Amataye ya miss Pamella ukundana na The Ben yongeye kunyeganyeza instagram – AMAFOTO
Miss Uwicyeza Pamella ni umwe mu bakobwa bakunze kuvugisha benshi kubera imiterere ye ikurura benshi ndetse bamwe ntibatinye kugaragaza amarangamutima yabo igihe cyose uyu mukobwa ashyize ifoto ye kuri Instagram. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane Miss Pamella yongeye…
Dore ibyo ugomba gukora n’ibyo kwirinda kugirango urinde uruhu rwawe gusaza imburagihe
Kurinda uruhu gusaza, mbere yo kuba watekereza imiti itandukanye n’ibindi bikoreshwa mu kururinda gusaza, hari ibintu bisanzwe ushobora kwikorera ubwawe ukaba warinda bimwe mu bimenyetso byerekana gusaza k’uruhu kuba byatangira kukugaragaraho. Niba nawe uri mu batangiye kubona ibimenyetso byo…
AFCON2022: Senegal yageza ku mukino wa nyuma yivuganye Burkina Faso – Ibihe by’ingenzi byaranze umukino
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu,ikipe ya Senegal yatsinze Burkina Faso ibitego 3-1 kuri Stade Ahmadou Ahidjo i Yaounde ihita ikatisha itike yo kugera ku mukino wa nyuma wa Total Energies Africa Cup of Nations. . Senegal yasezereye Burkina…
Abasore: Dore ibimenyetso simusiga byakwereka ko umukobwa utereta azavamo umugore mubi uzaguhoza ku nkeke n’ibibazo bidashira
Niba uteganya gusaba umukobwa mukundana ko azakubera umugore,mukabana,kumenya niba witeguye koko gushaka ni icya kabiri cyo gutsinda urugamba . Ugomba ariko kumenya niba umukobwa mukundana muzabana rugakomera,urugo rwanyu ukarugiriramo ibyishimo n’umunezero. Urukundo rwonyine ntiruhagije kugira ngo wiyemeze gushaka umugore…
Harahiye: Reba uburanga bwa Kazeneza Mercie ushyikiwe cyane n’ibyamamare muri MissRwanda2022 – aMAFOTO
Ibigwi bya Kazeneza Marie uri mu bakobwa 9 bahagarariye intara y’Uburengerazuba bari gushakwamo Nyampinga w’u Rwanda 2022 ,ubitse n’ikamba rya Kaminuza ya UTB ikamba amaranye Itandatu. Uyu mukobwa usanzwe atuye mu Mujyi wa Kigali, asubiye guhatana mu marushanwa y’ubwiza…
Sankara yikomye Ubushinjacyaha avuga ko bwamubeshye nyamara we yarubahirije ibyo basezeranye byose
Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ubujurire kudaha agaciro ubusabe bwa Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara na bagenzi be bifuza kongera kugabanyirizwa igihano. . Sankara yikomye ubushinjacyaha avuga ko bushaka kumuheza muri gereza kandi agapfa atarongoye ihogoza rye. . Sankara avuga ko yari…
MissRwanda2022: Umukobwa yaciye ibintu nyuma yo gutangira kwiyamamaza ataremerwa kwinjira mu marushanwa – AMAFOTO
Ntabwo byari bisanzwe ko abakobwa biga mu mashuri yigisha ubwarimu nayo abonekamo abakobwa bashobora kujya guhatana muri Miss Rwanda, gusa kuri ubu umukobwa witwa Karigirwa Alice wo mu ntara y’Uburasirazuba yatangaje ko yamaze kwiyamamaza, kandi ngo icyizere ni cyose ko…
MissRwanda2022: Yarebye ikijisho akanama nkemurampaka agashinja kwanga nkana umushinga we
Umukobwa witabiriye amajonjora ya Miss Rwanda 2022 mu Ntara y’Uburengerazuba witwa Niyigena Jeannine, mu bakobwa 77 bamaze kunyura imbere y’Akanama nkemurampaka ni we mukobwa rukumbi wagaragaje yaba ku maso no mu mvugo ko atanyuzwe n’imyanzuro yafatiwe. . Ntiyanyuzwe N’imyanzuro Yafatiwe…
Abakobwa: Dore ibyo ugomba kwitondera niba umaze igihe kinini ukundana n’umusore hato bitazarangira mutabanye
Bibaho cyane ko umusore akundana n’umukobwa igihe kirekire nyamara yajya gukora ubukwe ukabona ahise yishakira undi batamaranye kabiri. Menya impamvu 7 zituma abasore batarongora abakobwa baterese imyaka myinshi kugirango witwararike nawe ejo bitazakubaho. . Impamvu Umusore Atabana N’umukobwa Bakundanye Igihe…
Umusifuzi w’iRobo agiye gutangira gukoreshwa mu gusifura umupira w’amaguru
Chelsea iri mu makipe azasuzumirwaho Umusifuzi w’irobo mu mikino y’igikombe cy’Isi cy’Amakipe. Kuva tariki 3 Gashyantare kugeza tariki 12 Gashyantare mu barabu, hateganyijwe imikino y’igikombe cy’Isi cy’Amakipe yatwaye ibikombe iwabo. Ni imikino ihanzwe amaso na benshi…