Month: January 2022

Isaha yo kugera mu rugo yashyizwe saa sita z’ijoro – IMYANZURO Y’INAMA Y’ABAMINISITIRI

Share this:

Inama y’Abaminisitiri yateranye uyu munsi tariki ya 28 Mutarama 2022,yemeje ko isaha abantu basabwa kuba bageze mu ngo ari saa sita z’ijoro mu gihe amakoraniro n’abafana ku bibuga nabyo byakomorewe.   Mu myanzuro mishya ikurikiye iyatangajwe ku wa 14 Ukuboza…

Share this:

Ibigaragaza ko umusore mukundana nta rukundo rw’igihe kirekire aguteganyaho

Share this:

Buri wese aba yumva iteka yaba mu rukundo rurambye byaba byiza rukazavamo kubana n’uwo yihebeye, bakabana akaramata. Hari igihe umukobwa akundana n’umusore ariko urukundo uwo musore amukunda atari ururambye.   Hari bimwe mu bimenyetso bigaragaza mwene uwo musore ugukunda urukundo…

Share this:

AFCON2022: N’ubwo bakoze iyo bwabaga, icyoba ni cyose ku bakinnyi ba Guinea bananiwe gusohoza isezerano bahaye perezida wabo

Share this:

Barazibandwa bazerekeza he? Magingo aya abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Guinea bayobowe na kapiteni Naby Keita wa Liverpool, bari kubunza imitima batekereza ubusobanuro baha Perezida w’iki gihugu wabatumye muri Cameroun kuzana igikombe byakwanga bagasubiza amafaranga yose batanzweho bategurwa.   Ku mugoroba…

Share this:

Jin Joseph ukomoka muri Korea y’epfo yakatiwe igifungo cy’imyaka 5 kubera amanyanga yakoreye umunyarwanda

Share this:

Umugabo witwa Jin Joseph ukomoka muri Korea waregwaga icyaha cyo Gukoresha inyandiko mpimbano, nyuma yo kujurira kikongera kumuhama yakatiwe gufungwa imyaka 5 no kwishyura ihazabu ya miliyoni 3 Frw.     Muri Werurwe 2021 Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwari rwahamije…

Share this:

Biden yasabye imbabazi umunyamakuru yise ikinyendaro

Share this:

Joe Biden, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye imbabazi umunyamakuru Peter Doocy wa ‘FOX’ yise “Stupid Son Of bitch” nyuma yo gusubiza ikibazo yari abajijwe cy’icyo leta iteganya gukora mu rwego rwo guhangana n’itakazagaciro (Inflation) ry’amadorari y’America n’izamuka…

Share this:

Umugabo yabengeye umukobwa mu bukwe bapfuye indirimbo yasabye DJ akayibyina

Share this:

Umugabo yatandukanye n’umugore we nyuma y’uko asabye indirimbo bari kwiyakira nyuma y’ubukwe akayibyina mu buryo budasanzwe bigatera umwuka mubi mu muryango.   Aba bashakanye bashyizeho agahigo gashya k’abantu bamaranye igihe gito barushinze kuko nyuma yo gutongana kw’imiryango bari mu kwiyakira…

Share this:

Dore amakosa 6 akomeye ukwiye kwirinda gukora mu rukundo kuko yaguta mu rwobo utazikuramo

Share this:

Mu rukundo bitewe n’ubumenyi n’uburambe buke, abantu bamwe na bamwe usanga bakora amakosa akomeye batabizi. Niba ukunze umuntu buhumyi ntushyiremo ubwenge, ushobora kuzisanga mu rwobo utazapfa kwivanamo ubitewe no gukora amakosa nyamara wowe uzi ko uri mu nzira nziza.  …

Share this:

Abakobwa: Ubona umusore mukundana atinda kugushyira mu mago? Kurikiza izi nama urebe ngo aribwiriza mu gihe gito cyane

Share this:

Abakobwa benshi usanga bakunze guhangayikira igihe bazakorera ubukwe bigatuma bakora iyo bwabaga ngo abasore bakundana babashake nyamara rimwe rimwe ntibikunde. Mukobwa menya icyabigufashamo.   Ibintu 15 byafasha umukobwa wifuza kuba uw’igikundiro ku mukunzi we, akabasha kunogera no kwishimirwa n’umusore bakundana…

Share this:

Abasore gusa: Dore abakobwa 6 udakwiriye gutekereza gushakana nabo mu buzima bwawe

Share this:

Abasore benshi bagorwa no guhitamo uw’ubuzima bwabo, ugasanga bamwe barebera cyane ku buranga cyangwa ku mafaranga afitwe n’uwo mukobwa cyangwa umutungo w’iwabo. Niba uri umusore ushikamye rero, aba bakobwa tugiye kukubwira nta n’umwe wavamo umugore mwiza ukubereye.   1. Umukobwa…

Share this:

Umupolisikazi yasanze umugabo we mu rugo aramwica arangije nawe ariyahura

Share this:

Abashinzwe iperereza mu Ntara ya Trans Nzoia muri Kenya barimo gukora iperereza ku bwicanyi bivugwa ko bwakozwe n’umupolisi ukekwaho kuba yararashe umugabo we nawe akiyahura yirashe.   Polisi ivuga ko ku cyumweru mu gitondo, umupolisikazi Dorcas Chebet w’imyaka 27 n’umugabo…

Share this: