Zari yagize icyo avuga nyuma yo kwinezezanya n’umusore bivugwa ko bari mu rukundo rushya bikajya ku karubanda – VIDEO
Zari Hassani yagize icyo avuga ku makuru yasakaye avuga ko ari mu rukundo rushya n’umusore witwa GK Choppa bagaragaye binezezanya. Mu ijoro ryo kuwa Mbere tariki 31 Mutarama 2022 hasakaye amafoto ya Zari n’amashusho ari kwinezezanya n’umusore witwa GK…
Guinea Bissau: Haburijwemo Coup d’Etat yiciwemo abantu benshi
Perezida wa Guinée-Bissau avuga ko igerageza ryo guhirika ubutegetsi muri iki gihugu cyo muri Afurika y’uburengerazuba ryiciwemo abashinzwe umutekano benshi. Umaro Sissoco Embaló yavuze ko ibintu byasubiye mu buryo, anavuga ko ibyabaye ari “igitero cyapfubye cyagabwe kuri demokarasi”. …
Diamond Platinumz yaba yambitse impeta Zuchu ndetse ubukwe buri mu byumweru 2
Nyuma y’iminsi havugwa ikibatsi cy’urukundo hagati ya Diamond na Zuchu n’ubwo muri bo ntawe uremeza aya makuru ku mugaragaro. Ubu noneho ibintu byafashe indi ntera nyuma y’aho nyina wa Diamond na mubyara w’iki cyamamare witwa Romy Jons baciye amarenga y’ubukwe…
Niba umukobwa agukorera kimwe muri ibi bintu 5 kurayo amaso kuko nta mukobwa ubikorera umusore akunda by’ukuri
Gukunda no gukundwa ni byiza kuko bizana umunezero mu bakundana iyo byabahiriye. Ariko wabwirwa n’iki ko agukunda by’ukuri cyangwa ko akubeshya agukurikiranyeho izindi nyungu? Menya ibintu umukobwa ugukunda bya nyabyo atazigera akora kuko agukunda koko. Ntibyoroshye kuba wahita umenya…
Sobanukirwa ibintu 6 byagufasha kubaka urukundo rwa Nyarwo ugatandukana no guhora ufite ubwoba ko uwo mukundana azaguta
Abantu benshi bibeshya ku bintu bitandukanye bashobora guha abakunzi babo kugira ngo babashimishe ndetse banubake urukundo nyarwo hagati yabo n’abakunzi babo aho usanga bamwe bishuka ko amafaranga menshi cyangwa imitungo aribyo bishobora kuryoshya urukundo rw’abakundana ariko mbakuriye inzira ku murima…
Umusore yahuye n’uruva gusenya ubwo yageragezaga kwambikira umukunzi we impeta mu rusengero – AMAFOTO
Umusore yahuye nuruva gusenya ubwo yatunguraga umukunzi we barikumwe murusengero ashaka kumwambika impeta amusaba ko yazamubera umugore. Ibi byabereye murusengero ruherereye muri Kenya nkuko tubikesha ikinyamakuru Nairobi News. Umusore yatunguye umukunzi we atera ivi ashaka kumwambika impeta murusengero…
Rayon Sports yerekanye abakinnyi 3 bashya iheruka gusinyisha harimo n’umunya-Cameroon DINDJEKE
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 01 Gashyantare 2022,Rayon Sports yerekanye abakinnyi bashya yasinyishije barimo rutahizamu Mael DINDJEKE ukomoka muri Cameroun. Mael Dinjeke yasinye muri Rayon Sports nyuma yo kumara ibyumweru bibiri mu igeragezwa, ashimwa n’abatoza. Avuye muri PWD…
Abakobwa: Niba umusore mukundana yujuje ibi bintu 7 ntuzabe umwana ngo agucike
Abakobwa bose baba bifuza kuzagira urugo ruzira ikinegu ariko bakagira imbogamizi yo kutamenya ibyo wagenderaho uhitamo umusore wakubera umugabo ukwizihiye. Hari ibintu 7 wagenderaho ukamenya ko umusore runaka yazakubera umugabo mwiza nk’ uko ubyifuza. Niba umusore mukundana yujuje ibi…
Real Madrid izahemba Mbappe akayabo kazatuma aba uwa mbere uhembwa menshi ku isi
Nk’uko amakuru abitangaza, Ikipe ya Real Madrid yemeye kwishyura Kylian Mbappe umushahara w’ibihumbi 800,000 by’amapawundi buri cyumweru ubwo azaba ayerekejemo mu mpeshyi. Uyu mukinnyi w’icyamamare ukinira Paris Saint-Germain, yanze kongerera amasezerano mashya iyi kipe kugira ngo yerekeze muri Real…
Aubameyang yaguzwe na FC Barcelone nyuma yo kujugunywa na Arsenal yari abereye Kapiteni
Pierre-Emerick Aubameyang yerekeje muri Barcelona nk’umukinnnyi utari ugifite amasezerano nyuma yo kuva muri Arsenal, kugenda kwe bikaba byitezwe gutangazwa ku mugaragaro kuri uyu wa kabiri. Uyu rutahizamu ukomoka muri Gabon, w’imyaka 32, yasinye amasezerano ku wa mbere nijoro. …