Month: February 2022

Dore ibintu byoroshye wakora ukazamura amarangamutima y’umukunzi wawe akagera ku rwego rwo kugusarira

Share this:

Niba uwo mukundana atangiye kubivamo gahoro gahoro ufite akazi ko kumugarura, niba mumeranye neza nanone ukeneye kubyongera. Muri iyi nkuru turagufasha kumenya uko wabigenza akongera kugukunda nka mbere. . Uko Wakwigarura Umutima W’umukobwa Ukunda . Uko Wakwigarurira Umutima W’umusore Ukunda…

Share this:

Ntibisanzwe! Yamaze imyaka 20 ategereje umukunzi banahuye ntibahita babana bibasaba indi myaka 20 kugirango babane

Share this:

Urukundo ni umurunga ukomeye cyane udapfa gucibwa. Benshi mu babyeyi bagerageza guca uwo murunga ntabwo ujya ubahira, ntabwo wemera gucibwa. Inkuru y’urukundo rwa Keilla na Kim, iratangaje cyane kuko Kim yamaze imyaka 20 ashakisha Keilla, yanamubona bikaba iby’ubusa kugeza biciyemo…

Share this:

Kigali: Amayobera!!! Umugabo yahawe agahanga k’ihene n’umupasiteri ngo ajye kukajugunya agagarana nako akira ari uko akagaruye aho yagakuye

Share this:

Mumujyi wa Kigali habareye ibisa n’amayobera aho umugabo usanzwe ari umukarani yahawe umutwe w’ihene ngo ajye kuwujugunya, mugihe awuteruye akaza kugagara akikubita hasi.   Ibi byabereye mukarere ka Nyarugenge Umurenge wa Rwezamenyo mu Kagali ka Rwezamenyo ya Kabiri, Inkuru dukesha…

Share this:

MissRwanda2022: Umuvugizi wa Rwanda Inspiration Back Up yasobonuye iby’umukobwa wahawe YES 3 ntakomeze mu gihe uwahawe No 3 yakomeje

Share this:

Ntibyumvikana neza mu matwi y’umukobwa ushaka ikamba rya Miss Rwanda 2022 wanyuze imbere y’Akanama Nkemurampaka kagizwe n’abantu batatu agahabwa ‘YES’ eshatu zihwanye n’umubare w’abagize Akanama Nkemurampaka, ariko ntiyisange ku rutonde rw’abakomeje, kandi yasohotse afite icyizere!.   Abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje…

Share this:

Inkangu yahitanye abantu 14 abandi 35 barakomereka

Share this:

Ikigo gishinzwe imicungire y’ibiza cyatangaje ko ku wa kabiri w’iki cyumweru, byibuze abantu 14 barapfuye abandi 35 barakomereka nyuma y’inkangu ikomeye yarengeye amazu menshi yo muri Colombia.   Ibi byabereye i Dosquebradas, hafi yumujyi wa Pereira, nyuma y’imvura nyinshi yaguye…

Share this:

Nyagatare: Umugeni waburiwe irengero ku munsi w’ubukwe yabonetse ashinja umugabo we kuba nyirabayazana w’ibyabaye

Share this:

Abakurikirana imbuga nkoranyambaga bagiye babona mubihe bitandukanye amafoto n’Amashusho ndetse n’inkuru zavugaga ko Umugabo yatanze inkwano ndetse ubukwe bugategurwa nyamara umunsi nyirizina wagera wo gukora ubukwe Umugeni we akaburirwa irengero.   Ibi byabaye kuwa 5 Gashyantare 2022, aho kumuyoboro wa…

Share this:

Umwe mu bareganwa na Rusesabagina yarwariye umutima mu rukiko

Share this:

Umwe mu baregwa hamwe na Paul Rusesabagina na bagenzi be, yagize ikibazo cy’uburwayi bw’umutima bwamufashe mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, bituma urubanza rwari ruteganyijwe uyu munsi rusubikwa.   Inteko y’Urukiko rw’Ubujurire ruburanisha uru rubanza, ikimara kwinjira mu cyumba…

Share this:

Dore ibintu bitangaje utakeka byongerera umuntu iminsi yo kubaho

Share this:

Nubwo bigoye kumenya igihe uzamara ku isi cg kucyongera, bikaba bitanashoboka kubaho ubuziraherezo. Gusa, uburyo ubamo n’ibyo ukora mu buzima bwawe bigira uruhare mu kongera cg kugabanya igihe ubaho. Byaragaragaye ko hari bimwe mubyo ushobora gukora bikaba byagufasha kubaho igihe…

Share this:

Sobanukirwa utubara tw’umweru tuza ku nzara(inono), inkomoko yatwo n’igihe dufashwa nk’ikimenyetso cy’indwara ikomeye

Share this:

Inono cg se utuntu tw’umweru tuza mu nzara; dushobora kuza ari akadomo kamwe cg se imirongo minini mu nzara cg amano. Ibi bikunze kuba ku bantu benshi, mu gihe runaka mu buzima bwabo, kuba wagaragaza utu tubara mu nzara ntibivuze…

Share this:

Shaddyboo yongeye kwibasirwa bikomeye kubera ibyo yifuza gukora ku munsi wa Saint Valentin

Share this:

Umunyamidelikazi ukunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga zo mu Rwanda, Mbabazi Shadia wamamaye ku izina rya Shaddy Boo yongeye kwibasirwa n’abatari bake ku mbuga nkoranyambaga ze nyuma yo kwandika ko ashaka umusore ukodeshwa wa St.Valentin.   Abasore batari bake mu buryo…

Share this: