Umugore afunze azira kwica mugenzi we akoresheje ikibuno ubwo barimo gusenga
Umugore wo muri Leta ya Texas arashinjwa kwica mugenzi we babanaga mu cyumba kimwe akoresheje icyibuno, aho polisi ivuga ko yamwicayeho kugeza apfuye. . Umugore yishe mugenzi we ubwo yarimo kumusengera . Yamwicaye hejuru kugeza ashizemo umwuka Uyu mugore…
“Ntawe so yabyaye” Umunyamakuru Cyuzuzo yari ahititanye uwise umukunzi we Umu Congoman
Cyuzuzo Jean d’Arc ukorera Kiss FM yasubizanyije amashagaga uwari wise umu ’Congoman’ umukunzi we uherutse no kumwambika impeta y’agateganyo yo kubana,ndetse binavugwa ko ubukwe bw’aba bombi buri vuba. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, umunyamakuru Cyuzuzo yanditse ati,”Please (Ndakwinginze)…
Musenyeri Kizito Bahujimihigo yakoze impanuka yaguyemo umunyegare
Musenyeri Kizito Bahujimihigo wayoboye Diyosezi ya Ruhengeri n’iya Kibungo, yakoze impanuka nyuma y’aho imodoka ye ifite plaue Toyota RAV4 RAB 130 S yagonganye n’umunyonzi wahise yitaba Imana mu gihe we yajyanywe kuvurirwa mu Bitaro bya Masaka. . Kizito Bahujimihigo yarokotse…
Dore amagambo yuzuye uburyohe wakoherereza umukunzi wawe mu butumwa bugufi ukigarurira umutima we wose
Urukundo ni nk’ifunguro cyangwa igihingwa. Rukuryohera kurushaho iyo rubonetsemo amagambo ava ku mutima agakora ku wundi, kimwe n’uko ibiryo biryoshywa n’indyoshyandyo, igihingwa kigatoheshwa n’ifumbire. Niba ujya wibaza amagambo yuzuye urukundo wakoherereza umukunzi wawe mu butumwa bugufi, umwereke ko urwo…
Amafoto y’ibyamamare yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga muri iki cyumweru
Muri iki cyumweru turimo gusoza, ibyamamarekazi nyarwanda batandukanye babinyujije ku mbuga nkoranyambaga bakoresha basangije abafana babo ndetse n’ababakurikirana muri rusange amafoto atandukanye. Hano twabakusanyirije amwe mu mafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda bitandukanye yabiciye bigacika kuri instagram muri iyi minsi y’icyumweru turangije,aho uri…
Reba agashya umunyezamu wa misiri yakoze mbere yo gusezerara Cameroon
Umunyezamu wa Misiri, Mohamed Abou-Gabal “Gabaski” yari afite inyandiko irambuye igaragaza uko abakinnyi ba Kameruni batera penaliti byari byanditse ku gapapuro kari kometse ku icupa rye. Benshi batunguwe no kubona agapapuro k’icupa ry’amazi ry’uyu munyezamu kanditseho uko abakinnyi ba…
Abakobwa: Niba ubona ibi bimenyetso mu rukundo rwawe, ikiza ni uko uwo musore wamusiga hakiri kare
Kuba wenyine mu rukundo ntabwo ariyo mpamvu nyamukuru yo gutuma ukomeza kuhaguma. Kuba mu rukundo byonyine ntabwo bihagije. Ahari waragerageje ariko birangira byanze. Kuki waguma kwihambira ku muntu kandi nta kizavamo? Dore ibimenyetso iwacumarket.xyz yaguteguriye yifashishije urubuga Relrules. . Ibimenyetso…
Byinshi kuri Soleil wo muri Bamenya ufite umukundara w’umukara muri Karate, akaba umukinnyi wa filimi, umucuruzi wabyize, umunyamakuru… – AMAFOTO
“Ikintu karate yamfashije, yampaye kwigirira icyizere, ikinyabupfura, gukora cyane, kubaha, kwisanzura no kwirinda, ni byinshi..” Ibi ibitangazwa na Uwase Delphine uzwi nka Soleil muri filime y’uruhererekane yitwa Bamenya, wamaze gutangiza ishuri ry’imikino njyarugamba ryitezweho gutinyura igitsinagore ku bijyanye no kwitabira…
AFCON2022: Kapiteni wa Cameroon yanenze bikomeye Muhamed salah habura amasaha make ngo bahurire muri 1/2
Kapiteni wa Kameruni, Vincent Aboubakar, avuga ko atakanzwe n’imikinire ya Mohammed Salah wo mu Misiri barahangana kuri uyu mugoroba muri 1/2 cy’igikombe cya Afurika. Uyu rutahizamu wa Kameruni, Vincent Aboubakar, yafashe icyemezo cyo kunenga Mohamed Salah habura amasaha make…
Abakobwa: Dore ibintu wakorera umusore agahita agusaba kumubera umugore
Ni kenshi usanga umukobwa akundana n’umusore akabona ko umukobwa bakundana azavamo umugore wa nyawe ushoboye urugo cyangwa akabona atazabishobora bitewe n’imico ndetse imyitwarire amubonaho. Ariko wakwibaza uti ni iki nakora ngo umuhungu tugiye kuzabana agire icyizere ko nzaba umugore ushoboye…