MissRwanda2022: Umwe ni umuririmbyi undi ni umukinnyi wa Filimi. Ikimero n’uburanga bya Olga na Lynda barahiriye gutwara ikamba
Umuhanzikazi Giramata Olga n’umukinnyikazi wa filimi Nkusi Lynda, bari mu bakobwa 76 bitabiriye ijonjora rya Miss Rwanda 2022 mu Ntara y’Uburasirazuba, uburanga bwabo bukaba busanzwe buvugisha bamwe. . Amafoto Ya Lynda Na Olga, . Ibyamamare Byitabiriye Miss Rwanda 2022 Amajonjora…
Abasore: Umukunzi wawe yaba yanga ko mutera akabariro kandi mwarigeze kubikora? Dore zimwe mu mpamvu zishobora kuba zibimutera
Ibi bikunze kuba ku basore benshi aho usanga bakundana n’abakobwa ndetse bakabasha gutera akabariro rimwe cyangwa kabiri ariko nyuma yaho umukobwa akabyanga burundu akenshi ugasanga abasore bafashe umwanzuro wo kwanga umukukobwa batanazi impamvu yabimuteye. . Icyo Wakora Ugashimisha Umukunzi ….
Abasore: Haba hari umukobwa wakwimye urukundo? Reba neza niba utajya wibeshya kuri ibi bintu
Abasore bafite ibintu bibeshyaho ko babikoze cyangwa se babifite byatuma abakobwa babakunda byimazeyo nyamara si ko biri kuko iyo ari byo bakoresheje batereta akenshi bitabahira. . Ibintu abasore bibeshya ko byatuma abakobwa babakunda kandi atari byo . Ibintu udakwiye…
Abantu basetse barakwenkwenuka ubwo umusore w’ibigango ufite imyaka 29 yatereraga ivi umwana wiga mu yisumbuye – AMASHUSHO
Abakoresha imbuga nkoaranyambaga batunguwe n’umusore w’imyaka 29 wo muri Nigeria wateye ivi akambika impeta umwana w’umukobwa wiga mu mashuri yisumbuye ariko ugaragara nk’aho akiri muto. . Umusore W’ibigango Yapfuyamiye Umwana Wiga Mu Mashuri Yisumbuye amusaba kumubera umugore . Yareye Ivi…
Yolo The Queen yashyize hanze amashusho acugusa amabuno abwira bagenzi be ati: “Mugira amahirwe…”
Umurundikazi Yolo The Queen wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko kuri instagram aho ashyira amafoto n’amavidewo atandukanye akurura abafana be benshi. Kuri uyu wa 06 Gashyantare 2022, Yolo The Queen abinyujije kuri story ya instagram ye yashyize hanze videwo maze…
Umusore w’imyaka 17 yakatiwe kumara imyaka 100 mu buroko
Ku wa kabiri w’iki cyumweru, Umusore w’ingimbi yakatiwe igifungo cy’imyaka 100 azira kwica barumuna be. Nickalas Kedrowitz, ufite imyaka 17, yakatiwe iyi myaka nyuma y’aho yishe mushiki we witwa Desiree McCartney w’amezi 23 na murumuna we Nathaniel Ritz w’amezi…
#MissRwanda2022:Intara y’Amajyepfo yabonye abakobwa 9 bayihagararira harimo n’ufite ubumuga bukomatanyije
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 5 Gashyantare 2022,hakomeje amajonjora ya Miss Rwanda yakomereje mu Ntara y’Amajyepfo kuri Credo Hotel,habonetse abandi bakobwa 9 binjiye muri Miss Rwanda 2022. . Abakobwa 9 bazahagararira intara y’amajyepfo . Bwa mbere mu mateka yaryo, Irushanwa…
Nyagatare: Pasiteri aravugwaho kwica ubukwe bwaburaga amasaha ngo butahe
Pasiteri mu itorero Carval Temple, muri imwe mu misingi yaryo mu Karere ka Nyagatare, yanze gusezeranya abageni habura umunsi umwe ngo ubukwe bube, ku mpamvu itaramenyekana. Ubukwe bw’abo bageni bwari buteganyijwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 05 Gashyantare…
Ibyo wakorera umukobwa ukunda ukamwibagiza abandi bose bamutereta akaba uwawe wenyine
Dore ibintu 6 by’ingenzi kandi byoroshye wakorera umukunzi wawe ukamwibagiza ba bandi bose bamutereta; . Ibyo Wakorera Umukobwa Akagukunda Kurusha Abandi Bose . Ibyo Wakora Bigatuma Umukobwa Yibagirwa Abamutereta Bose . Uko Wakwigarurira Umutima W’umukobwa Ukunda Mu Buryo Bworoshye …
Umugore yapfuye nyuma yo gutera akabariro ijoro ryose n’umusore w’ibigango
Alice Wasike, Umugore wo muri Kenya bamusanze yitabye Imana iruhande rwe haryamye umugabo wataye ubwenge bikekwa ko yazize gutera akabariro ijoro ryose kugeza ashizemo umwuka. Birakekwa ko yapfuye nyuma yo kumara ijoro ryose mu gikorwa cy’imibonano kubera ko nta…