Abantu bifashe impungenge nyuma yo kubona ukuntu abana b’abakobwa babyina indirimbo igezweho – VIDEO
Abakobwa b’abanyeshuri bakomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera ukuntu babyina indirimbo igezweho mu buryo budasanzwe, abo bakobwa baba babyina bakubita ikibuno hejuru. . Imibibyinire y’abana b’abakobwa yatunguye benshi . Abakobwa babyinnye umuziki abantu barumirwa Aba banyeshuri kandi bigaragara ko…
Umusore yakubiswe iz’akabwana n’umukobwa yari agiye kwambika impeta – VIDEO
Umukobwa wo mugihugu cya Nigeria we ntiyigeze yishimira igikorwa cyari cyateguwe n’umusore bakundana washakaga kumwambika impeta maze aramukubita abantu bose bashungereye. Uyu musore yari yatumiye inshuti ze ndetse n’isnhuti z’umukobwa, ategura ahantu heza, ategura umutsima(Gateaux), ategura n’umuhanzi ugomba kuririmba…
Abasore: Dore ibintu 11 wakora umukobwa ukunda niba wifuza ko arushaho kugukunda uko iminsi ishira kugeza akwimariyemo wese
Biroroshye kuba umusore yatuma umukobwa badakundana amukunda kuruta uko yatuma uwo bari mu rukundo cyangwa uwo babana abona impamvu yihariye yo kumukunda. Iyo wamaze kumwigarurira umukoro uba usigaye kandi ukomeye ni ugutuma ahora agukunze. Kuko usanga abasore benshi bahangayikishijwe…
Dore ibimenyetso 5 byakwereka ko uwo wihebeye akuryarya atagukunda cyangwa yikundira abandi batari wowe
Urukundo ni kimwe mu bintu bigize Isi bituma habaho umunezero no kumvikana hagati y’abantu batandukanye, urukundo nanone ni kimwe mu bintu by’ingirakamaro bituma ku Isi habaho kororoka kw’ikiremwamuntu nyuma y’uko abakundanye basangana bakubaka urugo bakabyara abana nabo bakabatoza kugira urukundo….
Agashya: Pasitoro yasabye abadafite amaturo kutazamugarukira mu rusengero – IMPAMVU
Mu gihugu cya Kenya haravugwa inkuru y’umupasitori witwa Man Kush watangaje ko abantu badafite amafaranga badakwiye kuza mu rusengero rwe kubera ko afite fagitire nyinshi zo kwishyura. Uyu muvugabutumwa yakomeje avuga ko kuba mu mujyi wa Nairobi bisaba gukora atari…
Ese Ntiyaba ari intambara ya 3 y’isi irimo gututumba! Uburusiya n’Ubushinwa byishyize hamwe mu kurwanya Amerika n’Uburayi
Ubushinwa bwifatanyije n’Uburusiya mu kwamagana ko umuryango w’ubwirinzi bwa gisirikare w’Uburayi n’Amerika (OTAN/NATO) ukomeza kwaguka, mu gihe ibi bihugu bibiri birushaho kwisungana kubera igitutu cy’ibihugu by’i Burayi n’Amerika. . Ubushinwa n’Uburusiya byasinye amasezerano y’ubufatanye mu kurwanya kwaguka kwa OTAN ….
Inyamaswa yicaga imitavu hafi ishyamba rya Nyungwe yishwe
Igisimba gikekwa ko kiri mu bimaze iminsi birya inka z’imitavu hafi ya pariki ya Gishwati mu karere ka Nyabihu,cyishwe n’abashinzwe umutekano. Aborozi baororeraga mu nzuri zegereye Pariki ya Gishwati-Mukura bari bamaze iminsi bataka inyamaswa y’inkazi yivuganaga inka zabo cyane…
Dore ibintu wakora urukundo rwawe rukakuryohera kurusha urwo ujya ubona muri filimi z’igihinde
Ku bantu mwakuze mureba filime, muribuka ko mwabonaga abagore bafatwa nk’abamikazi naho abagabo bakaba abami muri iyi ngombyi y’urukundo. N’ubwo wabibonaga cyangwa ukibibona ntabwo biguha ishusho y’uko wabigenza ngo ugire ibyishimo bidashira. Ni yo mpamvu tuje kugufasha, wowe usabwe gukora…
Reba ifoto ya Anita Pendo na Japhet bigannye Rihanna n’umukunzi we ikomeje kuvugisha abatari bake harimo n’ibyamamare
Ku munsk w’ejo nibwo ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye by’umwihariko kuri Twitter na instagram hasakajwe ifoto ya Anita Pendo na Japhet aho bari biganye Rihanna na Asap Rocky ku ifoto baherutse gushyira hanze igaragaza Rihanna atwite Abantu benshi babonye iyi foto…
Ariel Wayz yahundagajweho imitoma itagira ingano kubera amafoto ye mashya yashyize hanze – aMAFOTO
Umuhanzikazi Ariel Wayz umaze kwamamara muri muzika Nyarwanda ndetse unakurikirwa n’abatari bake ku mbuga nkoranyambaga ze yatewe imitoma n’abafana be nyuma y’amafoto mashya yashyize kuri Instagram agaragaza inseko idasanzwe. Uyu mukobwa ukunze kwifotoza azamura urutoki rwa musumbazose ,benshi badakunda kuri…