Dore ibintu byoroshye wakora ukazamura amarangamutima y’umukunzi wawe akagera ku rwego rwo kugusarira
Niba uwo mukundana atangiye kubivamo gahoro gahoro ufite akazi ko kumugarura, niba mumeranye neza nanone ukeneye kubyongera. Muri iyi nkuru turagufasha kumenya uko wabigenza akongera kugukunda nka mbere. . Uko Wakwigarura Umutima W’umukobwa Ukunda . Uko Wakwigarurira Umutima W’umusore Ukunda…
Ntibisanzwe! Yamaze imyaka 20 ategereje umukunzi banahuye ntibahita babana bibasaba indi myaka 20 kugirango babane
Urukundo ni umurunga ukomeye cyane udapfa gucibwa. Benshi mu babyeyi bagerageza guca uwo murunga ntabwo ujya ubahira, ntabwo wemera gucibwa. Inkuru y’urukundo rwa Keilla na Kim, iratangaje cyane kuko Kim yamaze imyaka 20 ashakisha Keilla, yanamubona bikaba iby’ubusa kugeza biciyemo…
Kigali: Amayobera!!! Umugabo yahawe agahanga k’ihene n’umupasiteri ngo ajye kukajugunya agagarana nako akira ari uko akagaruye aho yagakuye
Mumujyi wa Kigali habareye ibisa n’amayobera aho umugabo usanzwe ari umukarani yahawe umutwe w’ihene ngo ajye kuwujugunya, mugihe awuteruye akaza kugagara akikubita hasi. Ibi byabereye mukarere ka Nyarugenge Umurenge wa Rwezamenyo mu Kagali ka Rwezamenyo ya Kabiri, Inkuru dukesha…
MissRwanda2022: Umuvugizi wa Rwanda Inspiration Back Up yasobonuye iby’umukobwa wahawe YES 3 ntakomeze mu gihe uwahawe No 3 yakomeje
Ntibyumvikana neza mu matwi y’umukobwa ushaka ikamba rya Miss Rwanda 2022 wanyuze imbere y’Akanama Nkemurampaka kagizwe n’abantu batatu agahabwa ‘YES’ eshatu zihwanye n’umubare w’abagize Akanama Nkemurampaka, ariko ntiyisange ku rutonde rw’abakomeje, kandi yasohotse afite icyizere!. Abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje…
Inkangu yahitanye abantu 14 abandi 35 barakomereka
Ikigo gishinzwe imicungire y’ibiza cyatangaje ko ku wa kabiri w’iki cyumweru, byibuze abantu 14 barapfuye abandi 35 barakomereka nyuma y’inkangu ikomeye yarengeye amazu menshi yo muri Colombia. Ibi byabereye i Dosquebradas, hafi yumujyi wa Pereira, nyuma y’imvura nyinshi yaguye…
Nyagatare: Umugeni waburiwe irengero ku munsi w’ubukwe yabonetse ashinja umugabo we kuba nyirabayazana w’ibyabaye
Abakurikirana imbuga nkoranyambaga bagiye babona mubihe bitandukanye amafoto n’Amashusho ndetse n’inkuru zavugaga ko Umugabo yatanze inkwano ndetse ubukwe bugategurwa nyamara umunsi nyirizina wagera wo gukora ubukwe Umugeni we akaburirwa irengero. Ibi byabaye kuwa 5 Gashyantare 2022, aho kumuyoboro wa…
Umwe mu bareganwa na Rusesabagina yarwariye umutima mu rukiko
Umwe mu baregwa hamwe na Paul Rusesabagina na bagenzi be, yagize ikibazo cy’uburwayi bw’umutima bwamufashe mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, bituma urubanza rwari ruteganyijwe uyu munsi rusubikwa. Inteko y’Urukiko rw’Ubujurire ruburanisha uru rubanza, ikimara kwinjira mu cyumba…
Dore ibintu bitangaje utakeka byongerera umuntu iminsi yo kubaho
Nubwo bigoye kumenya igihe uzamara ku isi cg kucyongera, bikaba bitanashoboka kubaho ubuziraherezo. Gusa, uburyo ubamo n’ibyo ukora mu buzima bwawe bigira uruhare mu kongera cg kugabanya igihe ubaho. Byaragaragaye ko hari bimwe mubyo ushobora gukora bikaba byagufasha kubaho igihe…
Sobanukirwa utubara tw’umweru tuza ku nzara(inono), inkomoko yatwo n’igihe dufashwa nk’ikimenyetso cy’indwara ikomeye
Inono cg se utuntu tw’umweru tuza mu nzara; dushobora kuza ari akadomo kamwe cg se imirongo minini mu nzara cg amano. Ibi bikunze kuba ku bantu benshi, mu gihe runaka mu buzima bwabo, kuba wagaragaza utu tubara mu nzara ntibivuze…
Shaddyboo yongeye kwibasirwa bikomeye kubera ibyo yifuza gukora ku munsi wa Saint Valentin
Umunyamidelikazi ukunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga zo mu Rwanda, Mbabazi Shadia wamamaye ku izina rya Shaddy Boo yongeye kwibasirwa n’abatari bake ku mbuga nkoranyambaga ze nyuma yo kwandika ko ashaka umusore ukodeshwa wa St.Valentin. Abasore batari bake mu buryo…