Month: February 2022

Perezida wa Ukraine yasabye ikintu gikomeye Abanyamerika bashakaga kumuhungisha

Share this:

Intambara u Burusiya bwashoje kuri Ukraine yakomeje ku munsi wa gatatu, aho abaturage b’i Kyiv bakomeje kwihagararaho barinda Umurwa Mukuru wabo.   Perezida Zelensky yanze ubusabe bwa Amerika bwo kumuhungisha, avuga ko ‘aho kumuha imodoka imuhungisha bamuha intwaro’.   Ku…

Share this:

Perezida wa Ukraine yagize icyizere kiraza amasinde. Dore impamvu Biden adashobora kohereza ingabo kurwanya Uburusiya

Share this:

Perezida Joe Biden yashyize umuhate uboneka muri diplomasi mu kurwanya ibitero byari byugarije by’Uburusiya kuri Ukraine.   Ubutegetsi bwe bwakomeje kuburira ko Uburusiya bugiye gutera – kandi buvuga ko ibyo bizahungabanya uko isi yifashe, bwagiye buburira kandi ko Uburusiya buzabona…

Share this:

Ubwoko 4 bw’abakobwa n’icyo abasore basabwa mu gukundana nabo

Share this:

Umwe mu banyamakuru bamenyekanye cyane mu biganiro bijyanye n’ubuzima bw’imyorokere uzwi nka Emma Claudine, yatangaje ubwoko butandukanye bw’abakobwa n’icyo umusore yakora kugirango abigarurire.   1. Princess Girl (Umukobwa winyuraho) Uyu ni umukobwa wiyitaho, akita cyane ku kuntu asa, uko aza…

Share this:

Bagiye gushyingura basanga umurambo wakuweho ubugabo.Ibyakurikiyeho ni agahomamunwa

Share this:

Umuhango wo gushyingura i Daveyrown, muri Afurika yepfo, wahagaritswe nyuma y’umuryango wamenye ko umuhungu wabo wa nyakwigendera yabuze ibicebimwe na bwimwe n’imwe mu myanya y’ibanga byabuze.   Uyu muryango wavugaga ko umurambo w’umuhungu wabo waciweho ibyo nice kandi bikajyanwa igihe…

Share this:

Umunyarwanda urimo kugenda ahinduka umuzungu akomeje gutera benshi agahinda

Share this:

Bavuga ko umubiri ubyara udahatse ,nibyo byabaye kuri uyu mugabo ukomeje kwibaza ibiri kumubaho aho umubiri we ugenda wereruka akamera nk’abazungu kandi yaravutse afite uruhu rusanzwe ndetse ngo ibi byamufashe ari mukuru yaranashatse umugore. Yitwa Kajangwe Josefu Umubyeyi utuye mu…

Share this:

Perezida wa Ukraine yatangaje uko urugamba ruhagaze mu magambo yuzuyemo kwiheba

Share this:

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yatangaje ko mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, ingabo z’u Burusiya zatangiye kurasa ibisasu ku Murwa Mukuru w’iki Gihugu Kyiv. Yasabye Abanya-Ukraine gukomeza gukomera no kwirwanaho, anenga ibihugu bikomeye ko bikomeje kureberera.   Perezida…

Share this:

Ukraine: Umukecuru akomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera uburyo yahanganyemo n’abasirikare b’Uburusiya

Share this:

Umugore w’intwari w’umunya Ukraine,ari guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera ukuntu yahanganye n’abasirikare b’Abarusiya bari bitwaje imbunda nyinshi binjiye mu gihugu cye,ababwira ko ashaka kumenya icyo bakora mu gihugu cye.   Mu mashusho magufi yashyizwe hanze,uyu mugore yumvikanye abaza abasirikare…

Share this:

Uburusiya bwaramutse bumisha ibisasu karahabutaka ku murwa mukuru wa Ukraine

Share this:

Kuri uyu wa gatanu, ku munsi wa kabiri w’intambara itaherukaga Iburayi mu myaka mirongo ishize, mu murwa mukuru Kyiv wa Ukraine hongeye kuraswa ibisasu bya misile by’ingabo z’Uburusiya.   Amakuru avuga ko uretse ibisasu byarashwe hari n’indege y’intambara y’Uburusiya yahanuwe…

Share this:

Hatangajwe impinduka ku mukino uzahuza Rayon Sports na APR FC kuri uyu wa Gatandatu

Share this:

Umukino uzahuza amakipe y’amakeba hano mu Rwanda wamaze kuzamo impinduka ku gihe wagombaga kuzabera.   Uyu mukino wari uteganyijwe kuba kuwa Gatandatu tariki 26 Gashyantare saa cyenda z’umugoroba, ubu wamaze guhindurirwa amasaha wari kuzaberaho nkuko ikipe ya Rayon Sports yabitangaje…

Share this:

Yashizemo umwuka kubera ibyishimo nyuma yo kumenya ko yakuriweho igihano cy’urupfu yari yarakatiwe

Share this:

Akbar wo mu gihugu cya Iran wari yarakatiwe nurukiko igihano cyurupfu akaza kubabarirwa, biravugwako yapfuye yishwe nibyishimo bidasanzwe yagize akimara kubabarirwa.  . Yishwe n’ibyishimo kubera kubabarirwa igihano cy’urupfu yari yakatiwe . Yapfuye yishimira ko yakuriweho igihano cy’urupfu Uyu mugabo yakatiwe…

Share this: