Abasore: Ibintu 5 Wakorera Umukobwa Ukunda Agahora Yifuza Guhorana Na We
Kugira ngo umukobwa ahore yishimye igihe cyose muri kumwe burya biterwa n’uko umusore bakundana amufata n’uko amuganiriza ndetse n’amagambo amubwira iyo bari kumwe. Usanga abasore benshi cyangwa se abagabo bifuza kubona abakobwa b’inshuti zabo babasekera, babamwenyurira n’ibindi byerekana ko…
Ushaka kwizihiza Saint Valentin ukeye? Dore uko wowe n’umukunzi wawe mwakwambara mukahacana umucyo – AMAFOTO
Mu gihe habura iminsi itatu gusa kugira ngo umunsi wizihizwaho abakundana wa St. Valentin ugere, kuri ubu abakundana bari gushakisha impano bazahana cyangwa aho bazasohokera, ndetse hari n’abandi bari kwibaza imyenda bazambara uko imeze cyangwa se bayobewe amabara bahitamo. ….
Gakenke: Abaturage bari kubyinira ku rukoma kubera urupfu rw’umugabo bari baturanye
Ku musozi wa Rutendeli mu murenge wa Gashenyi mu karere ka Gakenke, abaturage bari mu byishimo kubera urupfu rw’umugabo witwa Dusabimana Leonidas wavugwagaho kuroga abaturage bo muri aka gace. Mu gihe ubusanzwe umuntu apfa abantu bagacura umuborogo,urupfu rw’uyu mugabo…
Taliki 11/02 umunsi wa gapapu mu Rwanda unibukwaho uburyo uwitwa Kaberuka yakoreye gapapu incuti ye magara akamutwara Marita
Hari ku munsi nk’uyu mu myaka yo mu 1980 habura iminsi itatu gusa ngo hizihizwe umunsi w’abakundanye uzwi nka Saint Valentin, umusore wari ugeze mu gihe cyo gushaka yagiye gusura umukobwa bakundanaga witwa Marita, aherekezwa n’inshuti ye yitwaga Kaberuka ngo…
Rayon Sports: Uko abakinnyi babona umutoza wabo mushya mu minsi mike bamaranye
Umunya-Portugal Jorge Paixão uherutse gusinyira Rayon Sports kuzayitoza amezi atandatu, afitiwe icyizere cyinshi n’abakinnyi b’iyi kipe babisobanura bagaragza aho atandukaniye n’abandi batoje iyi kipe, aho bemeza ko bizeye umusaruro utagabanyije azaha iyi kipe mu gice cya kabiri cya shampiyona. ….
Mu mafoto reba ikimero n’uburanga bya Tems wigaruriye umutima w’umuhanzi Wizkid
Umuhanzikazi Tems ugezweho mu gihugu cya Nigeria , akomeje kuvugwa mu munyenga w’urukundo na Wizkid bakoranye indirimbo yakunzwe cyane ’Essence’. Temilade Openiyi umaze kwamamara ku izina rya Tems, ni umuhanzikazi ugezweho ku mugabane wa Afurika ukomoka muri Nigeria. Yatangiye…
Umubano wa Perezida Kagame n’umuhungu wa Museveni ukomeje gusagamba
Lt Gen Muhoozi ukomeje kugaragaza ubushake mu gutuma u Rwanda na Uganda byongera kunoza umubano, akomeje kwerekana ko ibihugu byombi ari abavandimwe kandi kuva na kera ariko byahoze. Muri iyi minsi u Rwanda na Uganda bari muri gahunda yo…
Uruntu runtu muri Ukraine: Perezida Biden yasabye Abanyamerika bari muri Ukraine gutaha igitaraganya kubera Uburusiya
Perezida Joe Biden wa Amerika yasabye abanyamerika bose bakiri muri Ukraine kuva muri iki gihugu ako kanya kuko ibitero by’ingabo z’Uburusiya byugarije. . Abanyamerika Bari Muri Ukraine Basabwe Kuyabangia Ingata . Amerika N’Ubusiya Bikomeje Kureabana Ay’ingwe . Intambara Ishobora Kwaduka…
Nyarugenge: Umufundi yahanutse ku nyubako ya La Bonne Address ikoreramo Inyarwanda
Umufundi Ntibaziyaremye Ferdinand w’imyaka 39 wubakaga inzu ku nyubako ya La Bonne Adresse, ya Higiro Martin, yahanutse ku nzu y’igorofa rya kabiri maze yikubita hasi abanza umugongo, ahita ajya muri koma. Ibi byabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa…
Muberuka Rachid wamamaye nka Pogba muri Police FC n’ahandi yakoze ubukwe bwitabiriwe n’inkumi z’uburanga- AMAFOTO
Muberuka Rachid wamamaye mu makipe anyuranye mu Rwanda arimo Police FC na Musanze FC no mu myidagaduro nyarwanda yaba mu nkuru zinyuranye n’ibyamamare, yasabye anakwa Uwase Nadine umwe mu bakobwa batazwi cyane mu itangazamakuru, mu birori byitabiriwe n’inkumi z’uburanga zari…