 1. KUGIRA INSHUTI MBI Mu ngeso mbi abagore bagira ni ukugira inshuti mbi n’abajyanama babi baza basenya…
Ku myaka 9 gusa afatwa nk’umuntu muto muri Afurika ukize kurusha abandi kuko atunze imodoka zihenze n’amazu y’akataraboneka – AMAFOTO
Mompha Junior ufite imyaka 9 gusa y’amavuko ni we mwana muto ukize kurusha abandi muri Afurika kuko afite amato n’imodoka z’igitangaza hamwe n’amazu yungutse abifashijwemo na papa we w’umuherwe cyane. Uyu mwana muto ukize cyane muri Afurika afite kandi…
KNC yakuye Gasogi United muri Shampiyona nyuma yo kwibwa ku mukino wa Rayon Sports
Perezida wa Gasogi United FC, Kakooza Nkuriza Charles [ KNC], yatangaje ko ikipe ye ayikuye muri Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda nyuma yo kunenga imisifurire yaranze umukino wabahuje na Rayon Sports ikabatsinda igitego kimwe ku busa. Nyuma y’umukino Rayon…
Ubushinjacyaha bwagaragaje uko umugambi wo kwica Akeza wateguwe bukomeza gushinja Mukase kuba inyuma y’urupfu rwe
Akeza Elsie Rutiyomba ni umwana witabye Imana afite imyaka 5 y’amavuko, ndetse inkuru y’urupfu rwe ikaba yaramenyekanye kuwa 14 Mutarama uyu mwaka, ivugwaho byinshi bitandukanye ku mbuga nkoranyambaga. Bamwe ntibumvaga uko uyu mwana yaba yaguye mu Idomoro ya Litiro…
Dore ibintu by’ingenzi ugomba kumenya no kubanza gushyira mu mutwe mbere yo kwiyemeza gushaka kugirango utazasenya bidatinze
Mbere yo kwemerera uwo muzabana ko mukora gahunda y’ubukwe, hari ibintu by’ingenzi uba ugomba kumenya haba kuri wowe ndetse no k’uwo muzabana. Dore ibintu by’ingenzi ugomba kumenya ; 1. Kumenya urukundo icyo aricyo Akenshi hari ubwo umuntu…
Rubavu: Agahinda k’umugore wamaze imyaka 15 nta kana yabyara akabyara umwana utagira uruti rw’umugongo
Umubyeyi wa Nishimwe Isaac, utuye mu Karere ka Rubavu washatse umugabo akaza kumara imyaka 15 yose ataratwita ngo abe yabona umwana abayeho mu buzima bubi we n’umwana we utagira urutirigongo ndetse akaba afite n’ubumuga bw’amaguru. Uyu mubyeyi wavuganye agahinda…
Dore uburyo 11 gakondo wakoresha wivura imiburu(ibiheri) yo mu bwanwa, mu nsya no mu ncakwaha
Imiburu cyangwa ibiheri biza nyuma yo kogoshwa ni ikibazo gihangayikisha abantu bose muri rusange, ikunze kuza nyuma y’iminsi micye umuntu yogoshwe cyangwa yiyogoshe bwaba ubwanwa, umusatsi, insya cyangwa incakwaha. Gusa abo bikunze kuzahaza cyane ni abagabo mu bwanwa dore…
Uburyo bwiza wakweraka umugabo ko umwishimira kandi umukunda cyane
Iyo umugabo mwashakanye umwishimira ukifuza kubimugaragariza hari uburyo bwinshi ubinyuzamo. Bamwe batekereza ko uburyo bwiza ari ukubibabwira, abandi bakabyandika ku mbuga nkoranyambaga n’ahandi. Uburyo bwose wakoresha iyo bikuvuye ku mutima buba bwiza, ariko hari ububa bwiza kurushaho butuma umugabo…
Abubatse: Dore ibyo wakorera umukunzi wawe bigatuma urukundo rwongera kugurumana
Bibaho ko abashakanye bagezaho bagasa nk’aho urukundo rwabo rwakonje, kuburyo batagize icyo babikoraho bishobora kubasenyera urugo. Ibikurikira ni bimwe mu bintu wakorera uwo mwashakanye igihe ubona ko urukundo rwanyu rwatangiye gukonja, rukongera rugasubira bushya rugashyuha: 1. Kumukorera akantu…